Inzego z’ubutasi muri Ameika zavuze ko umugabo wari ufite igikapu yatawe muri yombi nyuma yo guca ku biro by’umukuru w’igihugu wa Amerika bizwi ku izina rya White House.
Perezida Donald Trump yari...
Impuguke mu bya politiki mpuzamahanga, Dr Chirtopher Kayumba asanga Umuhuza mu bibazo by’ u Burundi Benjamin Mkapa yarakoze ikosa kuba yaragaragaje ko ari ku ruhande rwa Perezida Nkurunziza,...
Mu karere ka Nyamagabe abantu babiri bahitanywe n’ impanuka y’ ikamyo yari yikoreye amakara 6 barakomereka.
Amakuru atangwa na Polisi y’Igihugu avuga ko iyo mpanuka yabaye ahagana saa 20:50’ zo ku...
Dr Leopold Mukanyakazi, uherutse koherezwa na Leta zunze ubumwe z’ Amerika kubera uruhare akekwaho muri ukurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi, kubya akurikiranyweho hiyongereyeho...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 19 Mata Muri Leta ya Colombia Abantu basaga 11 ,barimo abana batatu bapfuye abandi bagera kuri 20 baburirwa irengero kubera inkangu ikomeye yabereye mu burengerazura...
Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana, yavuze ko mu nama mpuzamahanga ku ikoranabuhanga izwi nka ‘Transform Africa’ izabera mu Rwanda ku nshuro ya gatatu muri Gicurasi...
Abaturage batuye akarere ka Huye mu ntara y’ amajyepfo baravuga ko indwara ya maraliya imaze imyaka irenga ibiri ari icyorezo. Muri ako karere umuntu umwe mu bantu babiri arwaye maraliya.
Kuri...
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 26 Mata 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Inama y’Abaminisitiri yemeje...
Nyampinga w’ u Rwanda wa 2017 Elsa IRADUKUNDA kuri uyu wa 3 Gicurasi 2017 yasuye urwibutso rwa Kabgayi ruherereye mu karere ka Muhanga mu ntara y’ amajyepfo, akora isuku kuri urwo rwibutso ndetse...
Kuri uyu wa 4 Gicurasi 2017, mu karere ka Kamonyi mu ntara y’ Amajyepfo umubyeyi yabyaye umwana ufite amaguru atatu ahita agwa mu kantu kubyakira biramugora kubera agahinda.
Uyu mwana w’ umukobwa...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Gicurasi 2017 nibwo hafungurwa ku mugaragaro inama mpuzamahanga yiga ku ikoranabuhanga izwi nka Transform Africa biteganyijwe ko Perezida Kagame atanga ikiganiro ku...
Umuyobozi mukuru wa Authentic Word Ministries na Zion Temple Celebration Center Intumwa ( Apostle ) Dr. Paul Gitwaza yirukanye k’umugaragaro Bishop Dieudone Vuningoma , Bishop Bienvenue Kukimunu...
Polisi y’ u Rwanda yataye muri yombi Egide Kayitasire wahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyaruguru, akaza kwegura ku mirimo ye, arimo gukorwaho iperereza ku byaha bibiri.
Ayo...
Nyuma y’aho ikipe ya Espoir itwariye igikombe cyo kwibuka mu makipe ya hano mu Rwanda ku munsi w’ejo hari hatahiwe imikino yo kwibuka mu makipe yahano mu Rwanda no hanze aho amakipe y’ibigugu yari...
Ikipe y’igihugu y’Ubwongereza y’abatarengeje imyaka 20 yaraye ikoza amateka yaherukaga kuba mu mwaka wa 1966 ubwo batwaraga igikombe cy’isi batsinze ikipe ya Venezuela igitego kimwe ku busa imikino...
Turi tariki ya 15 Kamena, ni umunsi w’ 166 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 199 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Ibyaranze uyu munsi mu mateka
• -763: Abassyriens bafashe neza...
Mu byaranze uyu munsi mu mateka harimo, ivumburwa ry’ikibuye cyagwiriye isi cya Eureka ndetse n’ivuka ry’ikirangirire mu mupira w’amaguru. Turi ku wa ka Kabiri tariki ya 20 Kamena, ni umunsi w’171 mu...
Nubwo italiki imikino ya Zone v izatangirira itaramenyekana ,ikipe y’igihugu imaze Ukwezi kurenga yitegura iyi mikino aho kuri uyu wa kabiri hahamagawe abakinnnyi 18 bagomba kuzakurwamo 14...
Polisi y’ u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi umusore witwa Tuyishimire Alex ukekwaho kwica nyima amuteye icumu.
Aya makuru yemejwe n’ umuvugizi wa polisi y’ u Rwanda mu ntara y’ amajyepfo mu...