Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yashimiye Umunyarwandakazi usiganwa ku maguru Salome Nyirarukundo witwaye neza mu masiganwa yabereye muri Maroc, nyuma yo gutereranwa na Minisiteri ifite siporo mu...
Hari uburyo umuntu wese yitwara mu bibazo , abakobwa benshi bitondera cyangwa batinya gusura abahungu ku nshuro ya mbere kuko baba bibwira ko bashobora kugwa mu mutego wo kuryamana nabo, kubera...
Perezida wa Tanzaniya Joseph Pombe Magufuli, yaganiriye n’umuhanzi w’Icyamamare Diamond ubwo yari mu kiganiro na Televiziyo Clouds Tv ikunzwe cyane muri Tanzaniya ndetse no mu karere k’ Afurika...
Uruganda rwa West Hills Coffee rurashinjwa n’ikipe y’igihugu y’amagare ’Team Rwanda’ ubwambuzi bw’amafaranga ibihumbi bitanu by’amadorali ku masezerano bari bagiranye yo kugurira ikipe ya Benediction...
Samuel Mwangi, Umukinnyi w’ikipe y’umukino w’amagare mu gihugu cya Kenya ‘Riders Downunder Team’ yaciwe akaguru biturutse ku mpanuka yagiriye muri Tour du Rwanda 2016 ubwo bari mu gace gasoza kuwa 20...
Mu ijoro ryo ku wa kabiri taliki ya 04 Nyakanga 2017 nibwo umusore Peter Sagan uzwi cyane mu gusiganwa ku magare ndetse watwaye shampiyona y’isi umwaka ushize yirukanywe mu irushanwa rya Tour de...
Ikipe y’igihugu yo gusiganwa ku magare guhera ku wa gatatu iri mu myitozo ikomeye yo kwerekeza muri Leta Zunze ubumwe z’amerika mu irushanwa yatumiwemo rya Colorado Classics rizatangira taliki ya...
Ibyaranze tariki ya 19 Nyakanga harimo n’ijyaho rya Guverinoma ya mbere ya nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Turi tariki ya 19 Nyakanga ni umunsi wa 200 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi...
Ibyaranze tariki ya 23 Nyakanga birimo kuba Autriche-Hongrie yarahaye gasopo ubwami bwa Serbia kubera ibyaha by’iyicwa ry’igikomangoma Francois Ferdinand byanabaye intandaro y’intambara ya mbere...
Uyu munsi ni ku wa Mbere tariki ya 24 nyakanga ni umunsi 205 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 160 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.iyi tariki imaze guhurirana no ku wa mbere...
Umubyeyi w’imyaka 20 y’amavuko utatangajwe amazina utuye mu murenge wa Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge avuga ko atazongera kubyara ukundi bitewe n’uburyo ngo atitaweho aho yari yagiye kubyarira...
Kuri uyu munsi Taliki ya 10 Kanama 2017, nibwo hatangira irushanwa rikomeye mu gusiganwa ku magare muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika rya Colorado Classic aho na Team Rwanda iri mu makipe yitabiriye...
Ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare yasoje irushanwa rya Colorado Classic iri ku mwanya wa 15 mu makipe 16 yari yitabirirye iri rushanwa ryari rimaze iminsi 4 ribera muri Leta Zunze...
Kuri uyu munsi Taliki ya 02 Nzeri uyu mwaka, nibwo Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare hano mu Rwanda ryamaze gutangaza amakipe 17 azitabira Tour du Rwanda, irushanwa rigiye kuba ku...
Umusore Twizerane Mathieu ukina umukino wo gusiganwa ku magare ndetse uheruka kwegukana irushanwa rya Central Challenge yatangaje ko yifuza kuzatwara Tour du Rwanda kuko ari inzozi yagize kuva...
Mugiraneza Abdullah wo mu murenge wa Rutare mu karere ka Gicumbi, amaze guca uburiganya n’urwikerwe rwarangwaga hagati y’aborozi, abacunda batwara amata n’amakusanyirizo ; abakorera uburyo...
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 22 Nzeri 2017 nibwo abanyarwanda 2 Mugisha Samuel na Areruya Joseph barahatana muri shampiyona y’isi yo gusiganwa ku magare aho baraza gusiganwa mu muhanda mu...
Madamu Jeannette Kagame avuga ko intego u Rwanda rufite ari ukugira umuryango ukungahaye kandi ubasha kwigira. Ibi yabivugiye mu Karere ka Kirehe ubwo yatangizaga gahunda y’ubukangurambaga ku...
Mu mpera z’iki cyumweru abakinnyi 28 bagomba kuzakurwamo abazitabira Tour du Rwanda 2017 igiye kuba ku nshuro ya 9 bagiye gusiganwa bimenyereza imwe mu mihanda izakoreshwa muri iri irushanwa....
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare FERWACY ryamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 15 bazahagararira u Rwanda mu irushanwa rya Tour du Rwanda igiye kuba ku nshuro ya 9 aho izaba kuva...
Mu gihe habura iminsi 10 kugira ngo Tour du Rwanda itangire,Umuryango ukomeje kuganira n’abakinnyi batandukanye bazahagarira u Rwanda muri iri rushanwa aho kuri uyu munsi Ephrem Tuyishimire...
Hashize iminsi mu Itorero Inkuru Nziza mu Rwanda ishyamba atari ryeru mu bapasiteri; bamwe bambuwe inshingano, abandi bakimurwa ntibemere, bagakemangwa ko nyirabayazana ari isakara ry’amashusho...
None ku wa Gatatu, tariki ya 8 Ugushyingo 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje...
• Tour du Rwanda izakoresha ingengo y’imari ya miliyoni 500 FRW
• Hagiye kujya hahembwa uwahatanye kurusha abandi
• Tour du Rwanda y’uyu mwaka niyo ya nyuma ibaye mu kwezi kwa...
• Gates yashimishijwe no kuba umukinnyi Bonaventure yatwaye agace ka 5 ka Tour du Rwanda
• Gates yatangaje ko yababajwe no kuba atarasinyishije Bonaventure
• Uwizeyimana Bonaventure niwe wegukanye...
Mu gihugu cy’ Ubuhinde mu mujyi wa Mumbai, umugore yatwikishijwe acide n’umugabo we amuhora ko ngo yashatse akazi atamujyishije inama.
Umugabo witwa roobab Ali Sheik wo mu gace ka Malwani ho mu...