Hamad Ndikumana washakanye na Irene Uwoya aribuka neza urukundo n’umutima mwiza yari afitiwe n’umukunzi we mu bukwe bwabo akibuka n’uburyo yari mwiza, kuri ubu yahishuye ko asa n’uwagenzwaga na...
Ntabwo ari igitangaza kumva umukinnyi runaka ari mu rukundo n’umukobwa gusa hari bamwe mu bakinnyi bagiye basubira inyuma mu mikinire yabo kubera igitsina gore aho baba ari abakinnyi bakomeye...
Kuri uyu wa 3 Kanama 2017, benshi mu Banyarwanda baba mu bihugu byo hanze, batangiye gutora Perezida wa Repubulika.Ni mu gihe mu gihugu cy’u Rwanda amatora ateganyijwe ku munsi w’ejo, tariki ya 04...
Umutare Gaby uri mu bakoze indirimbo zakunzwe mu myaka ishize mu Rwanda, aherutse gusezerana kubana n’umukunzi we bazajya kubana mu mahanga witwa Joyce Nzere, kuri ubu aba bombi bari mu kwezi kwa...
Kapiteni w’ikipe ya Real Madrid Sergio Ramos nyuma yo gutsindwa mu mukino ikipe ye yahuraga na Barcelona kuri uyu wa gatandatu taliki ya 29 Nyakanga ibitego 3-2, yatangaje icyo yifuza kuri Neymar...
Maniraruta Martin wamamaye nka Mani Martin bwa mbere yemeko ari mu rukundo n’umukobwa atifuje gutangaza amazina, ngo nawe azava mu busore age mu cyiciro cy’umugabo uhamye ubana n’umugore...
Muri Kanama uyu mwaka 2017 mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane w’ Afurika birimo Kenya, u Rwanda, na Angola abaturage bazitorera umukuru w’ igihugu.
Muri Kenya n’ u Rwanda ibikorwa byo...
Dr Frank Habineza, ni we mukandida wemejwe n’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije-Democratic Green Party, ko azarihagararira nk’umukandida-Perezida mu matora y’umukuru w’igihugu....
IFOTO INTERNET
Nitwa IRAKIZA Sarah, navutse mu mwaka w’1980, mvukira i Bujumbura/Burundi. Mbarizwa mu Karere ka Huye. Ubuhamya bwanjye bushingiye mu guhugura urubyiruko, cyane cyane abakobwa...
Umunyarwenya Ramjaane Niyoyita yarushinganye n’umukunzi we Gentille Umuhoza bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo. Ubukwe bwabo bwabereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Leta ya Texas kuri...
Assoumpta Kampororo, umubyeyi w’imyaka 44 yipimishije amenya ko yanduye mu mwaka wa 2002, ariko we akeka ko amaze imyaka 22 yanduye agakoko gatera SIDA.
Kampororo ngo akimenya ko yanduye,...
Patient Bizimana uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana hano mu Rwanda, yashimishijwe cyane no kubona ababyeyi be bujujye Yubile y’imyaka 50 babana mu mahoro no mudendezo.
Abinyujije...
Umuhanzikazi Janet Jackson w’imyaka 50 y’amavuko yibarutse imfura y’umuhungu mu rucyerera rwo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 03 Mutarama 2017.
Janet ni mushiki w’icyamamare Michael Jackson witabye...
Ikirangirire mu mukino wa Tennis, Serena Williams w’imyaka 35 y’amavuko agiye kurushinga n’umukunzi we bamaranye umwaka umwe bakundana.
Ikinyamakuru HollywooodLife cyanditse ko tariki ya 28...
Inkuru iri gucicikana mu bitangazamakuru bitandukanye ikanazengurutswa imbuga nkoranyambaga zitandukanye n’urukundo rw’umuhanzi Kitoko Bibarwa utuye mu Bwongereza uri mu rukundo n’umunyamakuru...
Umurimbyi wo muri Jamaica, Sean Paul, yamaze gutangaza ko we n’umugore we bibarutse imfura y’abo mu ijoro ryo ku cyumweru tariki ya 26 Gashyantare 2017, bahise banaha izina rya ’ Levi Blaze’.
Ku...
Uwera Dalila wabaye Nyampinga wa mbere u Rwanda rwagize mu mateka, hashize imyaka ibiri yatse gatanya, muri uku Kwezi nibwo yemerewe gutandukana n’umugabo we witwa Dirk w’umubiligi.
Ku wa 01...
Madamu Carr ni Umunyamerika kazi watangije igihingwa cy’ibireti mu karere ka Rubavu mu murenge wa Mudende, n’ikigo kirera imfubyi "Orphelinat Imbabazi" nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994....