Urukiko Rukuru, Urugereko rwa Nyanza ruherereye mu Karere ka Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo rwagize umwere Padiri Habimfura Jean Baptiste wa Diyosezi ya Kabgayi ku byaha bibiri birimo icyaha cyo...
Abagizi ba nabi batwikiye umukobwa w’imyaka 17 mu gace ka Panzi kari mu mujyi wa Bukavu uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika ya demukarasi ya Congo kuri uyu wa 19 Kanama...
Perezida João Lourenço wa Angola kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Kanama, yasimbuye mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Congo Kinshasa ku buyobozi bw’Umuryango w’Ubukungu uhuza ibihugu byo muri...
Mu nama ku kugarura amahoro mu burasirazuba bwa DR Congo yahuje abakuru b’imiryango y’ibihugu byo muri Africa yo hagati, iburasirazuba, amajyepfo, Ubumwe bwa Africa, na ONU, ibihugu bya Angola,...
Ricky Martin ni rimwe mu mazina azwi ku ruhando rw’imyidagaduro cyane muri Amerika y’Amajyepfo aho akomoka, kuko ni umuhanzi w’indirimbo w’icyamamare, akaba n’umwanditsi...
Guverinoma ya Repubulika ya demukarasi ya Congo irashinja impunzi z’Abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu guteza ibiza biherutse kwica abantu barenga 400 muri teritwari ya Kalehe, intara ya Kivu...
Ibitero bikaze by’indege byakubise uduce tw’amajyepfo y’umurwa mukuru wa Sudani, Khartoum uyu munsi kuwa kane, mu gihe habaga ubushyamirane hafi y’inkambi ya gisilikare, mu mirwano yakuye mu byabo...
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo babiri bo mu Karere ka Nyanza, mu Ntara y’Amajyepfo, rubakurikiranyeho icyaha cyo kumena ibanga ry’akazi no kohereza ubutumwa...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 5 Gashyantare 2022,hakomeje amajonjora ya Miss Rwanda yakomereje mu Ntara y’Amajyepfo kuri Credo Hotel,habonetse abandi bakobwa 9 binjiye muri Miss Rwanda 2022....
President Paul Kagame yavutse tariki ya 23 Ukwakira 1957, avukira mu cyahoze ari gitarama ubu ni mu Karere ka Ruhango intara y’amajyepfo, avuka kuri Bisinda Asteria Rutagambwa na Rutagambwa...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Gicurasi Polisi ikorera mu Karere ka Huye ifatanije n’abayobozi mu nzego z’ibanze bakoze igikorwa cyo kugenzura ko abantu bubahiriza amabwiriza yo...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mata 2021,abanyeshuri biga bacumbikirwa mu bigo, batangiye gusubira ku mashuri birinda gukererwa kugera ku masomo azatangira kuwa Mbere w’icyumweru...
Mu gace ka Kasenga, mu mujyi wa Uvira, ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ahacumbikiwe abantu bavanywe mu byabo n’imyuzure muri Mata, umusore yasanzwe mu kigega cy’amazi apfutswe umunwa yanaziritswe...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi mu Ntara y’Amajyepfo bwahagaritse by’agateganyo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagali ka Kabuga,gaherereye mu murenge wa Ngamba, Mbonyubwami Emmanuel nyuma y’aho...
Uhuru Muigai Kenyatta yavutse ku ya 26 Ukwakira 1961 ni umunyapolitiki wo muri Kenya akaba na Perezida wa Repubulika ya Kenya muri iki gihe. Yabaye Umudepite wa Gatandu y’Amajyepfo kuva 2002...
Abantu 8 batwikiwe mu nzu zabo mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu rishyira uwa kane tariki ya 06 Kanama 2020, mu ntara ya Bujumbura mu burengerazuba na Muyinga mu majyaruguru ashyira amajyepfo...
Muri Nigeria, abayobozi bo muri leta y’Amajyepfo ya Rivers basenye amahoteri abiri bayaziza kuba barenze ku mategeko yo gufunga yashyizweho mu rwego rwo kwirinda ikwirakwizwa rya...
Umusore w’imyaka 21 witwa Ahishakiye Jean Bosco, uvuga ko akomoka mu Murenge wa Nkomane, Akarere ka Nyamagabe, Intara y’Amajyepfo, yafashwe ku manywa y’ihangu n’abaturage bo mu gace ka Kiruhura, mu...
Kuri uyu wa Kabiri,tariki 10 Werurwe mu Rugereko rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibi rukorera mu Karere ka Nyanza, mu Ntara y’Amajyepfo, hatangiye iburanisha mu mizi...