Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe gutanga ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga, kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 11 Gicurasi, ryafatiye abagabo babiri mu karere ka Rwamagana, barimo...
Mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Rugerero mu Kagari ka Rwaza, umudugudu wa Rwaza ahitwa kwa Gacukiro, kuri uyu wa Gatanu tariki 15 Ukuboza 2023, habereye impanuka y’imodoka yabirindutse ifunga...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu, kuwa gatatu tariki ya 21 Kamena, yataye muri yombi umugabo witwa Ntegeyimana Jean de Dieu w’imyaka 38, ukomoka mu murenge wa Mudende akagari ka...
Umuvunyi wungirije aratangaza ko kuba inkiko zaragaragaje ko abakora umwuga wo gutwara ibinyabiziga aribo benshi bagaragaweho na ruswa biterwa n’uko icyo cyiciro kitagira amayeri menshi yo guhisha...
Umusore w’imyaka 29 niwe wafatiwe mu gikorwa cya Polisi cyo kumufata nyuma y’amakuru yari amaze iminsi atangwa n’abaturage ko agenda abaka amafaranga abizeza ko ari umupolisi kandi ko azabafasha...
Umuyobozi ushinzwe Ubwisungane mu Kwivuza [Mutuelle de Santes] mu kigo cy’igihugu cy’Ubwishingizi,RSSB, Deogratias Ntigurirwa yatangaje ko kubera ubushobozi budahagije bwa Mitiweli mu kuvuza...
Mu gihe Isi yose yugarijwe n’icyorezo cya Coronavirus Leta y’u Rwanda yashyizeho isaha yo kuba umuntu yageze murugo ari saa mbiri z’ijoro kugeza saa kumi za mu gitondo mu buryo bwo gukumira ubwanda...
Mu ijoro ryo kuwa Gatandatu tariki ya 5 Kamena Polisi y’u Rwanda yafashe abantu 11 batwaye imodoka basinze ndetse barengeje amasaha yo kugera mu rugo kuko bafashwe nyuma ya saa yine z’ijoro. Mu...
Imodoka yo mu bwoko bwa Daihatsu yakoze impanuka ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki 13 Werurwe 2022, abantu babiri bahasiga ubuzima ako kanya.
Ibi byabereye mu Mudugudu wa Yorodani, Akagari ka...
Ku wa Mbere, taliki ya 9 Gicurasi, Polisi y’u Rwanda (RNP) yashyikirije amafaranga y’u Rwanda, ibihumbi mirongo ine (40,000 Frw) nyirayo nyuma yo gutoragurwa n’umupolisi ukorera mu Kigo cya Polisi...
Abantu nibura 48 bapfiriye mu mpanuka yo mu muhanda mu masangano y’imihanda aba arimo ibinyabiziga byinshi muri Kenya, nkuko bivugwa na polisi n’ababibonye.
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP) Emmanuel K. Gasana yasabye kunoza umurimo no guhora witeguye mu gukumira no kurwanya impanuka zo mu muhanda.
Ni ubutumwa yatanze ku italiki ya 9...
Polisi y’u Rwanda iratangaza ko umutekano muri iki gihe cyo kwamamaza abakandida kumwanya wa Perezida wa Repubulika ari wose haba ahiyamamarizwa, mu muhanda ndetse no mu gihugu hose.
Avuga uko...
Mu ijoro ryo kuwa gatatu rishyira kuwa kane tariki ya 7 Ukuboza, ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryakoze umukwabu wo kurwanya ruswa mu bashoferi, mu gihugu hose hakaba...