Umuvuduko w’amaraso ukabije ni uburwayi bukomeye,bukomeje guhitana abantu benshi muri iki gihe, akenshi umuntu ashobora kubana na wo nta kimenyetso cy’uburwayi agaragaza nyamara ingingo ze nyinshi zikaba zakwangirika.Ibyo bituma abantu bafite umuvuduko w’amaraso mwinshi bakunze kujya kwa Muganga bazanywe n’ibimenyetso by’ingaruka zawo, kandi barashoboraga kubyirinda iyo baza kwipimisha kare bakamenya uko bitwararika.
Ese umuvuduko w’amaraso ni iki ?
Umuvuduko w’amaraso ni ingufu amaraso (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ese wari uzi ko umuvuduko w’amaraso ukabije uvurwa ugakira ? (hypertension)
17 July 2021, by Ubwanditsi -
Umunyarwanda yakoze urubuga ruriho ibizamini bya Leta byose
7 September 2017, by Nsanzimana ErnestShyaka James w’ imyaka 23 y’ amavuko yakoze urubuga rwa internet ashyiraho ibizamini bya Leta byose byakozwe ndetse n’ ibizamini by’ uruhushya.
Uyu musore wiga ibijyanye n’ ikoranabuga avuga ko yakoze uru rubuga www.isomo.info kugira ngo afashe abanyeshuri bitegura ibizamini kubona ibizamini byagiye bikorwa mu myaka yabanje bizwi nk’ ibicupuri.
Aganira n’ Umuseke dukesha iyi nkuru yagize ati “Twajyaga mu isomero tugasanga kopi z’ibizamini zirimo ni eshanu, kandi na zo uwinjiye akayiba akayitwara, (...) -
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ingengabihe y’amashuri abanza n’ayisumbuye iha agaciro igihembwe cya mbere cyizwe
13 October 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Uburezi yatangaje ingengabihe nshya y’amashuri abanza n’ayisumbuye aho abanyeshuri bo mu mwaka wa 5 n’uwa 06 w’amashuri abanza,uwa 03 uwa 05 n’uwa 06 w’amashuri yisumbuye yose bazatangira kuwa 02 Ugushyingo uyu mwaka biga igihembwe cya kabiri.Iki gihembwe kizasozwa kuwa 02 Mata 2021.
-
Reba ibaruwa iteye agahinda cyane Regis Kamugisha yandikiye umugore we wapfanye n’abana babo babiri "Teta na Olga" abasezera(IBARUWA)
30 May 2017, by Martin MunezeroKu munsi w’ejo tariki 29 Gicurasi 2017 nibwo hashyinguwe umugore n’abana 2 ba Regis Kamugisha baguye mu mpanuka yabaye kuwa gatandatu, ibera mu makoni y’umuhanda wa Shyorongi, ihitana abantu 14 barimo n’umuryango wa Regis.
Umugore we Seraphine Candida Itangishaka w’imyaka 33, abana be Orga Gwiza Kamugisha w’imyaka umunani na Ornella Teta Kamugisha wari ugiye kuzuza imyaka 10 ntibarokotse impanuka y’iyi modoka . Bari bavuye i Musanze batashye aho bari batuye i Nyamirambo mu Mujyi wa Kigali. Bari (...) -
Igihingwa cya Cannabis kizwi nk’urumogi kigiye gutangira guhingwa mu Rwanda
13 October 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel, yatangaje ko igihingwa cya cannabis, kizwi mu kinyarwanda nk’urumogi, kigiye gutangira kujya gihingwa mu Rwanda, hanyuma cyoherezwe mu mahanga mu nganda zikora imiti. Gusa yashimangiye ko bitazaha icyuho abarukoresha nk’ikiyobyabwenge.
-
Dr Pierre Damien Habumuremyi yabwiye urukiko ko atemera ibyaha ashinjwa
16 July 2020, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu munsi tariki ya 16 Nyakanga 2020, nibwo Dr Pierre Damien Habumuremyi yagejejwe imbere y’urukiko rwibanze rwa Gasabo kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo no kwiregura ku byaha birimo icyo gutanga sheki zitazigamiye n’icy’ubuhemu.
-
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#37: Amb.Habineza yashyinguwe!Ese yaba yaraciye amarenga ku rupfu rwe abantu ntibabimenye?
30 August 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 30 Kanama 2021,Ambasaderi Habineza Joseph [Joe] yasezeweho bwa nyuma, anashyingurwa mu cyubahiro mu muhango witabiriwe n’abo mu muryango we, inshuti ndetse na bamwe mu bayobozi bakuru b’igihugu.
Umuhango wo kumusezera wabereye iwe mu rugo, urangwa n’ubuhamya butandukanye bw’abo mu muryango we n’inshuti ze, bose bagarutse ku bumuntu, urukundo no kwitangira bose byamuranze. Mu bawitabiriye barimo na Perezida wa Sena, Dr Iyamuremye Augustin.
Ubuhamya bwatanzwe mu (...) -
Perezida wa AU yasabye ikintu gikomeye u Rwanda na RDC
30 May 2022, by Dusingizimana RemyKu cyumweru, tariki ya 29 Gicurasi, Perezida w’umuryango w’ubumwe bw’Afurika, Perezida wa Senegal, Macky Sall, yasabye ko habaho ibiganiro hagati y’u Rwanda na DR Congo mu gihe amakimbirane ari kwiyongera hagati y’abaturanyi bombi nyuma yo kongera kwigomeka kwa M23 mu burasirazuba bwa nyuma.
Intambara y’ingabo za DR Congo (FARDC) n’inyeshyamba za M23 hafi y’umupaka uhuriweho na RDC n’ u Rwanda yateranyije ibihugu byombi.
Icyifuzo cya Perezida wa AU ni icyo kuganira ku mpande zombi,nyuma y’ibisasu (...) -
Minisitiri Ngirente yasubije abanyeshuri batewe impungenge n’ifungwa ry’amashuri bafite ibizamini bya Leta
29 June 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri tariki ya 29 Kamena 2021,Guverinoma yavuguruye amabwiriza yo kwirinda Covid-19, itangaza ingamba zikaze zigomba gukurikizwa mu turere umunani n’Umujyi wa Kigali, zirimo ko amashuri yose agomba gufunga.
-
"Gen Kayumba, Rudasingwa na ba Karegeya ntibigeze baba muri FPR": Hon Tito Rutaremara
9 October 2020, by UbwanditsiMu kiganiro Hon Tito Rutaremara yahaye Umuryango yavuze ko ba Gen Kayumba Nyamwasa, Rudasingwa na Karegeya batigeze baba muri FPR ndetse ko ahubwo Rudasingwa yari afite ishyaka rye bwite rirwanya FPR cyane. Hon Tito kandi yavuze ko Ingabire Victoire yafunzwe kubera gufatanya na FDRL no kuvuga ko ari abahutu gusa bishwe.
Iki ni ikiganiro kirambuye twagiranye