skol
Kigali

Search: umuraperi (955)

Amber Rose yigambye kuba yarakuze ariwe kizungerezi mu gace k’iwabo

Umunyamideli Amber Rose Levonchuck yigambye kuba aho yavukiye ariwe mukobwa wenyine w’ikizungerezi uhakomoka, ngo gukurira muri ako gace kuri we byamubereye umuvumo n’ umugisha. Ibi uyu mukobwa...
29 July 2017 1603 0

Umunyarwandakazi witegura kurushinga na A.Y yasoje amasomo ya Kaminuza

Umuraperi Ambwene Allen Yessayah wamamaye nka A.Y ari mu byishimo by’ikirenga nyuma y’uko umukunzi we bitegura gushyingiranwa asoje amashuli ya Kaminuza. A.Y usanzwe ari mubyara wa Alpha...
22 July 2017 4476 0

Ciney yavuze abahanzi batinze gushaka, anavuga icyatumye atabyara umwana hanze

Ciney uherutse kurongorwa , avuga ko mu bahanzi nyarwanda harimo abatinze gushaka ariko ngo benshi muri bo bamaze kubyara abana hanze, ngo Queen na Allioni cyangwa se Young Grace bakwiye...
22 July 2017 4898 0

Justin Beiber yakumiriwe n’ u Bushinwa kubera imyitwarire ye

Umuhanzi w’umuraperi w’umunya Canada ufite ubwenegihugu bw’Amerika, Justin Beiber, yabujijwe kujya gukorera igitaromo mu gihugu cy’ Ubushinwa bitewe n’imyitwarire ye idahwitse. BBC dukesha iyi nkuru...
21 July 2017 413 0

Miss Bahati washwanye na Kavuyo yavuze ku mwana wabo wizihije isabukuru y’amavuko

Umuraperi William Muhire uzwi nka K8 Kavuyo yateye inda Miss Bahati Grace babyara umwana w’umuhungu bamwita Ethan Muhire akaba ari nawe wujuje imyaka itanu y’amavuko kuri uyu wa 20 Nyakanga 2017....
21 July 2017 5274 0

Anita Pendo yakorewe ibirori bya ‘Baby Shower’ n’inshuti z’akadasohoka-AMAFOTO

Anita Pendo wamamaye nk’umushyushyarugamaba, Dj akaba n’umunyamakuru wa RBA yakorewe ibirori bya ‘Baby Shower’ byo guha ikaze umwana azibaruka muri Nzeli uyu mwaka. Anita akundana byeruye na...
17 July 2017 3345 0

A.Y yambitse umunyarwandakazi impeta bamaranye imyaka umunani bakundana- AMAFOTO

A.Y, umwe mu bahanzi bubashywe muri Afurika y’Uburasirazuba by’umwihariko iwabo muri Tanzania, yambitse umukunzi we impeta imuteguza kubana nk’umugabo n’umugore mu minsi ya vuba. Mu ukuboza 2016,...
14 July 2017 3218 0

Reba ibintu bitangaje utaruzi Jay Polly ahuriyeho na King James

Jay Polly ni umwe mu bahanzi bafite izina rikomeye muri muzika nyarwanda ibi kandi akaba abihuriyeho na King James nawe ufite izina ritari rito mu ruhando rwa muzika Nyarwanda. Jay Polly ni...
8 July 2017 5128 0

Am G The Black yujuje imyaka ituma arekana n’inshuti z’Agasaza

Umuraperi Hakizimana Amani wamamaye nka Am G The Black yatangaje ko imyaka 26 y’amavuko yujuje isobanura kurekana n’inshuti z’ingeso mbi agatangira ubuzima bushya, ngo iyi sabukuru isize ahamije...
6 July 2017 1999 0

Nyuma yo guhabwa miliyoni 50,Young Grace arifuza gushakana n’umuzungu

Mu irangamuntu yitwa Abayizera Grace yamamaye nk’Umuraperi Young Grace, yamaze gutangaza atifuza gushyingiranwa n’umwirabura, ngo yifuza kubyara umwana w’umumetisi. Uyu mukobwa uvuga ko adafite...
6 July 2017 11331 0

Ama G The Black yakorewe ibirori byo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko n’umukobwa basigaye bakundana(AMAFOTO)

Umuraperi w’ Umunyarwanda, Hakizimana Aman wamenyekanye ku izina ry’ubuhanzi nka Ama G The Black ,mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4 Nyakanga 2017 yakorewe ibirori byo kwizihiza isabukuru...
5 July 2017 1857 0

Jay Polly umaze iminsi acecetse ahugiye mu biki?

Mu minsi yashize ni bwo umuraperi Jay Polly yagarutse mu itangazamakuru cyane, nyuma y’ibikorwa bya muzika yagiye akora bikarangira bitagenze neza, uyu muhanzi yihaye umwanya aratuza yitekerezaho...
26 November 2016 419 0

Kanye West yangiwe kujya iwe agumishwa mu Bitaro

Icyumweru kirirenze Umuraperi Kanye West ari mu bitaro byo mu mujyi wa Los Angeles. Yagize kibazo cyo kugira uburakari bukomeye n’ibindi bibazo bwo mu mutwe bitandukanye binatuma yita Jay-z...
29 November 2016 340 0

Tyga arashinjwa kutishyura ideni ry’imodoka ya Ferrari yafashe

Umuraperi Tyga arashinjwa n’umugabo witwa Alex Benedict, kutuzuza amasezerano bagiranye igihe yamukodeshaga imdoka yo mu bwoko bwa Ferrai kuva muri Mata uyu mwaka. Uyu mugabo avuga ko Tyga yaje...
29 November 2016 340 0

Wiz Khalifa yabwiye Kanye West kunywa urumogi akava mu Bitaro

Umuraperi Wiz Khalifa yagiriye inama Kanye West ugiye kumara hafi ibyumweru bibiri ari mu bitaro yo kunywa urumogi kugirango ave mu bitaro yikomereze gahunda ze harimo no gusubukuru urugendo...
30 November 2016 349 0

Kanye West ntakibana n’umugore we

Umuraperi Kanye West nyuma yo kuva mu bitaro bya Ronald Reagan UCLA Medical Center biherereye mu Mujyi wa Los Angeles muri Amerika, yakodesheje inzu ye bwite kugirango akomeza gufata imiti...
3 December 2016 2236 0

Umunyarwanda Gaël Faye ari muri 50 bamamaye muri Afurika muri 2016

Gaël Faye ni Umuraperi w’Umunyarwanda ufite inkomoko mu Bufaransa ,yashyizwe ku rutonde rw’abantu 50 bakoze ibikorwa byatumye baba ibirangirire kuri uyu mugabane wa Afurika muri uyu mwaka wa 2016....
22 December 2016 162 0

Riderman iyo abonye umugore we yihutira kuvuga Amen

Umuraperi Gatsinzi Emery uzwi nka Riderman, avuga ko iyo ari ku rubyiniro ashyigikiwe n’umugore we ari ibintu bimukora ku mutima, yabona umuburi we akavuga ’Alleluyah’. Ku cyumweru tariki 25...
27 December 2016 5033 0

Imitoma itangaje yakoreshejwe n’ abahanzi nyarwanda mu ndirimbo

Abahanzi ni abantu bakomeye mu muryango (socety) w’ igihugu icyo ari cyo cyose ku isi. Ni abantu bagira uruhare rukomeye mu kwigisha, gukosora, no gushimisha abandi babinyujije mu buhanga bw’...
29 December 2016 5140 0

Serena Williams agiye kurushinga n’umukunzi we bamaranye umwaka

Ikirangirire mu mukino wa Tennis, Serena Williams w’imyaka 35 y’amavuko agiye kurushinga n’umukunzi we bamaranye umwaka umwe bakundana. Ikinyamakuru HollywooodLife cyanditse ko tariki ya 28...
4 January 2017 1302 0

Nicki Minaj ashize amanga yeruye ko yatandukanye na Meek Mill

Umuraperi Nicki Minaj yatangaje ko yamaze gutandukana n’umukunzi we Meek Mill bari bamaranye imyaka ibiri bakundana, bagendana mu birori bitandukanye. Ikinyamakuru Tmz cyanditse ko Nick Minaj...
6 January 2017 1116 0

Mama wa P Fla yahakanye ko umwana we yajyanywe Iwawa

Muri iki cyumweru dusoje nibwo byatangajwe ko umuraperi P-Fla uzwi cyane muri Rap z’amagambo akarishye cyane yajyanwe mu kigo ngororamuco Iwawa nyuma yo gufatanywa ikiyobyabwenge cya ‘Mugo’...
9 January 2017 2681 0

Kanye West yitandukanyije na Perezida Donald Trump, aramushinja irondaruhu

Umuraperi Kanye West yamaze gutangaza ko atagishyigikiye Perezida wa 45, Donald Trump nyuma yo kugaragaza ko yanga abirabura urunaka ndetse no kwerekana ko adakunda idini ya Isilamu. Mu gitondo...
7 February 2017 1594 0

AMAFOTO ya Nicki Minaj agaragaza ko atwite yateje urujijo

Amafoto y’umuraperikazi Nicki Minaj amugaragaza nk’ukuriwe yateje urujijo mu bakurikirana umunsi ku wundi. Bamwe batangiye kuvuga ko inda atwite yayisigiwe n’umukunzi we Meek Mill batandukanye mu...
7 February 2017 3965 0

Tiwa Savage utegerejwe i Kigali, yavuze impamvu nta mushoramari wifuzaga gukorana nawe

Umuririmbyi muri Nigeria Tiwatope Savage-Balogun [Tiwa Savage], ugiye kuza i Kigali muri Werurwe uyu mwaka, yavuze ko bamwe mu bashoramari bangaga gukorana nawe kenshi bashingira ku kuba nta...
14 February 2017 1090 0

Amber Rose yavuze ku mubano we na Wiz Khalifa nyuma yo gufotorwa basomana

Mu ijoro ryo ku cyumweru tariki ya 12 Gashyantare 2017, nibwo muri leta zunze ubumwe za Amerika hatangiwe ibihembo bikomeye bya Grammy Awards aho umuhanzikazi Adele yihariye ibikombe,...
14 February 2017 2770 0

Lick Lick yamaze gusimbuza Oda Paccy, yimika Priscillah mu mutima we

Producer Lick Lick usanzwe utunganya indirimbo muri Press One biravugwa ko ari mu rukundo n’umuhanzikazi Princess Priscillah ngo basanzwe banabana mu nzu imwe muri Leta Zunze Ubumwe za America...
21 February 2017 5184 0

Rwatubyaye yasubije Ama-G wamugereranyije n’Ikiryabarezi

.Ntabwo narinzi ko Ama G ashobora kundirimba... .Ntabwo ndi Ikiryabarezi .Abantu bansaba ko iriya ndirimbo nayihagarika.. Rwatubyaye Abdul, umukinnyi w’ ikipe ya Rayon Sports akaba na...
23 February 2017 4447 0

French Montana yasohokanye n’umukunzi mushya nyuma y’abandi 2 bashwanye-AMAFOTO

Umuraperi French Montana wavuzwe mu rukundo n’umuhanzikazi Amethyst Amelia Kelly uzwi nka Iggy Azalea, yamaze kwerura ko ari mu rukundo n’umunyamideli mushya bahararanye muri iyi minsi. Kuri iki...
8 March 2017 3040 0

“Muzika ni ubucuruzi iyo uyikoze nabi urahomba” Young Grace

Umuraperikazi Abizera Grace abenshi bazi ku izina rya Young Grace avuga ko umuziki ari ubucuruzi nk’ ubundi agashimangira ko iyo ukozwe neza ubyara inyungu wakorwa nabi ukabyara ibihombo. Ibyo...
19 March 2017 1679 0
0 | ... | 660 | 690 | 720 | 750 | 780 | 810 | 840 | 870 | 900 | 930