Mayonde Masya wo muri Kenya witabiriye igitaramo mu Rwanda, cyiswe “Kigali Jazz Junction”, yabwiye abakunzi b’umuziki we ko aterwa ishema no kuba ari Umunyarwandakazi.
Mayonde, mu kugaragaza ibi...
Urutonde rw’imirimo igera ku icumi itera abayikora guhora banezerewe. Ibi byagezweho nyuma y’ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’ubushakashatsi cya kaminuza ya Chicago muri Leta Zunze ubumwe...
King James aranyomoza amakuru yamuvugwagaho ko ari gutegura ubukwe, agashimangira ko ayo makuru atari yo, ko ababivuga ari ukubeshya.
Hari hashize iminsi havugwa ko uyu muhanzi yaba ari...
Nshimiyimana Muhamed uzwi ku izina rya Nizzo Kabos uririmba mu itsinda rya Urban Boyz mu minsi yashize byavuzwe ko yatandukanye n’umukunzi we Umulisa Yvette gusa yirinda kugira byinshi...
Anita Pendo amaze iminsi itarenze icumi atangaje byeruye ko yitegura kwibaruka ndetse inda atwite byemezwa ko ari iy’umukunzi we Nzeyimana Ndanda Alphonse, umukinnyi wa AS Kigali.
Urukundo rwa...
Hari abahungu bamwe na bamwe bijya bisa n’aho bibagora cyane kuba babasha kwiteretera umukobwa kandi akemera kuko hari n’abo usanga bavuga ngo bo ntibahiriwe no gukunda,ariko hari ubwo usanga...
Ishimwe Elcy wagiye avugwa cyane ko yaba akundana na King James ubu yamaze gutangaza umukunzi we akura mu rujijo abantu bibazaga kubye n’ umuhanzi King James. Mu mwaka wa 2015 nibwo mu Rwanda...
Umuhanzi w’umuraperi Hakizimana Amani wamenyekanye mu muziki nka Ama G the Black yamaze gutandukana n’umugore we bari bamaranye imyaka ibiri, banabyaranye umwana umwe Ahita yishumbusha undi...
Umukobwa w’imyaka 27 y’amavuko witwa Sammy Maalen yashyizwe ku isoko na musaza we kubera ko amaze umwaka wose nta mukunzi afite ndetse ko ngo atigeze aba n’umunyamahirwe mugihe yari yakundanye....
Umuririmbyi Davido ari mu byishimo bikomeye nyuma yo kwibaruka umwana wa kabiri yabyaranye n’umukunzi we Amanda mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri. Davido w’imyaka 24 niwe wahishuye bwa mbere ko we...
Nyuma y’igihe kinini bakundana, umuraperikazi wo mu Rwanda Uwimana Aisha uzwi nka Ciney yasezeranye n’mukunzi we Ronald Tumusiime imbere y’amategeko. Ciney na Tumusiime Ronald basezeraniye kuzabana...