By Peter Auf der Heyde
There is no competition throughout the world that has the same allure as the FA Cup. Not only is it the oldest domestic football competition in the world, filled with a...
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kwibikaho rutahizamu w’umunya Togo akaba na mwishywa wa Emmanuel Adebayor witwa Alex Nyarko Harlley, akaba yasinye umwaka 1 ushobora...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Kamena 2020,Perezida Donald Trump yashyize umukono ku iteka ryo kuvugurura imikorere ya polisi muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.
Rutahizamu w’umunya Poland uri mu beza ku isi Robert Lewandowski yifuje cyane kwerekeza mu ikipe ya Real Madrid kurusha Bayern Munich kugira ngo akinane na kizigenza Cristiano Ronaldo...
Umunya Cote d’Ivoire ukina asatira mu ikipe ya Crystal Palace, Wilfried Zaha yavuze ko mu ikipe ya Manchester United yahuriyemo n’imbogamizi nyinshi ubwo yayerekezagamo akiri muto anahakana...
Hatangajwe ibirego bishya ku bapolisi bane birukanwe bari bahari ubwo George Floyd, Umunyamerika w’umwirabura ukomoka muri Afurika, yapfiraga i Minneapolis ku itariki ya 25 y’ukwezi gushize kwa...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunzwe Ubumwe z’Amerika yakangishije kohereza abasirikare gusoza imyigaragambyo yatewe n’urupfu rw’umwirabura wapfiriye mu maboko ya...
Itangazo ryavuye mu Biro bya Minisitiri w’Intebe ku mugoroba wo kuri uyu 25/5/2020 rivuga ko “Perezida wa Repubulika” yabaye abahagaritse ku myanya yabo Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Emmanuel...
Rutahizamu Alexis Sanchez wa Manchester United ariko watijwe muri Inter Milan yavuze ko nubwo Jose Mourinho ari umutoza mwiza ku isi ariko afite ingeso mbi yamwangiye yo guhindagura ikipe ibanza...
Mu gihe amakipe yiteguraga gufungura imyitozo mu matsinda mato, Premier League yafashe ibipimo 748 mu bakinnyi,abatoza n’abandi bakozi b’amakipe babonamo abantu 6 banduye...
Rutahizamu Wayne Rooney uri gukina mu ikipe ya Derby County yo mu kiciro cya kabiri mu Bwongereza ariko wamenyekanye mu ikipe ya Manchester United,yatangaje ko umunya Koreya y’Epfo Ji Sung Park...
Guverinoma y’Ubwongereza yatangaje ko ibikorwa by’imikino by’ingenzi harimo na shampiyona y’Ubwongereza Premier League, bishobora gukomeza guhera tariki ya 01/07/2020, ariko imikino igakinirwa muri...
Ubuyobozi bwa Manchester United bwasabye abakinnyi bayo kwitegura kugaruka mu myitozo tariki ya 18 Mata uyu mwaka,ndetse no kwimesera imyenda yabo y’akazi aho gutegereza ko...
Perezida Donald Trump udahwema kwibasira itangazamakuru yatangiye kugaba ibitero kuri Radio Ijwi rya Amerika (VOA), arishinja guha ijambo cyane abanzi b’igihugu ndetse ntiyatinya no kuvuga ko ibyo...
Rutahizamu wa Mbere ku isi,Lionel Messi yatangaje ko ubwo yari atarubaka izina mu ikipe ya FC Barcelona ngo yatunguwe cyane no guhurira mu rwambariro na Thierry Henry waje muri iyi kipe amaze...
Umukozi wa leta wavuze bwa mbere iby’urukundo rw’ibanga hagati ya Perezida Bill Clinton na Monica Lewinsky umukobwa wimenyerezaga umwuga muri White House,...
Umukinnyi Cesc Fabregas uri gutanga amakuru muri iyi minsi yavuze ko abatoza 2 yakunze cyane mubo bakoranye bose ari Arsene Wenger wamuzamuye na Jose Mourinho yirengagiza Pep Guardiola bakoranye...
Icyorezo cya Coronavirus ntabwo cyagize uruhare gusa mu guhagarika imikino hirya no hino ku isi harimo no mu Rwanda, ahubwo cyagize uruhare no ku bakinnyi ba ruhago, abatoza ndetse n’abayobozi...
Abahagarariye shampiyona ya Premier League batangaje ko inama y’abagize iri rushanwa ry’umupira w’amaguru mu Bwongereza yemeje guhagarika iri rushanwa mu gihe cy’ibyumweru 3 kubera inama z’abaganga...