Tupac wavuzweho ko yishwe arashwe mu mwaka wa 1996,biravugwa ko ari muzima ndetse mu minsi mike iri imbere agiye gukorana indirimbo n’umuraperikazi Cardi B uhagaze neza muri iyi...
Nyuma yaho Miss Bahati Grace wabaye Miss Rwanda 2009 bitangajwe ko yatandukanye n’umuraperi K8 Kavuyo banabyaranye , uyu Bahati Grace yemeje ko ari murukundo nundi...
Umuraperikazi w’umunyamerika witwa Cardi B yatangarije umunyamakuru witwa Jimmy Kimmel mu kiganiro cyari imbonankubone kuri TV ko yangiritse igitsina cye ubwo yabyaraga umukobwa we...
Umuraperi nyarwanda Manzi Patrick uzwi ku izina rya Generous 44 na mugenzi we baririmbana mu itsinda rimwe rya Thug Nation Mirabyo The Warren bari mu maboko ya Polisi bashinjwa kunywa...
Umuhanzikazi Rihanna ukunzwe n’abatari bake hirya no hino ku Isi bitewe n’ibihangano bye akora bigatuma yigarurira imitima ya benshi, kuri ubu yatunguye abafana be ubwo yifotozaga ari kumwe...
Umuraperi Green P wo mu itsinda rya Tuff Gangs yavuze ko ikintu cyamubabaje cyane mu buzima ari ukugira ikigare cy’abantu batari beza,bamwanduje imico mibi kugera ubwo yari agiye kuhasiga...
Umuraperi Manzi Patrick wamamaye nka Generous 44 mu ndirimbo zirimo nka Ntabirenze, Sober n’izindi, amaze igihe kigera ku mwaka ari kugororerwa i Wawa.
Umuraperi ukomeye ku isi,Kendrick Lamar yageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,tariki ya 05 Ukuboza, aho yitabiriye igitaramo cya ‘Move Afrika’ giteganyijwe kubera muri BK Arena ku wa...
Umuraperi Kendrick Lamar Duckworth wamenyekanye mu muziki nka Kendrick Lamar, uri mu bakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ategerejwe i Kigali mu gikorwa cyizwi nka “Global Citizen...
Mbonimpa John w’imyaka 65 wari umubyeyi w’Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben ndetse n’Umuraperi Green P, yitabye Imana mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu.
Aubrey Drake Graham, umuraperi uri mu ba mbere bakunzwe ku Isi ari mu mazi abira nyuma yo kuregwa Umuhanzi Obrafour wo mu gihugu cya Ghana amushinja ku mushishura indirimbo ntaruhushya ....
Umuraperi Bad Bunny ari kwishyuzwa miliyoni 40$ na Carliz De La Cruz bahoze bakundana amushinja gukoresha amajwi ye mu bihangano bye nta burenganzira...
Umuraperi Zilha uri mu bagezweho muri iyi minsi mu Rwanda yahamije amakuru y’uko yatandukanye na Ange Dababy uzwi mu ndirimbo z’abahanzi bari bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo n’impamvu...
Ray Nguyen-Stevenson wamenyekanye ku izina rya Tyga nk’umuraperi yatawe muri yombi azira guhohohotera Camaryn Swanson wahoze ari umukunzi we, umushinja kumugirira nabi no kumukomeretsa ijisho...
Umuraperi w’Umunyamerika,William Leonard Roberts II uzwi nka Rick Ross,yavuze ko aziranye na Hamisa Mobetto,ikizungerezi cyo muri Tanzania cyakundanye n’umuhanzi Diamond Platnumz bakanabyarana...