skol
Kigali

Search: Zari (2903)

Raporo yagaragaje ko u Burusiya bwivanze mu matora y’ Amerika

Raporo yashyizwe ahagaragara n’Urwego Rushinzwe Umutekano imbere muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaje ko abakozi b’Ibiro by’Ubutasi by’u Burusiya binjiye mu ikoranabuhanga ryakoreshejwe mu...
9 June 2017 1476 0

Uganda: Batatu baguye mu mirwano bapfa ubutaka abandi benshi barakomereka

Kuwa Gatatu w’iki cyumweru, abantu 3 bo mu gace ka Juka gaherereye mu karere ka Amuru muri Uganda basize ubuzima mu mirwano itoroshye y’abapfaga amasambu, mu gihe abandi bagera kuri 21 bakomeretse...
9 June 2017 1208 0

Reba urutonde rwa kaminuza 10 za mbere ku isi muri uyu mwaka aho izwi nka Havard yasubiye inyuma(AMAFOTO)

Ndabizi abantu beshi bagiye gutangazwa n’urutonde rwasohotse uyu mwaka kuko beshi bamenyereye ko Kaminuza ya Harvard yo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika ariyo iza imbere ariko ubu urutonde rwamaze...
11 June 2017 6585 0

Tennis: Umunya Latvia w’imyaka 20 yaraye akoze amateka I Paris(AMAFOTO)

Jelena Ostapenko yaraye akoze amateka mu mikino ya Roland Garros iri kubera I Paris aho yaciye uduhigo 4 dutandukanye kuri uyu wa gatandatu ubwo yatwaraga iki gikombe atsinze umunya Roumania...
11 June 2017 940 0

Ikirango cy’ Ishyaka rya Dr Frank Habineza cyakemanzwe

Komisiyo y’ igihugu y’ amatora yakemanze ikirango cy’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije (DGPR) ivuga ko icyo kirango gishobora kuba gihuje amabara n’ idarapo ry’ u Rwanda. Ku...
13 June 2017 3648 0

Musanze: Ubujura bwiganjemo abana bato bwugarije abatuye mu isantere ya Byangabo

Ubujura bwiganjemo abana bakiri bato bwugarije abaturage batuye mu isantere ya Byangabo iherere mu Karere ka Musanze cyane cyane abayicururizamo. Nk’uko bitangazwa n’abatuye muri iyi santere ya...
14 June 2017 976 0

Taliki 15 Kamena: Isomere ibyaranze uyu munsi mu mateka birimo n’ishingwa rya UEFA n’urupfu rw’uwatangije...

Turi tariki ya 15 Kamena, ni umunsi w’ 166 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 199 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Ibyaranze uyu munsi mu mateka • -763: Abassyriens bafashe neza...
15 June 2017 600 0

Taliki 16 Kamena: Mu byaranze uyu munsi mu mateka harimo n’irokorwa ry’abatutsi 2000 barokowe n’Inkotanyi muri Saint...

Turi tariki ya 16 Kamena, ni umunsi w’167 mu minsi 365 igize uyu umwaka, iminsi 198 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo. Bimwe mu byabaye kuri uyu munsi mu mateka • 1779: Igihugu cya...
16 June 2017 1190 0

Musanze: Imiti gakondo ya miliyoni zisaga 35 yangijwe amavuriro gakondo arafungwa

Ubuyobozi w’ akarere ka Musanze bwafunze amavuriro gakondo yose yahakoreraga bitewe n’ uko bwagenzuye bugasanga nta vuriro gakondo na rimwe rifite ibyangombwa, bunangiza imiti gakondo ifite agaciro...
16 June 2017 2947 0

Byinshi ukwiye kumenya ku gikombe cya FIFA Confederations Cup gitangira kuri uyu wa Gatandatu

Mu gihe dusigaje amezi 12 kugira ngo twihere ijisho igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha wa 2018 kuri ubu ikigezweho ni irushanwa rigiye guhuza amakipe yatwaye ibikombe kuri buri...
16 June 2017 1443 0

Ishyaka PDC naryo ryatangaje ko rizashyigikira Paul Kagame mu matora

Umuyobozi w’ Ishyaka Riharanira Demokarasi ihuza Abanyarwanda (PDC) yashimangiye ko nta mukandida wundi iri shyaka ryatanga mu matora y’Umukuru w’igihugu muri Kanama 2017 atari Paul Kagame....
17 June 2017 711 0

Zimbabwe: Perezida Mugabe yagiriwe inama yo kwandika igitabo ku buzima bwe aho kwirushya arwanira...

Uwahoze ari minisitiri w’intebe wungirije wa Zimbabwe, Arthur Mutambara, yabaye nk’ukoma mu nkokora ishyaka rya Zanu-PF riri ku butegetsi abwira abayoboke baryo, niba bamukunda koko, gufasha...
17 June 2017 590 0

Bidasubirwaho Paul Kagame niwe uzahagararira ishyaka FPR mu matora

Kongere y’ ishyaka FPR inkontanyi kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Kamena 2017, yemeje ko Paul Kagame ariwe uzarihagarira mu matora ya Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda ateganyijwe muri Kanama....
17 June 2017 1005 0

Taliki 18 Kamena: Isomere ibyaranze uyu munsi mu mateka

Thabo Mbeki wabaye Perezida wa Afurika y’Epfo ari mu bihangange byavutse kuri iyi taliki Turi tariki ya 18 Kamena, ni umunsi w’169 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 196 uyu mwaka ukagera ku...
18 June 2017 1391 0

Imiterere y’inda yuyu mwana w’imyaka 9 ikomeje gutera abantu impungenge binavugwa ko barebye nabi ishobora...

Shah Gul Mazari umwana w’imyaka 9 wo mu gihugu cya Pakistani yarwaye indwara yatumye inda ye ibyimba ku buryo budasanzwe ndetse ku buryo agaragara nk’umugore utwite. Uyu mwana Shah wo mu gihugu...
19 June 2017 5091 0

Umukecuru w’imyaka 59 yatakaje ibiro 30 mu gihe cy’amezi 10 kubera siporo akora

Carolyn Broomfield ni umukecuru w’imyaka 59. Nyuma yo kureka ibirahuri bitatu by’agasembuye yanywaga buri mugoroba, akayoboka imyitozo ngororamubiri ya Gym yahise atakaza ibiro 30 mu gihe kitagera...
19 June 2017 2862 0

Umubare w’ abazatora Perezida wiyongereyeho abarenga miliyoni n’ ibihumbi 100

Mu gihe hasigaye iminsi 45 ngo Abanyarwanda binjire mu matora y’ umukuru w’ igihugu agiye kuba ku nshuro ya gatatu nyuma ya jenoside yakorewe abatutsi, komisiyo y’ amatora iravuga ko yamaze...
19 June 2017 562 0

Ibyaranze tariki 19 Kamena harimo ikurwaho ry’ ubucakara muri Amerika

Tariki ya 19 Kamena, ni umunsi w’ 170 mu minsi 365 igize uyu mwaka, iminsi 195 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Bimwe mu byabaye kuri uyu munsi mu mateka 1269: Umwami Louis IX w’u...
19 June 2017 2033 0

Ubuhamya: Yasambanye na benshi agashakana n’ isugi none aragisha inama

Umusomyi w’ Ikinyamakuru Umuryango yatwandikiye abicishije kuri E-Mail yacu maze aduha ubuhamya bw’ibyo yahuye nabyo mu busore bwe ndetse anagisha ’inama kuko byamunaniye kuba yabireka. Umugabo...
19 June 2017 25136 0

Ibyaranze tariki 20 Kamena mu mateka harimo ivuka ry’ icyamamare Frank Rampard

Mu byaranze uyu munsi mu mateka harimo, ivumburwa ry’ikibuye cyagwiriye isi cya Eureka ndetse n’ivuka ry’ikirangirire mu mupira w’amaguru. Turi ku wa ka Kabiri tariki ya 20 Kamena, ni umunsi w’171 mu...
20 June 2017 459 0

Abarenga ibihumbi 3 bamaze kwicirwa Kasaï muri Kongo

Abantu batari munsi y’ ibihumbi bitatu na magana atatu(3300) nibo bamaze gutakariza ubuzima mu bikorwa by’ ubugizi bwa nabi birimo kubera mu ntara ya Kasaï mu gihugu cya Repubulika ya Demukarasi ya...
21 June 2017 421 0

Barafinda yavuze impamvu adaherekezwa n’ umugore we iyo agiye gutanga ibyangombwa kuri NEC

Barafinda Ssekikubo Fred ni umugabo wubatse ufite abana 10, akaba n’ umwe muri batandatu batanze kandidatire zabo ku mwanya w’ umukuru w’ igihugu. Yatangaje impamvu inshuro zose yagaragaye kuri...
25 June 2017 6490 0

Christopher ngo ntarambirije kuri Guma Guma, umwanya yegukanye ntawemera

Muneza Christopher wiyise ‘Topher’ yamaze gutangaza ko atemeranya n’ibyakozwe n’abagize akanama nkemurampaka muri Guma Guma bamushyize ku mwanya wa kabiri mu gihe yabonaga yari akwiye kwegukana iri...
26 June 2017 2878 0
0 | ... | 2610 | 2640 | 2670 | 2700 | 2730 | 2760 | 2790 | 2820 | 2850 | 2880