Bruna Biancardi ukundana na Neymar yagize icyo atangaza nyuma yuko we n’umwana baherutse kwibaruka bari bashimuswe n’ibisambo byitwaje intwaro aho batuye São Paulo muri...
Binyuze mu bwumvikane bw’impande zombi, Bugesera FC na Eric Nshimiyimana wari umutoza wayo basheshe amasezerano kuri uyu wa kabiri tariki ya 14 Ugushyingo...
Haringingo Francis Christian yagizwe umutoza mukuru wa Bugesera FC ahabwa amasezerano y’umwaka umwe n’igice asimbuye Eric Nshimiyimana watandukanye nayo kuri uyu wa...
Mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 20 Ugushyingo 2023, inyubako ikorerwamo ubucuruzi iherereye muri Gare ya Musanze, yafashwe n’inkongi y’umuriro hahiramo ibintu...
Umukinnyi w’ikipe ya APR Volleyball Club,Merci Gisubizo, ashobora guhagarikwa amezi menshi hanze kubera imyitwarire idahwitse yagaragaje mu mukino wa CAVB Zone V Club...
Umuyobozi w’agateganyo w’akarere ka Rubavu, Nzabonimpa Deogratias yabyutse asura ikipe ya Etincelles FC aganira n’abakinnyi mu kurushaho kwitegura umukino bazakiramo Rayon Sports, ejo kuwa...
Irandukunda Jean Bertrand wabaye umukinnyi mu makipe akomeye hano mu Rwanda arimo APR FC n’Amavubi, yemeje ko aretse burundu umupira w’amaguru kubera imvune...
Abakinnyi ba Kiyovu Sports baraye bahawe umushahara w’ukwezi kumwe basabaga ubuyobozi bw’ikipe, kuri ubu bari hamwe aho bari kwitegura umukino baza guhuramo na APR FC kuri uyu wa...
Mu mukino w’umunsi wa 16 ubimburira indi yose yo kwishyura ya shampiyona,ikipe ya Gasogi United yatsinze Rayon Sports ibitego 2-1,kuri Kigali Pele Stadium.
Advert – Laboratory Technician (Kiziba)
About the Role:
Save the Children (SC) is the world’s largest independent child rights organization, underpinned by a vision of a world in which every...
Umutoza wa APR FC, Thierry Froger yavuze ko agendeye kuri raporo abaganga bamuhaye,rutahizamu Victor Mbaoma yagiriye imvune ikomeye mu irushanwa rya Mapinduzi Cup izatuma ukwezi kuri imbere...
Umutoza wa Kiyovu Sports,Joslin Bipfubusa, n’umwungiriza we Nzigamasabo Stève ntibari ku mukino iyi kipe yakinnye na Gorilla FC muri 1/8 cy’irangiza mu gikombe...