Gutega ku mikino ‘Betting’ bimaze gufata indi ntera hirya no hino ku Isi, aho bamwe bahindura ubuzima bakava ku isuka bakagera ku rwego rwa Mirenge ku Ntenyo babikesha ubusesenguzi n’amahirwe mu...
Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe w’imyaka 93 yatunguye muramu we ku isabukuru y’amavuko, amuha impano y’amadolari ya Leta zunze ubumwe z’Amerika 60,000 mu manyarwanda ararenga miliyoni 51...
Robyn Rihanna Fenty wamenyekanye cyane mu muziki ku mazina ya Rihanna,ni umuririmbyikazi w’umunyamerika wavutse tariki ya 20 Gashyantare 1988 ndetse ni umwe mu bahanzikazi bakunzwe kandi bubatse...
Perezida w’ urukiko rw’ ikirenga muri Kenya David Maraga ku wa Kane tariki 31 Kanama yahawe miliyoni 500 z’ amashilingi ya Kenya arazanga, bukeye atangaza ko ibyavuye mu matora ya Perezida wa Kenya...
Abategetsi ba Repubulika ya Demokarasi ya Kongo n’aba Repubulika ya Kongo (Brazzaville) bashyize umukono ku masezerano yo kubaka iteme rihuza imirwa mikuru ya Kinshasa na Brazzaville y’ibihugu...
Icyamamare Jennifer Lopez yatangaje abataribacye batuye Umujyi wa New York, aho yagaragaye yambaye imyenda y’amadorali asaga ibihumbi ijana ubwo yajyaga kugura ibintu mu iduka rya H&M ku wa...
Ku cyumweru tariki 25 Kanama 2019, umuraperi Young Grace Abayizera yibarutse umwana w’umukobwa yise Amata Anca Ae’eedah Ai yahaye akabyiniriro ka DIAMANTE.
Katy Pery umuhanzikazi wo muri Leta Zunze ubumwe za Amerika yajyanywe mu nkiko azira ifoto yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram mu myaka itatu ishize ndetse ashobora no kwishyura ibihumbi 150...
Abaturage bo muri Liberia biraye mu mihanda yo mu murwa mukuru w’iki gihugu Monrovia mu myigaragambyo yo kwamagana Perezida George Weah wagiye ku butegetsi bwa Libera muri...
Niba uri gushakisha urwitwazo rwo kugira no kubana n’inshuti yuzuye ubwoya, wireba kure. Imbwa zahoze ari “inshuti magara y’umugabo”, ariko kuri ubu bigaragara ko zishobora no kuba inshuti y’umugore,...
Kanye West yarezwe mu rukiko ku ikirego kirebana n’umushahara utishyuwe ujyanye n’igitaramo cye cya opera ya Nebuchadnezzar. West wiyamamarije kuba perezida agatsindwa yarezwe n’itsinda ry’abakozi...
Mu minsi ishize nibwo Muyakazi Sadate yatangaje ko Amavubi naramuka atsinze ikipe ya Uganda Cranes azahemba buri mukinnyi amadolari 100. Mu ijoro ryo kuwa mbere nibwo umukino w’Amavubi na Uganda...
Nyuma y’amezi hafi atatu umukinnyi w’igihangange mu mupira w’amaguru Lionel Messi atangiye gukinira ikipe ya Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, amaze kuzana impinduka muri shampiyona...
Urwego rushinzwe imishahara n’ uduhimbazamusyi tw’ abakozi ba Leta ya Kenya rwatangaje uko rwagabanyije imishahara y’ abayobozi bakuru ba Kenya barimo Perezida wa Repubulika n’ abagize inteko ishinga...
Banki y’isi yashyize U Rwanda ku mwanya wa 178 ku rutonde ngarukamwaka ngaruka mwaka rureba umusaruro mbumbe w’igihugu . Muri iki cyegeranyo, umuturage w’u Rwanda umwe abarirwa amadorali 850 buri...
Ikipe ya Rayon Sports yatsinzwe mu rubanza yarezwemo n’uwari umutoza wayo Jorge Paixão muri FIFA kubera ko hari ibyo itubahirije mu masezerano bagiranye.
Tiago Coelho, umunyamategeko wa Jorge...
Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli
Umwaka umwe gusa Perezida wa Tanzania John Magufuli ahagaritse ingendo z’abayobozi bakuru, iki gihugu cyatangaje ko kimaze kunguka amadorali agera ku...