Perezida wa Uganda akunze kwigira nyoninyinshi iyo abajijwe ku bijyanye n’uburyo akomeje gushyigikira umutwe urwanya u Rwanda witwa RNC, agashaka kwerekana ko bamwe mu buyobozi bwe ari bo bari...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo ngo yibaza niba ikinyamakuru New York Times kitajya kirambirwa gukwirakwiza ibihuha bisebya u Rwanda, ngo Perezida Paul kagame ni...
Myugariro wa Man City,Kyle Walker yagize icyo avuga ku bubabare bwo kwirukanwa mu rugo rwe ndetse no kuba asezera umuhungu we agiye kuryama anyuze ku rubuga rwa Facetime aho kuba yabikora bari...
Ikipe ya APR FC yaraye inganyije 0-0 na Gasogi United,uba umukino wa 6 muri 13 ya shampiyona,inganyije muri uyu mwaka w’imikino.APR FC na Gorilla nizo zimaze kunganya imikino...
Ikipe ya Al Hilal na Rayon Sports bemeranyije gusubika umukino bari bafitanye kuri uyu wa Gatanu bakazakinira imikino yose i Kigali mu minsi iri imbere.
Rutahizamu wa PSG,Neymar Jr nyuma yo kwamaganwa n’abafana b’iyi kipe yamaze guhishura ikipe y’amahitamo ye muziri kumwifuza.
Neymar Jr ni umukinnyi mpuzamahanga ukomoka mu gihugu cya Brazil. Uyu...
Perezida Paul Kagame yavuze ko ubwo yari mu buhungiro n’umuryango we banyuze muri byinshi kugeza ubwo nyina yajyaga guhinga kugira ngo babone ibyo kurya ndetse anagaruka ku isomo Se yamwigishije...
Amatora ya Perezida muri Kenya yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 09 Kanama 2022, nyuma yuko ibiro by’itora bifunguye ku isaha ya saa kumi n’ebyiri za mu gitondo (6h), ni ukuvuga saa kumi n’imwe...
Zinedine Zidane ntabwo arasubira mu kazi kuva avuye muri Real Madrid yatozaga akayikoreramo ibigwi bikomeye.
Nubwo adafite uburambe buhambaye,ubuhanga bwe bwo gutoza no kuzamura abakinnyi...
Miss Burundi 2022 Kelly Ngaruko avuga ko atewe "icyubahiro [iteka]" no kuba yambaye ikamba rya Nyampinga w’igihugu, kandi ko ashimiye buri muntu wese wamushyigikiye "ntibagiwe abababajwe...
Ku wa gatanu ushize ku ya 11 Gashyantare 2022, abakozi bo mu mujyi wa New York bagera ku 1430, birukanwe mu kazi bazira ko bananiwe gufata urukingo rwa COVID-19 nkuko bari babisabwe n’Umujyi...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 15 Kamena 2020, habonetse abarwayi ba Coronavirus bashya 30. Aba barwayi bagaragaye muri Rusizi, Rusumo no mu Banyarwanda batashye. Abamaze...
Umusore w’impunzi wabarizwaga mu itsinda ry’abazwi nk’aba LGBTI yimanitse mu giti arapfa ku muhanda uri imbere y’ibiro bya UNHCR mu mujyi wa Nairobi nk’uko bagenzi be...