Abakora akazi ko kwigurisha bakunze kwitwa ’indaya’ bari gufasha leta gukurikirana abantu bashobora kuba baranduye coronavirus nyuma y’uko muri iki gihugu habonetse abantu bashya banduye mu mujyi...
Uwari Perezida wa Zambia,Edgar Lungu,wasimbuwe na Hakainde Hichilema yamaze kuva mu nzu za Leta ziturwamo umukuru w’igihugu aho yagiye gukodesha inzu hanze iyi ikaba iy’umukinnyi wahoze akinira...
A woman has divorced her husband after he sponsored her to school from Grade 9 to University level. When asked by the court why she was divorcing her husband ‘Vincent’, Maria Tembo said she was no...
Kompanyi y’indege ya leta y’u Rwanda,Rwandair, yatangaje ko kuva uyu munsi kuwa mbere ihagaritse by’agateganyo ingendo zijya i Johannesburg, Lusaka na Harare kubera ubwoko bushya bwa...
Perezida mushya wa Zambia,Hakainde Hichilema, yashyizeho abayobozi bashya mu gisirikare na Polisi, by’umwihariko muri polisi yahinduye abakomiseri bose, mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ibyo...
Edgar Lungu yahoze ari Perezida wa Zambia arashinja leta y’iki gihugu ko irimo kumuhohotera,nyuma y’aho umugore we atangiye gukorwaho iperereza.
Esther Lungu yahamagajwe n’ikigo gishinzwe kurwanya...
Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema uri mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwa Kigali ruri ku Gisozi.
Perezida Hakainde yatangiye...
Ibrahim Raisi uyobora Iran azasura Uganda mu minsi ibiri iri imbere. Azabanza gusura Kenya akurikizeho Uganda azakomereze muri Zambia.
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga...
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 21 Gashyantare 2018 Perezida Paul Kagame yakiriye mugenzi we Zambia, Edgar Lungu watangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda
Zambia n’ u Rwanda bifitanye umubano...
Ikipe ya APR FC izahura na Nkana FC yo muri Zambia mu ijonjora rya mbere rya CAF Champions League mu gihe Mukura VS yo izahura na Free states Stars yo muri Africa y’Epfo isanzwe ikinamo Kwizera...
Uwiyita umukozi w’Imana mu gihugu cya Zambia yafotowe mu rusengero ari guha abakiristo be inzoga na sosiso abizeza ko ari umuti nk’uko ikinyamakuru Zambianews365...
Oliver Chirwa, umugabo w’imyaka 37 y’amavuko wo mu Karere ka Lundazi mu Ntara y’Iburasirazuba muri Zambiya, avuga ko abana be bose bafite ijisho rito ry’ibumoso ugereranije n’iry’iburyo kimwe...
Umuganga wo mu gihugu cya Zambia witwa Juliet Muuka yagaragaye ku musozi yarwaye uburwayi bwo mu mutwe ari kurya imyanda mu bimoteri nyuma y’aho atandukanye n’umugabo w’umuhinzi wamurihiye amashuri...
Umukinnyi w’umunyarwanda ukinira ikipe ya Zanoco FC yo muri Zambia, Nizeyimana Mirafa agiye kurushinga n’inkumi yo muri Portugal aho yamaze no gufata irembo.
Mu mukino yashoboraga gutsinda,ikipe y’igihugu ya RDC yanganyije igitego 1-1 na Zambia bituma idashimisha abatuye muri EAC bari bayishyigikiye cyane ko bari bamaze gutenguhwa na Tanzania yanyagiwe...
Ku kigamunsi cyo kuri uyu wa Kane abakuru b’ ibihugu batandukanye bakiriwe ku kibuga cy’ indege I Kanombe; bategereje kwitabira ibirori byo kurahira kwa mugenzi wabo Perezida w’ u Rwanda Paul...
Urukiko rw’itegekonshinga rwa Zambia ku wa gatanu rwemeje ko Perezida Edgar Lungu ashobora kwiyamamaza mu matora ya perezida ateganyijwe mu mwaka wa 2021.
Umukozi wo mu rugo wo mu mujyi wa Lusaka muri Zambia witwa Cheelo Hamamba,yakoze amahano asiga umwana w’amezi 10 w’abakoresha be mu musarani,arangije ahasiga urwandiko rubabwira ko yabikoze kubera...