Raporo yashyizwe ahagaragara n’Urwego Rushinzwe Umutekano imbere muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaje ko abakozi b’Ibiro by’Ubutasi by’u Burusiya binjiye mu ikoranabuhanga ryakoreshejwe mu...
Kuwa Gatatu w’iki cyumweru, abantu 3 bo mu gace ka Juka gaherereye mu karere ka Amuru muri Uganda basize ubuzima mu mirwano itoroshye y’abapfaga amasambu, mu gihe abandi bagera kuri 21 bakomeretse...
Ndabizi abantu beshi bagiye gutangazwa n’urutonde rwasohotse uyu mwaka kuko beshi bamenyereye ko Kaminuza ya Harvard yo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika ariyo iza imbere ariko ubu urutonde rwamaze...
Jelena Ostapenko yaraye akoze amateka mu mikino ya Roland Garros iri kubera I Paris aho yaciye uduhigo 4 dutandukanye kuri uyu wa gatandatu ubwo yatwaraga iki gikombe atsinze umunya Roumania...
Turi tariki ya 15 Kamena, ni umunsi w’ 166 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 199 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Ibyaranze uyu munsi mu mateka
• -763: Abassyriens bafashe neza...
Turi tariki ya 16 Kamena, ni umunsi w’167 mu minsi 365 igize uyu umwaka, iminsi 198 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo.
Bimwe mu byabaye kuri uyu munsi mu mateka
• 1779: Igihugu cya...
Mu gihe dusigaje amezi 12 kugira ngo twihere ijisho igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha wa 2018 kuri ubu ikigezweho ni irushanwa rigiye guhuza amakipe yatwaye ibikombe kuri buri...
Kongere y’ ishyaka FPR inkontanyi kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Kamena 2017, yemeje ko Paul Kagame ariwe uzarihagarira mu matora ya Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda ateganyijwe muri Kanama....
Thabo Mbeki wabaye Perezida wa Afurika y’Epfo ari mu bihangange byavutse kuri iyi taliki
Turi tariki ya 18 Kamena, ni umunsi w’169 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 196 uyu mwaka ukagera ku...
Shah Gul Mazari umwana w’imyaka 9 wo mu gihugu cya Pakistani yarwaye indwara yatumye inda ye ibyimba ku buryo budasanzwe ndetse ku buryo agaragara nk’umugore utwite.
Uyu mwana Shah wo mu gihugu...
Mu gihe hasigaye iminsi 45 ngo Abanyarwanda binjire mu matora y’ umukuru w’ igihugu agiye kuba ku nshuro ya gatatu nyuma ya jenoside yakorewe abatutsi, komisiyo y’ amatora iravuga ko yamaze...
Tariki ya 19 Kamena, ni umunsi w’ 170 mu minsi 365 igize uyu mwaka, iminsi 195 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu byabaye kuri uyu munsi mu mateka
1269: Umwami Louis IX w’u...
Mu byaranze uyu munsi mu mateka harimo, ivumburwa ry’ikibuye cyagwiriye isi cya Eureka ndetse n’ivuka ry’ikirangirire mu mupira w’amaguru. Turi ku wa ka Kabiri tariki ya 20 Kamena, ni umunsi w’171 mu...
Abantu batari munsi y’ ibihumbi bitatu na magana atatu(3300) nibo bamaze gutakariza ubuzima mu bikorwa by’ ubugizi bwa nabi birimo kubera mu ntara ya Kasaï mu gihugu cya Repubulika ya Demukarasi ya...
Muneza Christopher wiyise ‘Topher’ yamaze gutangaza ko atemeranya n’ibyakozwe n’abagize akanama nkemurampaka muri Guma Guma bamushyize ku mwanya wa kabiri mu gihe yabonaga yari akwiye kwegukana iri...