Rutahizamu Sugira Ernest uherutse kuvunikira mu myitozo y’ikipe y’igihugu ku italiki ya 15 Kanama 2017 yasuwe n’abatoza b’ikipe y’igihugu barangajwe imbere ni umutoza mukuru Antoine Hey kuri uyu wa...
Ku kigamunsi cyo kuri uyu wa Kane abakuru b’ ibihugu batandukanye bakiriwe ku kibuga cy’ indege I Kanombe; bategereje kwitabira ibirori byo kurahira kwa mugenzi wabo Perezida w’ u Rwanda Paul...
Inama nkuru y’ amashuri makuru na Kaminuza HEC yatangaje ko igiye gufunga burundu kaminuza ebyiri zigenga zombi zakorera mu mugi wa Kigali.
HEC yabitangaje kuri uyu wa Kane tariki 17 Kanama ubwo...
Philippe Mpayimana wari umukandida wigenga mu matora y’umukuru w’igihugu aherutse kuba mu Rwanda muri Kanama 04-03, yatangaje ko atazasubira mu gihugu cy’u Bufaransa ndetse ko adateganya gushinga...
Perezida wa Niger Mahamadou Issoufou yamaze kwemeza ko azaba ari mu Rwanda mu irahira rya Perezida Paul Kagame wongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka 2017-24.
Mu mpera...
Abana ba Bernard Rujindiri batuye mu mudugudu w’ abasigajwe inyuma n’ amateka mu karere ka Kamonyi baravuga ko bugarijwe n’ ubukene bukabije baterwa no kuba inanga yabo yarariwe n’ imungu...
Perezida Joseph Kabila wa Repubukika iharanira Demokarasi ya Congo yahaye akazi Amb.Eugene Gasano wahoze ahagarariye u Rwanda muri Loni ko gushaka inzira zose zishoboka ngo imitungo ye n’abambari...
Mu ijoro ryakeye ku italiki ya 08 Kanama nibwo hakinwaga umunsi wa 5 muri shampiyona y’isi iri kubera mu mugi wa London mu Bwongereza aho icyari cyitezwe na benshi ari uguhangana kw’abasore 2...
Serihamye Aphrodis w’imyaka 46 y’amavuko afungiwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Gatumba nyuma yo gufatanwa inoti zirindwi z’ibihumbi bibiri z’amafaranga y’u Rwanda z’inyiganano, mu gasanteri...
Abatuye akagari ka Giseri, ko mu murenge wa Gashanda, mu karere ka Ngoma, ku itariki 2 Kanama uyu mwaka babonye imifuka itandatu y’urumogi ihishe mu ishyamba riri muri aka gace hafi y’umuhanda...
Kuri uyu wa wa 6 Kanama 2017 nibwo Tiffah Dangote imfura ya Diamond na Zari yizihizaga isabukuru y’imyaka 2 y’amavuko, kuri uyu munsi udasanzwe Diamond n’umugore we Zari bateruye maze babwira umwana...
Muneza Christopher wamamaye nka Christopher Topher muri muzika nyarwanda avuga ko atabonye amahirwe yo kwifotozanya na Perezida Kagame Paul ubwo bari mu birori byo kubyina intsinzi yari amaze...
Uyu munsi ntuzibagira, umugi wa Hiroshima wahuye n’isanganya ubwo waterwagaho igisasu Little Boy gitewe n’indege B-29 Enola Gay. Isomere n’ibindi byaranze uyu munsi mu mateka
Turi tariki ya 06...
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Rubavu ifunze umugore ufite ubwenegihugu bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo witwa Sifa Wabusheru Divine nyuma yo kumufatana inoti 14 z’Amadolari ya Amerika...
Umukinnyi Neymar Jr de Santos w’imyaka 25 yamaze kumvikana na Paris Saint Germain kuyisinyira amasezerano y’imyaka 5 nyuma yo kwerekeza muri iyi kipe aguzwe akayabo ka miliyoni 222 z’amayero ku...
Ingabire Butera J’ean D’Arc wamamaye nka Butera Knowless muri muzika Nyarwanda, avuga ko we n’umutware we ari ikipe itsinda, ngo yanyuze mu bizazane bikomeye ariko barakomeje kugeza ku itsinzi...
Ku munsi w’ejo taliki ya 01 Kanama nibwo ikipe y’isonga FC yagejeje ibaruwa ku biro by’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA iyimenyesha ko itazitabira icyiciro cya mbere ni ubwo yari...
Nyuma yo gukura abakinnyi benshi mu ikipe ya APR FC mu mwaka w’imikino ushize ikipe ya Bugesera yongeye kugura abandi bakinnyi 2 ba APR FC barimo Bukebuke Yannick na Ninihazwe Fabrice uzwi nka...
Umubano w’u Burusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ni uwa kera, ariko wakomeje kugenda uzamba uko imyaka yahitaga indi igataha. Mu ntambara y’isi yose ibihugu byombi byari bifatanyije kuyirwana...
Impuzamashyirahamwe y’imikino Ngororamubiri ku isi (IAAF) yanze gukuriraho ibihano Uburusiya byo kwitabira imikino mpuzamahanga nyuma y’inama yabereye I London mu Bwongereza ku munsi w’ejo taliki...