Imyaka imaze kuba myinshi urubuga rwa YouTube ari rumwe mu zimaze kwigwizaho abakunzi, akenshi bamwe bakayikundira ko bisanzura mu gutanga ibitekerezo nta nkomyi.Abandi bayikundira ko...
Walter Mzembi wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Zimbabwe, yashyize ku karubanda Perezida Emmerson Mnangagwa, ahishura uburyo ku nshuro zitabarika yagerageje kumwivuganira muri Afurika...
Raporo y’amafaranga yaguzwe abakinnyi muri Rayon Sports n’ayinjiye ku bibuga ubwo iyi kipe yayoborwaga na Muvunyi Paul mu mwaka w’imikino wa 2019/20 ntibivugwaho rumwe nyuma y’uko bigaragaye ko...
Ni ku urutonde rushya rugaragaza abaraperi bakize kurusha abandi ku Isi muri iyi minsi, Kanye West umuraperi w’umunyamerika ayoboye urutonde rw’Abaraperi 20 bakize ku...
Umukinnyi Manishimwe Djabel ukinira ikipe ya Rayon Sports ari mu minsi ye ya nyuma muri iyi kipe kuko yamaze kumvikana n’ikipe ya Gor Mahia yo mu gihugu cya Kenya ndetse ngo azayerekezamo nyuma...
Mu nshamake y’ uko Isi yiriwe tariki 23 Gicurasi harimo uruzinduko rwa Perezida Kagame mu Bufaransa, Muri Amerika umunyamategeko wa Trump yariye ruswa ategura ibiganiro hagati ya Trump na Perezida...
Miss Muthoni Fiona yasezeye mu marushanwa ya Miss Beaty Queen yaberaga muri Lagos yanyuma yo kunyerere ku ngazi akavunika ukugura.
Miss Muthoni Fiona wabaye igisonga cya mbere cya Miss Africa...
Miliyoni 75 z’ amafaranga y’ u Rwanda yabikujwe kuri konti y’ umukiliya wa Equity bank ishami rya Rubavu mu buryo budasobanutse, birakekwa ko aya mafaranga yibwe n’ abakozi b’ iyi banki ndetse barimo...
Umunyamuziki Mugisha Benjamin benshi bazi nka The Ben usanzwe ukorera muzika muri leta zunze ubumwe za Amerika, ategerejwe mu Rwanda mu gitaramo gitangira umwaka wa 2017 cyiswe ’East African...
Mu ruzinduko rw’iminsi itatu Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame arimo mu gihugu cy’ u Buhinde, yabonanye na Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu, ibiganiro byabo byibanda ku bufatanye mu bikorwa...
Umuririmbyi Umutare Gaby [Nikuze Gabriel umenyerewe mu ndirimbo z’urukundo, yabaye agiye kurushinga mu minsi ya vuba, aho ashobora guhita yerekeza ku mugabane wa Australia ndetse amakuru avuga ko...
Umuririmbyi Beyoncé n’umugabo we Jay Z bamaze kunoza neza umushinga wo kugura inzu mu mujyi wa Los Angeles muri Leta zunze ubumwe za Amerika, bavuga ko bashaka gutura by’iteka aho guhora bimuka...
Ikipe ya Singida United yo muri Tanzania yarangije kumvikana na myugariro wa APR FC kuzamugura amadorali ibihumbi 50 ubwo umwaka wa shampiyona uzaba ushojwe. Singida United yo muri Tanzania,...
Umuraperi Kendrick Lamar Duckworth wamenyekanye mu muziki nka Kendrick Lamar, uri mu bakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ategerejwe i Kigali mu gikorwa cyizwi nka “Global Citizen...
Mu rwego rwo korohereza abaturage kugura bicuruzwa bimwe na bimwe by’ingenzi, u Rwanda rwemerewe guca imisoro ya gasutamo iri munsi y’iya EAC.
Umuceri utumizwa mu mahanga uzishyura amahoro ya...
Nyuma y’icyumweru mu Rwanda hatangijwe igikorwa cyo gusimbuza impyiko ku barwayi bazo, muri batatu bahereweho, babiri bamaze kuva mu bitaro basubira mu ngo...
Umuhanzikazi Sunny wamamaye mu ndirimbo ‘Kungola’ yakoranye na Bruce Melodie yahishuye uburyo yahamagawe na Illuminate ishaka ko bakorana bikamutera ubwoba bwinshi cyane, ariko akababera...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yatangaje ko mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2022-2023, guverinoma izakomeza kunganira ibikorwa bitandukanye bizafasha igihugu guhangana...
Umuyobozi w’Ikirenga "Emir" wa Qatar, Tamim bin Hamad Al Thani yageze mu Rwanda aho yaje mu nama y’Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Commonwealth,#CHOGM2022.Ku kibuga cy’indege yakiriwe na...
Kuva intambara y’Uburusiya na Ukraine yatangira mu cyumweru gishize, hakomeje kugaragazwa byinshi bitandukanye birebana n’ibihugu byombi. mu bushakashatsi bwakozwe na International Institute of...
Judith Niyonizera wamenyekanye cyane nk’umugore wa Safi Madiba yabaye uwa mbere watanze miliyoni 1 Frw agura album ‘Fatalogy’ yakozwe n’umunyamakuru w’imyidagaduro kuri Flash FM na Flash TV, Sengabo...