Mugisha Benjamin wamamye nka The Ben ku nshuro ya kabiri agiye kugaruka mu Rwanda mu gitaramo gikomeye yatumiwemo cyo kwita ibyana by’ingagi amazina. Biteganyijwe ko kwinjira ku muntu umwe ari...
Umubyeyi w’imyaka 20 y’amavuko utatangajwe amazina utuye mu murenge wa Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge avuga ko atazongera kubyara ukundi bitewe n’uburyo ngo atitaweho aho yari yagiye kubyarira...
Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro za Gen (Rtd) James Kabarebe uherutse kugirwa Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga na Francis Gatare...
Mu rwego rwo gukomeza guhangana n’ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus kiri mu Rwanda, RDB yahagaritse kwiyarurira muri za resitora, imikino ya billard mu tubare, aba Dj, Live Band ndetse...
Umwe mu bakinnyi bakomeye ba PSG azasura u Rwanda muri Kamena uyu mwaka nkuko byatangajwe n’ushinzwe ubukerarugendo muri RDB, Kaliza Belyse mu kiganiro...
Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere, RDB, kiri mu myiteguro y’umunsi mpuzamahanga ngarukamwaka wo Kwita Izina,mu muhango ugiye kuba ku nshuro ya 15, aho muri uyu mwaka abana 25 b’ingagi ari bo bazahabwa...
Umunyarwanda Byamungu Livingstone wari ushinzwe ishoramari muri RDB,yaraye aguye mu mpanuka y’imodoka we n’abana be 4 yabereye mu karere ka Lwengo mu muhanda Masaka- Mbarara...
Biravugwa ko kuri uyu wa Tanu tariki ya 30 Kamena 2023 , ikipe ya Rayon ports ,izasinyana amasezerano n’ikigo cy’igihugu gishizwe iterambere RDB , ikazaba ariyo kipe ya mbere mu Rwanda izaba...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) ruravuga ko serivisi nshya yo gutembereza ba mukerarugendo hakoreshejwe Hot air Ballon mu kirere cya Pariki y’Igihugu y’Akagera izazamura...
Abanyabigwib’ikipe ya Arsenal FC, Robert Pires, Ray Parlour na David Seaman,bari mu ruzinduko mu Rwanda ndetse amafoto ya mbere bayafotowe bageze mu karere ka Rusizi aho bagiye gusura Pariki ya...
Abanyabigwi b’ikipe ya Arsenal barimo Robert Pires, Ray Parlor na David Seaman,bari mu ikipe izwi nka The Invincibles yatwaye Premier League idatsinzwe ndetse ikamara imikino 49 itazi uko...
Abakinnyi ba Arsenal barimo Granit Xhaka, Rob Holding na Ben White basuye aho u Rwanda ruri kumurikira ibikorwa byarwo mu Imurikagurisha mpuzamahanga riri kubera i Dubai.
Ikipe ya Arsenal iri...
Mu ijoro ryakeye nibwo hatangajwe ibyemezo by’Inama y’abaminisitiri yateranye ku munsi w’ejo tariki ya 18 Mutarama 2021 yafashe umwanzuro wo gusubiza muri Guma mu rugo umujyi wa Kigali kubera ko mu...