Umuryango w’Abibumbye washimye Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Central African Republic (CAR) buzwi nka Multidimensional Stabilization Mission in Central African...
Nyirampakaniye Sperata, umubyeyi w’imyaka 54 y’amavuko wari utuye mu Mudugudu wa Ayabatanga, mu Kagari ka Kavumu, Umurenge wa Mageragere, Akarere ka Nyarugenge yishwe n’ingona yamufatiye ku ruzi rwa...
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Rulindo yafashe uwitwa Habyarimana Jean Damascene yari imaze igihe ishaka kubera ibyaha akekwaho byo gucukura amabuye yo kubakisha mu buryo bunyuranije n’amategeko;...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu turere twa Musanze na Gakenke ku itariki ya 14 Nyakanga yangije ibiyobyabwenge bitandukanye. Mu karere ka Musanze ibikorwa bya kubyangiza byabereye mu mirenge ya...
Polisi y’u Rwanda mu turere twa Karongi na Ngororero yafatanye abagabo babiri magendu y’amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Gasegereti na Amethyst.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’i...
Kuri uyu wa kane tariki ya 13 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu yangije inzoga z’inkorano zigera kuri litiro 800 zizwi ku izina ry’amandare.
Izi nzoga zikaba zarafatiwe mu...
Ku wa kabiri taliki ya 11 Nyakanga nibwo abasore 2 b’abanyarwanda Rusheshangoga Michel na Usengimana Danny baherutse kugurwa n’ikipe ya Singida FC batangiye imyitozo muri iyi kipe berekejemo ndetse...
Ikipe ya AS Kigali irimo gutegura irushanwa rizahuriramo amakipe 4 akomeye yo mu Rwanda n’andi y’ibigugu yo muri afurika nkuko yabikoze umwaka ushize ubwo yazanaga ikipe ya AS Vita Club....
Umukwabu Polisi y’u Rwanda mu karere ka Huye yakoze ku itariki 9 z’uku Kwezi mu kagari ka Kiruhura, mu murenge wa Rusatira, mu karere ka Huye yawufatiyemo litiro 1, 200 z’inzoga yitwa Muriture...
Ku wa 11 Nyakanga uyu mwaka, Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gakenke yafashe, inashyikiriza Akonkwa Adrien, Bisimwa na SK Akbaar Ali Mudasobwa ngendanwa ebyiri yafatanye abakekwaho kuzibiba....
Ku itariki ya 10 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyamagabe yataye muri yombi umugabo witwa Ntakirutimana Emmanuel utuye mu mudugudu wa Bususuruke akagari ka Kagano Umurenge wa...
Umugore witwa Oluchi Emeobi wo mu gihugu cya Nigeria yatawe muri yombi na komanda wa polisi yo mu gace ka Anambra State, muri Nigeria akurikiranyweho kugurisha umwana we w’amezi abiri bakamuha...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 11 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda yamurikiye abaturage b’umurenge wa Gikomero akarere ka Gasabo ikibuga cy’umupira w’amaguru yabubakiye, kikaba ari kimwe...
Umugabo w’imyaka 30 wo muri Tanzania witwa Darius Makambak umupolisi muri Tanzania Police force yishyuye inshuti ye Evans Mastano amafaranga menshi ngo amuterere inda umugore none bagiye kwitabaza...
Kuva taliki ya 4 Nyakanga , Polisi ikorera mu karere ka Karongi icumbikiye abagabo 4 bakurikiranyweho gukoresha amafaranga y’amiganano agera ku bihumbi 65.000.Uwimana Joseph w’imyaka 36,...
Ahagana saa tanu z’ijoro ryo ku itariki 5 z’uku kwezi, Polisi y’u Rwanda mu karere ka Ngororero yafashe Harerimana Sylvestre apakiye toni n’ibiro 46 by’amabuye y’agaciro ya Koluta (Coltan) ya magendu...
Mu masaha ashize kuri uyu munsi taliki ya 06 Nyakanga abantu umunani muri Malawi bamaze kugwa mu mubyigano wo kuri stade yitwa Bingu national stadium iherereye mu mugi wa Lilongwe.
Amakuru...
Ikipe ya Bugesera FC ikomeje inzira yo kwiyubaka aho yamaze kugura abakinnyi bakomeye barimo ni umusore wahoze akinira Rayon Sports n’Amavubi Ndatimana Robert ndetse banongerera amasezerano...
Umusore Ndatimana Robert uri mu biganiro n’ikipe ya Bugesera yatangarije ikinyamakuru Umuryango ko kugaruka mu ikipe ya Rayon Sports ari inzozi ze kandi ko yizeye ko umunsi umwe azabigeraho....