Abafana b’ikipe ya Arsenal mu Rwanda bibumbiye mu itsinda rya RAFC (Rwanda Arsenal Fans Community) basuye ingoro y’amateka y’urugamba rwo kubohora igihugu iherereye mu karere ka Gicumbi, banakina...
Muhire Kevin usanzwe ari kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko biyemeje kwitanga birushishijeho ndetse asezeranya abafana kubaha ibyishimo mu gikombe...
Ikipe ya Paris Saint Germain yo mu Bufaransa yasohoye itangazo ryamagana ibikorwa by’abafana yise ko bigayitse, aho bibasiye bamwe mu bakinnyi babasaba kubavira mu...
Umuhanzi Burna Boy arasaba imbabazi abafana be bo mu Buholandi nyuma yo kumutegereza bakamuheba mu gitaramo yari afite mu mpera z’icyumweru cyashize.
Mu mpera z’icyumweru nibwo umuhanzi Burna Boy...
Mu ijoro ryacyeye ryo kuri iki cyumweru cyo ku ya 1 Ukwakira 2023 nibwo ,umuhanzi nyarwanda The Ben yakoreye igitaramo i Bujumbura mu kigo cya gisirikare bitewe n’uko cyitezweho kwitabirwa...
Abakunzi b’umupira w’amaguru bahurije hamwe imbaraga basabira ibihano abafana ba Chelsea baririmbye indirimbo mbi zibasira umukinnyi wa Arsenal n’Ubwongereza Declan Rice n’umukunzi...
Umutwe w’iterabwoba wa Islamic State wavuze ko uzibasira abafana bazerekeza I Kiev kureba umukino wa nyuma wa UEFA Champions League uzahuza ikipe ya Liverpool na Real Madrid ku wa Gatandatu...
Abafana b’Ubudage bibasiriye umukinnyi wabo Mesut Ozil nyuma y’umukino iki gihugu cyatsinzwemo na Koreya y’Epfo kigasezererwa rugikubita mu gikombe cy’isi kandi ari cyo cyatwaye igikombe...
Mu gitaramo cyateguwe na Munyeshyaka Claude cyagombaga kubera i Rwamagana hagaragaye kutumvinaka bituma abahanzi babarizwa mu itsinda rya Urban Boyz n’ aba Jay Polly bataririmba bitera abafana...
Kabuhariwe Cristiano Ronaldo yaraye ashyize akadomo ku myaka 9 y’intsinzi yari amaze mu ikipe ya Real madrid aho yandikiye ibaruwa ikora ku mutima abafana b’iyi kipe bamushyigikiye kuva yayigeramo...
Bruce Melody akimara guhabwa igihembo cya PGGSS 8 yavuze ko itsinzi ye ayikesha abafana be [Ibitangaza] ndetse n’ Imana yongeraho ko ashimira umugore we [Mama Britta] n’itsinda ryamufashaga gushaka...
Nyuma y’umukino wa UEFA Champions League wahuje Juventus na Manchester United kuwa Gatatu taliki ya 07 Ukwakira 2018,Dybala na Bonucci bagaragaye bari gushwana na Jose Mourinho ndetse bamwe bavuga...
Umuraperikazi Cardi B yahuye n’uruva gusenya ubwo yacugusaga ikibuno imbere y’abafana be bo mu gihugu cya New Zealand, imyenda ye igacika bituma ahagarika igitaraganya iki...
Ishimwe Dieudonne ukuriye Rwanda Inspiration Back up yavuze ko Mwiseneza Josiane akunzwe nkuko n’abandi bakobwa bamwe na bamwe bitabiriye mu myaka ishize ndetse yemeza ko nta gitutu batewe...
Abafana b’ikipe ya Chelsea bishimiye ko uwahoze ari umunyezamu wabo Thibaut Courtois yatsinzwe igitego na Antoine griezmann acishijwe umupira munsi y’amaguru ibyo abakunzi ba ruhago bita...
Umunya Argentina Angel di Maria waraye agarutse ku kibuga yahoze akiniraho cya Old Trafford,ntiyakiriwe neza n’abahoze ari abafana be,kuko yateranye amagambo nabo,bamutera icupa rya Heineken...
Abafana b’ikipe ya PSG bandagaje bikomeye abakinnyi babo nyuma yo gutsindwa na Manchester United ibitego 3-1 mu mukino wo kwishyura wa 1/16 cya UEFA Champions League wabaye kuwa Gatatu w’iki...
Kuri uyu wa gatatu, abafana ba APR FC bibumbiye muri Fan Club ya Zone One boroje inka Nsengiyumva Edouard warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nyuma yo gusura urwibutso rwa Jenoside rwo...
Umukinnyi Eden Hazard yakiriwe nk’umwami mu ikipe ya Real Madrid kuko abafana barenga ibihumbi 50 binjiye muri stade Santiago Bernabeu baje kwakira uyu musore baguze mu ikipe ya...