Umunyamideli Amber Rose Levonchuck yigambye kuba aho yavukiye ariwe mukobwa wenyine w’ikizungerezi uhakomoka, ngo gukurira muri ako gace kuri we byamubereye umuvumo n’ umugisha.
Ibi uyu mukobwa...
Umuraperi Ambwene Allen Yessayah wamamaye nka A.Y ari mu byishimo by’ikirenga nyuma y’uko umukunzi we bitegura gushyingiranwa asoje amashuli ya Kaminuza.
A.Y usanzwe ari mubyara wa Alpha...
Ciney uherutse kurongorwa , avuga ko mu bahanzi nyarwanda harimo abatinze gushaka ariko ngo benshi muri bo bamaze kubyara abana hanze, ngo Queen na Allioni cyangwa se Young Grace bakwiye...
Jay Polly ni umwe mu bahanzi bafite izina rikomeye muri muzika nyarwanda ibi kandi akaba abihuriyeho na King James nawe ufite izina ritari rito mu ruhando rwa muzika Nyarwanda.
Jay Polly ni...
Umuraperi Hakizimana Amani wamamaye nka Am G The Black yatangaje ko imyaka 26 y’amavuko yujuje isobanura kurekana n’inshuti z’ingeso mbi agatangira ubuzima bushya, ngo iyi sabukuru isize ahamije...
Umuraperi w’ Umunyarwanda, Hakizimana Aman wamenyekanye ku izina ry’ubuhanzi nka Ama G The Black ,mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4 Nyakanga 2017 yakorewe ibirori byo kwizihiza isabukuru...
Icyumweru kirirenze Umuraperi Kanye West ari mu bitaro byo mu mujyi wa Los Angeles. Yagize kibazo cyo kugira uburakari bukomeye n’ibindi bibazo bwo mu mutwe bitandukanye binatuma yita Jay-z...
Umuraperi Tyga arashinjwa n’umugabo witwa Alex Benedict, kutuzuza amasezerano bagiranye igihe yamukodeshaga imdoka yo mu bwoko bwa Ferrai kuva muri Mata uyu mwaka.
Uyu mugabo avuga ko Tyga yaje...
Umuraperi Wiz Khalifa yagiriye inama Kanye West ugiye kumara hafi ibyumweru bibiri ari mu bitaro yo kunywa urumogi kugirango ave mu bitaro yikomereze gahunda ze harimo no gusubukuru urugendo...
Umuraperi Kanye West nyuma yo kuva mu bitaro bya Ronald Reagan UCLA Medical Center biherereye mu Mujyi wa Los Angeles muri Amerika, yakodesheje inzu ye bwite kugirango akomeza gufata imiti...
Gaël Faye ni Umuraperi w’Umunyarwanda ufite inkomoko mu Bufaransa ,yashyizwe ku rutonde rw’abantu 50 bakoze ibikorwa byatumye baba ibirangirire kuri uyu mugabane wa Afurika muri uyu mwaka wa 2016....
Umuraperi Gatsinzi Emery uzwi nka Riderman, avuga ko iyo ari ku rubyiniro ashyigikiwe n’umugore we ari ibintu bimukora ku mutima, yabona umuburi we akavuga ’Alleluyah’.
Ku cyumweru tariki 25...
Abahanzi ni abantu bakomeye mu muryango (socety) w’ igihugu icyo ari cyo cyose ku isi. Ni abantu bagira uruhare rukomeye mu kwigisha, gukosora, no gushimisha abandi babinyujije mu buhanga bw’...
Ikirangirire mu mukino wa Tennis, Serena Williams w’imyaka 35 y’amavuko agiye kurushinga n’umukunzi we bamaranye umwaka umwe bakundana.
Ikinyamakuru HollywooodLife cyanditse ko tariki ya 28...
Umuraperi Nicki Minaj yatangaje ko yamaze gutandukana n’umukunzi we Meek Mill bari bamaranye imyaka ibiri bakundana, bagendana mu birori bitandukanye.
Ikinyamakuru Tmz cyanditse ko Nick Minaj...
Umuraperi Kanye West yamaze gutangaza ko atagishyigikiye Perezida wa 45, Donald Trump nyuma yo kugaragaza ko yanga abirabura urunaka ndetse no kwerekana ko adakunda idini ya Isilamu.
Mu gitondo...
Mu ijoro ryo ku cyumweru tariki ya 12 Gashyantare 2017, nibwo muri leta zunze ubumwe za Amerika hatangiwe ibihembo bikomeye bya Grammy Awards aho umuhanzikazi Adele yihariye ibikombe,...
Producer Lick Lick usanzwe utunganya indirimbo muri Press One biravugwa ko ari mu rukundo n’umuhanzikazi Princess Priscillah ngo basanzwe banabana mu nzu imwe muri Leta Zunze Ubumwe za America...
.Ntabwo narinzi ko Ama G ashobora kundirimba...
.Ntabwo ndi Ikiryabarezi
.Abantu bansaba ko iriya ndirimbo nayihagarika..
Rwatubyaye Abdul, umukinnyi w’ ikipe ya Rayon Sports akaba na...
Umuraperi French Montana wavuzwe mu rukundo n’umuhanzikazi Amethyst Amelia Kelly uzwi nka Iggy Azalea, yamaze kwerura ko ari mu rukundo n’umunyamideli mushya bahararanye muri iyi minsi.
Kuri iki...
Umuraperikazi Abizera Grace abenshi bazi ku izina rya Young Grace avuga ko umuziki ari ubucuruzi nk’ ubundi agashimangira ko iyo ukozwe neza ubyara inyungu wakorwa nabi ukabyara ibihombo.
Ibyo...