Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yahaye inkunga igihugu cya Sudane y’Epfo ingana n’amadorali ya Amerika 500,000. Iyi nkunga ije nyuma y’isubikwa ry’uruzinduko yagombaga...
Uruzi rwa Mississipi/ Foto: Internet
Turi tariki ya 17 Kamena ni umunsi w’ 168 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 197 niyo isigaye kugira ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu byabaye kuri...
Perezida Joseph Kabila yatangaje ko atigeze asezeranya Abanyekongo igihe amatora azabera ahubwo ngo icyo yavuze ni uko arimo gutegura amatora vuba na vuba.
Ibi yabitangarije mu kiganiro...
Urukiko rukuru rwo mu gihugu cya Uganda rwategetse ko akayabo k’ amafaranga kashyizwe mu mva y’ umuherwe Ivan Semwaga uherutse gushyirwa gakurwa gakurwamo.
Mu muhango wo gushyira itsinda rya Gang...
Umusore uri mu kigero cy’imyaka 30 uba muri Amerika ariko inkomoko ye ari muri Afurika, ubwo yagiriraga uruzinduko mu gihugu cya Benin, yahuye n’uruva gusenya ubwo yari amaze gusambana n’umukobwa...
Kim Kardashian west uzwi cyane nka kim Kardashian, umunyamideli,umukinnyi w’ama filme ndetse n’umucuruzi utibagiwe ko ari n’umugore w’umuhanzi w’icyamamare cyane Kanye west, yavutse tariki ya...
Umuhanzi Nyarwanda uba muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika,Mugisha Benjamin, uzwi ku izina rya The Ben yatumiwe mu gitaramo cyo kwizihiza umunsi wo kwibohora ku banyarwanda baba muri Canada.
Iki...
Umutwe wa Al Shababu wo mu gihugu cya Somalia ugendeye ku mahame y’idini ya Kiyisiramu, wahaye abagabo babiri igihano gikomeye cyo gucibwa ibiganza nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwinjira mu iduka...
Uwahoze ari Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika, Barack Obama n’umugore we Michelle Obama bari mubiruko mugace kitwa Borgo Finocchieto mu Butaliyani aho bagiye kuryoherezayo ubuzima,...
Leta y’ u Rwanda yiyemeje kwishyurira amazi, amashanyarazi, imihanda na fiber optic (imiyoboro ya interineti), abubaka amacumbi maremare yo guturamo azwi nka appartement.
Ibi byatangajwe na...
French Montana umuraperi wo muri USA ukomeye unaherutse gukorera amashusho y’indirimbo ye mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda yatanze inkunga y’akayabo kangana na million 350 z’amashilingi ya Uganda...
Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzania, yirukanye abakozi 10000 avuga ko bafite ibyangombwa bihimbano avuga ko ibyo bakoraga ari ubujura.
Magufuli yahise atangaza ko umushahara w’aba bakozi...
Kuva yagera ku butegetsi Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yagiye aganira n’ abayobozi bo mu bihugu bitandukanye byo ku Isi barimo abakuru b’ ibihugu n’ abandi. Ikinyamakuru...
Inzego z’umutekano n’iperereza muri US ziri gushakisha umugabo wishe undi muri Leta ya Ohio mu mujyi wa Cleveland, uyu mugabo uri guhigwa FBI yamushyizeho igihembo cya $50 000 ku muntu uri butange...
Mu gihe abakirisitu bitegura kwizihiza Pasika, itsinda ry’abubatsi ryasoje ibikorwa byo kuvugurura ahafatwa nk’ahari imva Yezu Kristu yashyinguwemo akazuka mu mujyi wa Yeruzalemu.
Hari hashize...
Igihugu cya Maroc nicyo gihugu cya mbere ku isi gihinga kikanohereza mu mahanga urumogi rwinshi nk’ uko byagaragajwe na raporo ku biyobyabwenge yashyizwe ahagaragara n’ ishami ryo muri Leta zunze...