Barack Hussein Obama II wabaye Perezida wa 44 wa Leta Zunze ubumwe za Amerika buri mwaka agaragaza urutonde rw’indirimbo zamunyuze, kuri ubu hagaragayeho indirimbo eshatu z’abahanzi bo muri...
Umunyabigwi muri Ruhago y’Isi ,Lionel Messi yongeye gufasha ikipe ye ya Inter Miami yo muri Leta zunze Ubumwe za Amerika kugera ku itsinzi , binezeza ibyamamare bitandukanye byari byitabiriye uyu...
Nyuma y’igihe umuraperi w’umunyamerika Rick Ross avugwa mu rukundo na Hamisa Mobetto, wahoze ari umukunzi akanabyarana n’umuhanzi wa Diamond Platnumz , uyu muhanzi yerekanye agahinda yatewe n’uko...
Umuraperi ukomeye ku Isi Jay Z usanzwe ari umufana ukomeye w’Ikipe ya Arsenal , yahishuye ko yifuza kwegukana ikipe ya Tottenham Hotspurs iri mu cyiciro cya mbere mu Bwongereza ‘Premier...
Umuhanzi umaze kubaka izina muri East Africa Harmonize umaze no kwerekana ko yihebeye Yolo The Queen ku mbuga nkoranyambaga mu Rwanda, ndetse kuri iyi nshuro bagaragaye bishimanye uyu mukobwa...
Kanye West hamwe n’umugore we ’Bianca Censori’ wo muri Australia bahagaritswe mu Butaliyani ubuzima bwabo bwose na sosiyete ikodesha ubwato ya Venetiya nyuma y’ibikorwa byabo by’urukozasoni mu...
Ku mbugankoranyambaga zo muri Uganda ndetse n’ibinyamakuru amagambo akomeje kuba menshi nyuma yo kubona amashusho ya Harmonize uri mu rukundo na Harmonize yahuje urugwiro n’umuhanzikazi...
Ku mbugankoranyambaga zo muri Uganda ndetse n’ibinyamakuru amagambo akomeje kuba menshi nyuma yo kubona amashusho ya Harmonize n’umugandekazi Laika ufite inkomoko mu...
Perezida Kagame yishimiye ko igitaramo cya mbere cya “Move Afrika: A Global Citizen Experience” cyabereye muri BK Arena avuga ko nta buryo bwiza bwo gusoza umwaka...
Impano ya Kendrick Lamar yavumbuwe afite imyaka 16 ndetse uyu muhanzi wa rap aherutse gushyirwa ku rutonde rw’abahanzi 50 b’ibihe byose ba rap muri Amerika.
Kendrick Lamar umuhanzi w’umunyamerika w’icyamamare mu njyana ya rap yakoze ‘performance’ yo ku rwego rwo hejuru mu gitaramo cya muzika muri BK Arena i Kigali aho yataramiye ibihumbi by’urubyiruko...
Umuhanzikazi Rihanna wamenyekanye cyane ku isi yatangaje ko ubu ari kwicuza kuba yarambaye utwenda tw’imbere ku karubanda ndetse agashyira hanze ubwambure bwe amurika imideli, avuga ko atazigera...