Urubyiruko rwarokotse jenoside yakorewe abatutsi ruri mu mashuri AERG n’ abayarangije bibumbiye muri G- AERG kuri uyu wa 11 Weruwe 2017 basannye inzu y’ umukecuru utuye mu murenge wa Mata mu karere...
Inzego z’ubutasi muri Ameika zavuze ko umugabo wari ufite igikapu yatawe muri yombi nyuma yo guca ku biro by’umukuru w’igihugu wa Amerika bizwi ku izina rya White House.
Perezida Donald Trump yari...
Aya ni amwe mu mafoto meza yafatiwe mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane w’ Afurika.
Aba ni abapolisikazi bo mu gihugu cya Uganda
Uganda: Umugore asuhuza Perezida Museveni ku munsi...
Abafite uburiro n’utubari mu gace ka Nyabugogo baba hari amafaranga begeranyaga buri kwezi yo gutanga nk’inyoroshyo ku mukozi wari ushinzwe kugenzura isuku (ubu arafunze) mu Murenge wa Kimisagara...
Mu gihe abakirisitu bitegura kwizihiza Pasika, itsinda ry’abubatsi ryasoje ibikorwa byo kuvugurura ahafatwa nk’ahari imva Yezu Kristu yashyinguwemo akazuka mu mujyi wa Yeruzalemu.
Hari hashize...
Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli yakiriye indahiro z’ abaminisitiri bashya barimo Dr Harrison Mwakyembe wasimbuye uwari Minisitiri w’ itangazamakuru Nape Nnauye, asaba itangazamakuru...
Gereza ya Gasabo iherereye mu murenge wa Kimironkomu w’ Akarere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali yafashwe n’inkongi y’umuriro mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Werurwe 2017. RCS yatangaje...
Ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru tariki ya 2 Mata 2017, inzu y’ umuturage iherereye ahitwa Cyahafi munsi y’ amashuri ya Cyahafi na Gereza ya Nyarugenge yafashwe n’ inkongi y’ umuriro yangirikiramo...
Bamwe mu bagororwa bafungiye muri gereza ya Gasabo iherutse kwibasirwa n’ inkongi y’ umuriro , mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tari 3 Werurwe 2017, bazindukiye mu myigaragambyo batera amabuye mu...
Urwego rw’ igihugu rushinzwe imfungwa n’ abagororwa RCS rwatangaje ko rwatangiye kwiga ku kibazo cya buri muntu mubagize uruhare mu myigaragambyo yadutse muri gereza ya Gasabo, kuri uyu wa Mbere...
Dr Yvonne Kayiteshonga, Umuyobozi ushinzwe indwara zo mu mutwe
Impuguke mu bijyanye n’ indwara zo mu mutwe mu Rwanda zigaragaza ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu bifite ihungabana riri ku kigero...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4 Mata 2017, abantu 50 bakurikiranyweho icyaha cy’iterabwoba mu Rwanda bongeye kwitaba urukiko rukuru rwa Kigali. hongera kuvuka impaka ku rukiko rufite ububasha bwo...
Urwego rw’ igihugu rushinzwe imfungwa n’ abagororwa mu Rwanda rugaragaza ko rutazi neza niba gereza zo mu Rwanda zigira ubwishingizi. Ni mugihe amagereza ari zimwe mu nyubako za Leta, nyamara Leta...
Umurambo w’umwana w’imyaka 2 witwa Uwamahoro Claudine, watoraguwe mu ma saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba wo kuwa gatandatu mu mudugudu wa Ruganzu, akagari ka Mashyuza mu murenge wa Nyakabuye, mu...
Umugabo witwa Tujyinama Silas, w’imyaka 64 y’ amavuko, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 11 Mata 2017, yemereye imbere y’abaturage ko mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi yari mu...
Impunzi z’ Abarundi n’ iz’ Abanyarwanda ziri mu nkambi Dzaleka iri hafi y’umurwa mukuru wa Malawi, Lilongwe zagiranye amakimbirane ashingiye ku moko nk’ uko byatangajwe na Leta ya Malawi.
Mu minsi...
Mu karere ka Bugesera ho mu ntara y’iburasirazuba mu murenge wa Nyamata, umugabo uri mu kigero cy’imyaka 25 na 30 y’amavuko yamaze amasha hafi arindwi ari ku giti cy’imyumbati yari yagiye kwiba...
Kuwa Kane w’iki cyumweru ingabo za Kongo zagabweho igitero n’imitwe yitwaje intwaro. Ibi byabereye mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Ingabo za FARDC zikorera mu gace bita Kalau, hafi y’umujyi wa...