Perezida wa Uganda Kaguta Museveni yirukanye ku mirimo umukuru wa Polisi, Gen. Kale Kayihura ndetse na Minisitiri w’umutekano, Lt Gen. Henry Tumukunde, nyuma y’amakimbirane yari amaze iminsi avugwa...
Dr Frank Habineza, Umukandida uzahagararira ishyaka riharanira demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Nyakanga 2017 yiyamamarije mu murenge wa Muganza w’...
Perezida Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Leta zunze ubumwe z’ Amerika ngo umutekano we utwara miliyoni y’ amadorari buri munsi. Ni ukuvuga miliyari 820 mu manyarwanda.
Ibi ni ibitangazwa...
Perezida Joseph Kabila
Perezida wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo Joseph Kabila yategetse ko hakorwa iperereza ku bwicanyi, amahanga avuga ko inzego z’ umutekano z’ iki gihugu zakoreye...
Ambasaderi w’Ububiligi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,Roxane de Bilderling, yatangaje ko igihugu cye kigiye kwinjira mu bibazo by’umutekano mucye ukomeje kurangwa mu Burasirazuba bwa...
Guverineri w’intara ya Ituri Let.Gen Johnny Luboya kuri uyu wa 15 Kanama 2023 yabwiye abaturage be ko akeneye ubufasha bwabo ngo ahangana n’imitwe yitwaje intwaro...
Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki ya 9 Nyakanga 2023,inzego z’umutekano mu Karere ka Rubavu zarashe umugabo uri mu kigero cy’imyaka 25, akekwaho ubujura...
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 27 Kamena, i Luanda, umurwa mukuru wa Angola, harasozwa inama ku kibazo cy’umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ihuza EAC, ECCAS, CIRGL...
Inzego zishinzwe Umutekano mu karere ka Muhanga, zarashe umujura wari witwaje inkota n’ipiki yikoreye na Televiziyo yari yibye Umuturage mu rukerera rwo kuri uyu wa 08 Mata 2023.
Ibi byabereye...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Bwana Alfred Gasana.
Gasana wagizwe Minisitiri mushya w’Umutekano, yigeze kuba mu Nteko Ishinga...
Umuhanzi Davis D uri mu bari gushyira hanze indirimbo zigezweho muri iyi minsi, yatangaje ko agiye gutangira kujya akorana n’itsinda ry’inkumi zizajya zimucungira umutekano mu gihe agiye mu...
Igisamagwe cyateye mu rugo rwo mu Mudugudu w’Agakera mu Kagari ka Rango-A Umurenge wa Mukura mu Karere ka Huye, giheza mu nzu abantu umunani barutuyemo.
Umusanza witwa Felicien Ntakizasigara utuye mu Mudugudu wa Karukogo, Akagari ka Rukoko, Umurenge wa Rubavu, mu Karere ka Rubavu yishyiriye inzego z’umutekano nyuma yo kwicisha ishoka uwo...
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zafatiye ibihano Minisitiri wa Zimbabwe w’umutekano mu gihugu imushinja ko yagize uruhare rukomeye mu guhonyora uburenganzira...
Nyuma y’ubutumwa bwakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga buvuga ko Meddy nagera i Burundi azomeswa (azicwa), kuri ubu abateguye ibitaramo bya Meddy batangaza ko azahabwa abapolisi bamucungira...
Ushobora kuba ukoresha ubwirinzi bukomeye ngo urinde urugo rwawe, ugakoresha inzugi karahabutaka cyangwa se imbwa z’inkazi, ariko icyo wamenya ni uko iyo bigeze ku burinzi bwa Perezida wa Leta...
Umujyanama wihariye wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano, General James Kabarebe yaraye asuye inzego z’umutekano z’u Rwanda ziri mu Ntara ya Cabo Delgado muri...