Myugariro usengimana Faustin wamenyekanye mu makipe akomeye hano mu Rwanda arimo Rayon Sports na APR FC mbere yo kwerekeza muri Buildcon yo muri Zambia yamaze gutangaza igihe azakorera ubukwe...
Umusore uvangavanga umuziki uzwi ku izina rya Dj Hero yakubiswe n’abaturage bari bagiye kubyina mu kabyiniro, nyuma yo gucuranga indirimbo zo muri Afurika...
Umupasiteri witwa James Mwale uzwi nka Prophet Yakobo Yakobo ukuriye itorero rya Ndola Restoration Apostolic Pentecostal Church International muri Zambia,yafatiwe mu modoka ye ari gukorakora...
Umugabo witwa Maybin Mbuzi ukomoka mu gace kitwa Katete muri Zambia yatwitswe na buji umutwe we wose,ubwo yabisabwaga n’umuhanuzi wamubwiye ko ari kwirukana amadayimoni...
Umugabo ukomoka muri Zambia yatunguye benshi ubwo yinjiraga mu isoko ryitwa kyawama riherereye mu mujyi wa Solwezi,yitera icyuma mu nda,abitewe n’umukunzi we yasanze mu gitanda ari gusambana...
Umuhanuzi ukomeye mu mujyi wa Lusaka muri Zambia witwa John Ngulube w’imyaka 32,yakubiswe bikomeye n’abayoboke be,nyuma yo gufatirwa mu rusengero yambaye ubusa,ari gusambanya umugore w’umuturanyi...
Umugore witwa Mable Kantumonya w’imyaka 34 ukomoka mu mujyi wa Lusaka mu gihugu cya Zambia yatawe muri yombi na polisi nyuma yo kumusangana imirambo 12 y’mpinja iri mu ibasi yuzuye...
Umugore ukomoka mu mujyi wa Lusaka muri Zambia,yakoze amahano ubwo yafataga umugabo we ari kumuca inyuma,aramukubita amugira intere arangije aramunyarira,abantu bari gufata...
Umukozi wo mu rugo witwa Emmelia, ukomoka muri Zambia yaguwe gitumo ari guteka ibiryo yari kugaburira shebuja akoresheje inkari,avuga ko yabitegetswe na nyina yitabaje amusaba kumufasha ngo...
Umusore w’imyaka 21 y’amavuko wo muri Zambia yatunguye abantu nyuma yo gusangiza inshuti ze zo ku rubuga rwa facebook ko ashaka gupfa bakamukwena, nyuma y’akanya gato bakabona amafoto acicikana ari...
Mu bihugu 8 Igikomangoma Harry n’umukunzi we Meghan bashobora kuriramo ukwezi kwa buki nubwo nta gihamya ntakuka yemeza aya makuru biyobowe n’u Rwanda hagakurikiraho Barbados, Hawaii, Turkey,...
Minisitiri w’umuco na siporo madamu Uwacu Julienne yatangije ku mugaragaro irushanwa rya Mountain Gorilla Rally ku munsi w’ejo taliki ya 07 Nzeri 2017,,irushanwa ritangira mu Rwanda kuri uyu wa...
Umugabo wo mu gace kitwa Mtendere kari mu nujyi wa Lusaka muri Zambia yafatanye n’umugore w’abandi yari ari gusambanya none baheze mu bitaro by’ako gace kubera kubura akayabo baciwe n’ushaka...
Umwe mu baririmbyi ba Africa bakunzwe cyane kurusha abandi, Tshala Muana, wapfuye mu cyumweru gishize ku myaka 64, yari azwi byombi ku ijwi ryiza no ku mbyino zateje imyigaragambyo no gusaba ko...
Umukinnyi w’Umunyarwanda wakiniye amakipe akomeye hano mu Rwanda Nizeyimana Mirafa yakoze ubukwe n’umukunzi we Dos Santos nyuma y’imyaka itatu bari mu munyenga...
Ikipe y’igihugu Amavubi izahura na Guinea yayoboye itsinda rya D mu mikino ya ¼ cy’irangiza mu mikino ya CHAN 2020 mu mukino uzaba ku cyumweru saa tatu z’ijoro.
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutangaza abakinnyi 24 izakoresha mu mwaka w’imikino wa 2020/2021 barimo Bashunga Abouba waherukaga gusinyira Mukura VS na Sugira Ernest byavugwaga ko...
Mu rubanza rwa Callixte Nsabimana uzwi nka ’Sankara’ rwakomeje uyu munsi ku wa kane, we n’abaregera indishyi basabye ko urubanza rwe ruhuzwa n’urwa Paul Rusesabagina, uherutse kugezwa mu...
Myugariro Rutanga Eric yaraye asezeye ku bafana ba Rayon Sports bamubaye hafi mu myaka 2 yari ayimazemo yitwara neza cyane ko yari avuye mu ikipe ya APR FC yarasharirriwe n’intebe...