Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwakoze umwiherero w’umunsi umwe, bahura n’abakinnyi kugira ngo hategurwe umwaka w’imikino wa 2020/2021.
Ni umwiherero wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Kanama...
Abanyamideli babiri Cyusa Brandon na Cynthia Uwikunda batsindiye amafaranga ibihumbi 400 y’amanyarwanda nyuma yo guhiga abandi 12 bari bahanganye mu irushanwa ryiswe "The Power Pageant" rigamije...
Perezida Donald Trump avuga ko yumvise ko Kamala Harris wo mu ishyaka ry’abademokarate uziyamamazanya na Joe Biden akaba yamubera visi perezida "atujuje ibisabwa" byo kuba visi...
Ronaldo de Assis Moreira wamenyekanye cyane mu mupira w’amaguru nka Ronaldinho yishe amabwiriza yahawe muri hoteli afungiyemo atumiza abanyamideli bo muri Paraguay baza kubyinana...
Umwe mu bakuriye ubutasi bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yaburiye ko Ubushinwa, Uburusiya na Iran ari bimwe mu bihugu bishaka kugena ibizava mu matora ya perezida w’Amerika y’uyu...
Urubuga rwa Facebook na Twitter zafatiye ibihano Perezida Donald Trump kubera gutangaza amakuru y’ikinyoma kuri Coronavirus, aho yavuze ko abana bafite ubudahangarwa bwinshi kuri iki...
Mu gihe kwinjira mu kwezi kwa Kanama,umuyoboro wa’insakazamashusho zigenzweho [digital TV] Startimes yateguriye ikirori cy’imyidagaduro na gahunda y’amasomo azatuma abana bose mu kigero gitandukanye...
Uwahoze ari perezida wa Amerika,Barack Obama yiswe “umwiyemezi” kabuhariwe n’umwe mu bavandimwe be bavukana kuri se witwa Malik Obama uba muri Kenya,wanasabye abanyamerika kongera gutora Donald...
Mu gitondo cyo kuwa 21 Nyakanga 2020,Col.Tom Byabagamba yagejejwe ku rukiko rw’ibanze rwa Kagarama mu mujyi wa Kigali mu modoka ya gisirikare irinzwe cyane, byari byitezwe ko atangira kuburanishwa...
Umukinnyi wa film uzwi cyane muri Kenya, Charles Bukeko, yashyinguwe mu rugo rwe mu burengerazuba bw’igihugu mu mabwiriza akomeye yo kwirinda Covid-19.
Umunyamideli wo muri Nijeriya yashinje umuririmbyikazi w’umunyamerika Beyoncé Knowles kuba yarakoresheje umuco nyafurika mu nyungu ze bwite Afurika itabyungukiyemo.
Umuyobozi wa Rayon Sports Munyakazi Sadate yavuze ko we na komite ayoboye bihaye ibyumweru bibiri ngo imodoka y’ikipe ibe yagarutse mu maboko yabo ndetse izongere gutwara abakinnyi muri Kanama...
Ni nyuma y’inkuru zitandukanye zagaragaye mu bitangazamakuru bitandukanye byo mu Rwanda,bivugwa ko uyu muhanzi ari we mwami w’aba-Slay Queen bo mu Rwanda kandi akanahamya ko yabigizwe n’abakobwa...
Umukinnyi wa Juventus,Douglas Costa,ari mu rukundo n’umukobwa ufite uburanga buhebuje witwa Nathalia Felix winjiza akayabo mu kwamamariza ku mbuga nkoranyambaga.
Abashakashatsi muri Kenya barashaka abantu 400 bafite ubushake bo gufasha igeragezwa ry’igishobora kuba urukingo rwa coronavirus mu bushakashatsi bwa kaminuza ya Oxford yo mu...
Imodoka yo mu bwoko bwa Bisi ’Bus’ yarisanzwe izwi ko ari iy’ikipe ya Rayon Sports Akagera Motors kagiye kuyiteza cyamunara kubera kunanirwa kwishyura amafaranga y’umwenda...
Kompanyi yitwa Akagera Business Group yafatiriye Bus ya Rayon Sports nyuma yo kunanirwa kuyishyura amafaranga arenga Miliyoni 36 z’amafaranga y’u Rwanda.
Ikipe yitwa FC Seoul yo mu gihugu cya Koreya y’Amagepfo yasabye imbabazi abakunzi ba ruhago nyuma y’aho ikoze agashya ikuzuza mu myanya y’abafana ibipupe byifashishwa mu gutera akabariro ngo bizibe...
Ibiganiro bya Rayon Sports na SKOL byatangiye kubyara umusaruro mwiza
Nyuma y’ibiganiro bimaze iminsi hagati y’uruganda raw Skol na Rayon Sports,impande zombi zageze ku mwanzuro mwiza ushobora...
Umuhanzikazi wo muri Leta Zunze ubumwe za Amerika wamenyekanye nka Rihanna yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram amashusho ari mu mirimo itandukanye aho yanerekanye bimwe mu bice by’inyuma...
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yasimbuje uwari umukuru w’ibiro bye ukurikiranywe n’inkiko ku birego byo kwiyitirira umutungo utari...
Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yanenze bikomeye uwamusimbuye Donald Trump kubera uko ari kwitwara mu guhangana n’icyorezo cya...
Umukinnyi wa Filimi mu Buhinde wakunzwe na benshi, Irrfan Khan,yarangije urugendo rwe kuri iyi si ku myaka 53 nyuma y’igihe kinini yari amaze arwaye indwara ya...