Umunyamidelikazi w’umunyarwanda Christine Munezero umaze kubaka izina mu kumurika imideli yagaragaye ku byapa byo mu Mujyi wa New York muri Leta Zunze Ubumwe za...
Mu gihe hari amakuru yo kwiyongera cyane kw’abagabo bo muri Uganda bashaka gukorerwa ibizamini byo kwa muganga byo kumenya niba koko ari bo ba se w’abana babo, hari kwiyongera ubwoba ko ibi...
Ikipe ya Arsenal ikina mu cyiciro cya mbere cya Shampiyona yo mu Bwongereza iri muri Leta zunze ubumwe z’Amerika aho izakina imikino yo kwipima yo kwitegura shampiyona izatangira mu kwezi kwa...
U Rwanda rurizihiza umunsi wo kwibohora ku ncuro ya 29. N’igihe cyo kwisuzuma no kurebera hamwe ibikwiye gushingirwaho mu guhamya kwibohora nyako nyuma y’imyaka 29...
Umukobwa Yvonne Kayitesi uzwi nka Zecky-B yatangaje ko yibarutse umwana w’umukobwa akaba ari kuba mu Karere ka Rwamagana mu ntara y’i Burasirazuba. Ni umwana wabonye izuba ku itariki 30 Kamena...
Kuri sitade ya Al Ittihad, King Abdullah Sports City Stadium, byari ibirori ubwo ku munsi w’ejo mu masaha ya nimugoroba Karim Benzema yerekanwaga nk’umukinnyi mushya wa Al Ittihad. Ni umuhango...
Dr Frank Habineza yongeye gutorerwa kuzahagarira ishyaka rye DGPR (Democratic Green Party of Rwanda), mu matoro y’umukuru w’igihugu ateganijwe mu mwaka utaha wa...
Umuvugabutumwa wo muri Kenya yatumijwe na polisi, mu gihe leta irimo guhashya ayo yita amatorero y’ububeshyi ndetse n’abakuru b’amadini b’abahezanguni.
Umugabo ukomoka Australia wakoraga umwuga w’uburobyi yasanzwe mu nda y’ingona yarapfuye nyuma y’iminsi yaraburiwe irengero.
Kevin Darmody yaherukaga kubonwa ari ahitwa Kennedy’s Bend – agace...
Tariki ya 09 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yakomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe...
Abantu batandukanye bakurikiranira hafi ibyamamare byo mu Rwanda abenshi hari ibibazo bagenda bibaza ku bantu bamwe na bamwe bamamaye ahanini ntibabibonere ibisubizo,ari nayo mpamvu twahisemo...
Itorero Angilikani ry’u Rwanda yatangaje ko yitandukanyije byeruye niyo mu Bwongereza yashimangiye ko igiye kujya iha umugisha abaryamana bahuje ibitsina ikabasezeranya.
Kuri uyu wa 10...
Amafoto yamamaza album y’umuhanzikazi Demi Lovato wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahagaritswe mu Bwongereza kubera ko yabangamiye imyemerere y’abakiristu bo muri icyo...
Kizigenza Edson Arantes do Nascimento,uzwi nka Pelé kubera ibigwi yagize mu mupira w’amaguru,yahitanwe n’indwara ya Kanseri nyuma y’igihe arembeye mu bitaro Albert Einstein iwabo.
Yabaye umukinnyi...
Haravugwa umwuka mubi mu mubano wa Diamond Platnumz n’umujyanama we Sallam SK Mendez aho ngo bamaze amezi ane badahurira mu bikorwa bitandukanye nk’uko byari...
Umunyabigwi Cristiano Ronaldo ari mu nzira zo kwerekeza mu ikipe ya Al-Nassr yo muri Saudi Arabia yiteguye kumuhemba miliyoni 200 z’amayero ku mwaka harimo umushahara,kwamamaza n’uduhimbazamusyi....