Ikipe ya APR FC yamaze kuzana umutoza mushya wungirije witwa Pablo Morchon ukomoka mu gihugu cya Argentina usanzwe ari kabuhariwe mu kongerera ingufu...
Umutoza Ivan Minnaert wahoze atoza ikipe ya Rayon Sports yavuze ko umuyobozi wayo,Munyakazi Sadate nta bushobozi bwo kuyiyobora ariyo mpamvu iri mu bibazo bikomeye birimo no kunanirwa...
Umukinnyi Mugiraneza Jean Baptiste Migi yatangaje ko bitarenze mu kwa cumi azaba yanditse ibaruwa isezera mu ikipe y"igihugu Amavubi, nubwo we ku giti cye yamaze...
Mu rukerera rwo ku Cyumweru tariki ya 9 Kanama 2020, Polisi ikorera mu Karere ka Rusizi mu Murenge wa Nyakabuye mu Kagari ka Mashyuza yahafashe abantu 24 barimo gusenga binyuranyijwe...
Abarwayi batari munsi ya 10 bapfuye ubwo inkongi y’umuriro yadukaga ku bitaro byakira mu buryo bw’agateganyo abanduye Covid-19 byo mu mujyi wa Vijayawada, mu majyepfo ashyira uburasirazuba...
Uwitwa Uwimbabazi Irène wo mu karere ka Ruhango yatangaje ko bagizi ba nabi bamuteye mu rugo rwe bamufata ku ngufu, baranamukubita baramukomeretsa ariko RIB yatangaje ko mu bizamini yafashwe...
Umubyeyi witwa Cyizanye Marie Béata umaze iminsi 20 abyariye mu Kigo cyita ku banduye Coronavirus cya Rugerero mu karere ka Rubavu,yasezerewe uyi munsi n’abaganga nyuma yo gusuzumwa abaganga...
Mu gihe kwinjira mu kwezi kwa Kanama,umuyoboro wa’insakazamashusho zigenzweho [digital TV] Startimes yateguriye ikirori cy’imyidagaduro na gahunda y’amasomo azatuma abana bose mu kigero gitandukanye...
Mu gitondo cyo kuwa mbere tariki ya 03 Kanama 2020 ,abasore batatu bafatiwe mu gasanteri k’ ubucuruzi gaherereye mu murenge wa Ruhango bikekwa ko bari kugurisha inyama z’ imbwa bari baraye...
Umukecuru Nyirangondo Esperancia utuye mu karere ka Gisagara umurenge wa Ndora ufite imyaka 87 uzwi ku izina (Ababakobwa bafite ubushyuhe n’abasore bafite ubushyuhe) agiye kujyana Dj Pius na Bruce...
Visi Perezida wa APR FC,Afande Mubarakh yashimiye abakinnyi uko bitwaye 2019-2020, abasaba kubisubiramo 2020-2021 ndetse bakagera mu matsinda ya CAF Champions League ndetse bagatwara...
Umucukuzi uciriritse wo muri Tanzania, wamenyekanye ubwo bwacyaga abaye umuherwe utunze za miliyoni mu kwezi kwa gatandatu amaze kugurisha amabuye abiri ya Tanzanite kuri miliyoni 3,4 z’amadolari...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko amasibo 3 yo mu mudugudu wa Kabutare mu kagari ka Bwerankori mu murenge wa Kigarama mu karere yashyizwe muri Guma mu rugo mu gihe Imidugudu ya...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Gasogi United bwatangaje ko uwari ushinzwe ubuzima bw’ikipe [Team Manager] witwa NIYIBIGIRA Patrick yahitanwe n’impanuka y’imodoka kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Nyakanga...
Umusore wari kumwe na bagenzi be babiri yarashwe arapfa mu ijoro ryo ku kabiri ushyira uwa Gatatu, mu Mudugudu w’Amajyambere, Akagari ka Musezero mu Murenge wa Gisozi,ubwo yakekwagaho gucukura...
Umunyezamu Andre Mazimpaka watandukanye na Rayon Sports mu ntangiriro z’uku kwezi,yamaze gusinyira ikipe ya Gasogi United amasezerano y’umwaka umwe ushobora kongerwa igihe azitwara...
Umugabo witwa Uhawenayo Martin uri mu kigero cy’imyaka 30 wari mu kazi ko guhanagura ibirahuri ku igorofa rya kane ku nyubako yitwa NDARU ARCAD1 iherereye muri Quartier Matheus iri mu Mujyi wa...
Kuri uyu wa mbere saa tanu za mu gitondo ku bufatanye n’abaturage Polisi ikorera mu karere ka Gasabo mu murenge wa Kimironko mu kagari ka Bibare mu mudugudu w’Intashyo yafashe uwitwa Tuyizere Eric...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bumaze gufata abaturage 82 nyuma yo gusangwa mu bikorwa bitandukanye barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19
Mu muhango w’idini wo gusezera kuri Benjamini William Mkapa wahoze ari perezida wa Tanzania wabereye mu mujyi wa Dar es Salaam ejo ku cyumweru, umuryango we watangaje ko yapfuye bitunguranye azize...