Kapiteni Mwila Chansa wo mu ngabo za Zambia yemerewe kurera bigoranye umwana yahuye na we bwa mbere ubwo yari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bw’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) muri...
Hon. David Mabumba wari minisitiri w’Uburezi mu gihugu cya Zambia yirukanwe ku mirimo ye nyuma y’amashusho yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga yamugaragaje ari kwikinisha yambaye...
Nsabima Callixte uzwi kandi nka Sankara uyu munsi ku wa mbere yatangiye kwiregura ku byaha aregwa aho yavuze ko mu bitero umutwe wa FLN wagabye ku Rwanda babifashijwemo na Perezida Edgar Lungu wa...
Umuhanzi Mico The Best uri mu bakunzwe mu Rwanda mu njyana ya Afrobeat,yaraye ashyize hanze amashusho y’indirimbo yitwa ‘Circle’ yafatanyije n’umuhanzi wo muri Zambia witwa B Flow nawe ukunzwe cyane...
Leta ya Zambia yahagaritse by’ agateganyo iminsi 30 abadepite 48 bo mu ishyaka UPND ritavuga rumwe n’ ubutegetsi kubera kwanga gutega amatwi ijambo rya Perezida wa Zambia Edgar Lungu.
Abo...
Perezida wa Zambia uri ku butegetsi muri iki gihe yavuze ko amatora rusange arimo n’aya perezida yabaye ku wa kane "atakozwe mu bwisanzure no mu mucyo".
Perezida wa Zambia,Edgar Lungu,kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 26 Nzeri yiriwe mu birori byo gushyingira umukobwa we witwa Tasila Lungu washyingiranwe n’umukunzi we Patrick...
Umunyamabanga wihariye wa Perezida wa Zambia avuga ko ubutegetsi bw’iki gihugu buri kuvugana n’ubw’u Rwanda ku byavuzwe mu rukiko na Nsabimana Callixte ’Sankara’, uyu yavuze ko inyeshyamba za FLN...
Muri Zambia umuhanzi witwa Brian Bwembya n’umufotozi Tukuta Chellah basabwe gusaba imbabazi Perezida w’icyo gihugu Edgar Lungu nyuma yo kumunenga ku mbuga nkoranyambaga na Guverinoma ye bitarenze...
Abagore 11 bakomoka mu karere ka Serenje mu gihugu cya Zambia bari mu gahinda kenshi ko kuba barabuze abagabo ariyo mpamvu bitabaje Radio yo muri aka gace ibatangira itangazo ibamenyeshereza...
Roberto uri mu bahanzi bakomeye muri Zambia wamamaye cyane mu ndirimbo “Amarula” akamenyekana cyane mu Rwanda mu ndirimbo yakoranye na Butera Knowless bise “Te amo” akaba ari no mu myiteguro yo kuza...
Umuhanzi Mico The Best uri mu bayoboye mu Rwanda mu njyana ya ya Afrobeat,yakoranye indirimbo n’umuhanzi wo muri Zambia witwa B Flow,mu rwego rwo kuzamura umuziki we ku rwego...
Umuririmbyi Koffi Olomide wo muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo w’icyamare mu njyana ya rhumba, yangiwe kwinjira mu gihugu cya Zambia kubera ibirego byinshi aregwa muri iki gihugu...