Kuri uyu wa gatanu tariki ya 23 Ukuboza 2016, shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda irakomeza. Hateganyijwe imikino itandukanye ariko umukino utegerejwe na benshi ni uhuza Police FC na...
Wari umukino w’umunsi wa 12 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, APR FC yari yakiriye AS Kigali maze umukino urangira AS Kigali itsinze APR FC 1-0, APR ibura amahirwe yo kurara ku mwanya...
Ikipe ya Gorilla FC yabonye amanota atatu y’ingenzi cyane mu rugamba rwo kuguma mu cyiciro cya mbere nyuma yo gutsinda Police FC ibitego 2-0 mu minota ya nyuma...
Ikipe ya Police FC yo muri Kenya niyo izakina na Rayon Sports kuri Rayon Day 2023 [Umunsi w’Igikundiro] kuri uyu wa Gatandatu,tariki ya 05 Kanama 2023, kuri Kigali Pele Stadium.
Kenya Police FC...
Bitewe n’ikibazo cy’amikoro adahagije mu kipe ya Rayon Sports, bishobora kuyikururira kuzakina na Police FC ku munsi w’Igikundiro uzwi nka “Rayon Day.” Kuko yon ta by’imirengera...
Munyantwali Alphonse uheruka kugirwa Perezida wa Police FC na Gacinya Denis wigeze kuyobora Rayon Sports, bari mu batanze kandidatire zo kujya muri Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira...
Ikipe ya Police FC izatozwa n’umutoza,Mashami Vincent,yamaze kongerera amasezerano abakinnyi babiri barimo Eric Rutanga na Sibomana Patrick ndetse igiye gusinyisha abakinnyi 3 bashya bakomeye....
Rutahizamu Hakizimana Muhadjiri yasinyiye Police FC amasezerano y’umwaka 1, Ku Frw 15 000 000 ,atera umugongo AS Kigali yari amazemo umwaka na Rayon Sports yamwifuzaga...
Ikipe ya Police FC yashyize hanze imyambaro abakinnyi bayo bazakoresha muri iyi shampiyona izatangira kuri uyu wa Gatandatu iriho amazina yabo nyamara mu myaka ishize ntiyaba ariho.
Mu mafoto...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ ryemereye ikipe ya Police FC na AS Kigali gusubukura imyitozo yitegura shampiyona ishobora kuzasubukurwa muri uku...
Ikipe ya Police FC iraranye umwanya wa mbere muri shampiyona y’ikiciro cya mbere hano mu Rwanda, nyuma yo gutsinda Heroes FC ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa gatanu wa...
Ikipe ya Police FC yateye intambwe itajegajega iyigeza muri ½ cy’igikombe cy’Amahoro kuko yasanze Seninga Innocent I Rubavu imubuza gukomerwa amashyi n’abafana ba Etincelles FC mu gihe AS Kigali...
Abafana ba Rayon Sports basazwe n’ibyishimo nyuma yo gutsinda Police FC igitego 1-0,bituma Jules Ulimwengu wagitsinze bamusaba kuzenguruka stade atoragura amafaranga bamuherezaga bari hejuru...
Umutoza wa Police FC,Albert Mphande wa Police FC yahawe ibihano bikarishye byo guhagarikwa amezi 4 n’akanama gashinzwe imyitwarire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA,kubera...
Ikipe ya Police FC yatangaje ko yasezereye abakinnyi babiri bakina inyuma aribo Hertier Turatsinze na Gabriel Mugabo hamwe na Muganza Isaac usatira izamu, ibaziza imyitwarire itari myiza.
Aba...
Ubwo shampiyona y’ u Rwanda yakomeza ku munsi wayo wa cyenda kuri uyu wa gatandatu, tariki 17 Ukuboza 2016 amakipe nka AS Kigali, Espoir, Bugesera na Police FC yabashijekwitwara neza biyahesha...
Umutoza Mukuru wa Police FC, Seninga Innocent, yatangaje ko nyuma yo gusezerera abakinnyi 3 barimo 2 bakinaga mu bwugarizi, uku kwezi kwa mbere gusiga yamaze kubasimbuza.
Kuwa 12 Ukuboza uyu...
Umutoza w’ikipe ya Police FC, Seninga Innocent aratangaza ko ikipe ya APR FC na Police FC ari amakipe y’amavandimwe kandi anakinisha abana b’abanyarwanda, bityo ko umukino w’umunsi wa 10 wa...
Ikipe ya Police FC ikomeje gukaza imyitozo mu rwego rwo kwitegura ikipe ya Rayon Sports bazacakirana mu mikino ya kimwe cya kane cy’igikombe cy’amahoro umukino wa ubanza utegerejwe ku taliki 19...
Umutoza Mashami Vincent yavuze ko yishimiye gutwara igikombe cy’Intwari kuko kivuze byinshi ku gihugu ndetse yemeza ko yasabye abakinnyi be gutuza no gukomeza kugira inyota yo gutwara...
Umupolisi w’Umunyarwanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Felly Bahizi Rutagerura, yahawe inshingano ku mugaragaro zo kuba Umuyobozi mushya ushinzwe ibikorwa bya Polisi iri mu butumwa...
Ikipe ya Rayon Sports yongeye kwigaragaza mu mukino w’ishyiraniro ubwo yatsindaga Police FC igitego 1-0 mu gihe APR FC habuze gato ngo itakaze agahigo kayo ko kudatsindwa kuko yanganyije na Etoile...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Ugushyingo Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu Batatu baherutse gushungera,gukora ku misatsi, gutunga intoki no guseka abashyitsi...