Umunyamakuru akaba n’umuhanzi Uncle Austin yatangaje ko abatekereza ko kuba umunyamakuru bimufasha kuzamuka no gukura k’umuziki we bibeshya, kuko kuba umunyamakuru bimwicira umuziki...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Mbere, COVID-19 yahitanye abantu 9 mu Rwanda, bituma abamaze gupfa bagera kuri 479.Ababuze ubuzima bwabo barimo abagore bane b’imyaka 82 (i Kigali), 76...
Nsabimana Callixte wakoresha izina rya Sankara mu gisirikare cya FLN,yavuze ko ibitero byagabwe ku butaka bw’u Rwanda muri 2018 na 2019 n’abarwanyi bawo byatangiye gutegurwa na Paul Rusesabagina...
Rutahizamu wa Liverpool na Senegal, Sadio Mane, yongeye gukora iby’intwari nyuma yo gufungura ku mugaragaro ibitaro yatanze inkunga y’arenga ibihumbi 450 by’Amapawundi mu kubyubaka mu gace avukamo...
Ibitero byaraye bikozwe n’abiswe abajura mu ntara ya Muramvya biri gushinjwa umutwe w’iterabwoba aho amakuru aturuka mu Burundi avuga ko ibi byakozwe n’umutwe urwanya leta y’u Rwanda wa...
Ubushakashatsi buheruka gukorwa na Durex bwagaragaje ko ibihugu birimo Uganda na Cameroon biri mu biza imbere mu kugira abaturage babyara cyane kurusha ibindi kuri uyu...
Ikipe y’igihugu ya Maroc mu mupira w’amaguru,ibaye iya kabiri nyuma ya RDC yegukanye igikombe cy’Afurika cy’abakina imbere mu gihugu CHAN nyuma yo gutsinda Mali ku mukino wa nyuma ibitego...
Ikipe ya Maroc yari mu itsinda rimwe n’u Rwanda ikananirwa kurutsinda,yageze ku mukino wa nyuma yandagarije Cameroon imbere y’abakunzi bayo aho yabatsinze ibitego 4-0 mu gihe Mali nayo yageze ku...
Ikipe y’igihugu “Amavubi” ntiyashoboye kugera ku nzozi yari ifite yo kugera muri ½ cy’irangiza cy’imikino ya CHAN 2020 kuko yatsinzwe na Guinea igitego 1-0 mu mukino wa ¼ cy’irangiza wabereye ku kibuga...
Leta y’u Rwanda yasohoye itangazo rivuga ko kubuza abagenzi bavuye mu Rwanda kujya mu Bwongereza ari umwanzuro "udashingiye kuri siyansi".
Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Guverinoma y’u...
Abanyarwanda batuye mu mujyi wa Kigali bataherukaga gushimishwa n’Amavubi,bakozwe ku mutima n’ukuntu yatsinze Togo ibitego 3-2 niko kwirara mu mihanda mu kivunge bishimira intsinzi bashyira ubuzima...
Ikipe y’igihugu “Amavubi”yongeye gushimisha Abanyarwanda nyuma yo gukatisha itike ya ¼ cy’irangiza mu mikino ya CHAN 2020 itsinze Togo ibitego 3-2 mu mukino wabereye mu mujyi wa Limbe muri...
Ikipe y’igihugu "Amavubi" yageze mu mujyi wa Limbe ivuye Douala aho izakina umukino wa nyuma wo mu tsinda rya C na Togo kuwa Gatatu w’icyumweru gitaha.
Lt.Colonel Butera Didier wahoze ari umukinnyi wa Mukura Victor Sport mu 1994 ubu akaba yari umujyanama mu bya gisilikare mu mutwe w’inyeshyamba za CNRD/FLN, yishwe arashwe n’ingabo za congo FARDC...
Ikipe y’igihugu "Amavubi" igiye gukina imikino 2 ya Gicuti na Namibia ndetse na Congo Brazzaville mu kwitegura CHAN 2020 izabera muri Cameroon kuva Tariki ya...
Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo haravugwa ibiti by’umutuku bivanwa mu Murenge wa Maringa, muri Teritwari ya Kasongo mu Ntara ya Maniema, aho binyura muri Kivu y’Amajyepfo ngo...
Uyu munsi nibwo habayeho ihererekanyabubasha hagati ya Komite y’inzibacyuho ya Rayon Sports yacyuye igihe iyobowe na Murenzi Abdallah na komite nshya iyobowe na Uwayezu Jean...