Mu gihe hategerejwe umwanzuro wa nyuma ku koherezwa mu Rwanda kwa Vincent Murekezi ufungiwe muri Malawi, itsinda riheruka gusaba ko atabwa muri yombi ryatangaje ko ryamaze kwikuraho ubwo busabe....
Leta zunze ubumwe za Amerika yavuze ko uwari umuyobozi ukomeye mu mutwe wa Leta ya Kiyisilamu mu murwa mukuru Raqqa uwo mutwe wagize umurwa mukuru wawo, muri Siriya, yahitanywe n’ibitero...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda azitabira Ubutumire bw’igihugu cy’Ubuhinde guhera ku wa 09-12 Mutarama 2017. Biteganyijwe ko perezida Kagame azajyana n’itsinda ry’abarwiyemezamirimo bo mu Rwanda ku...
Umukinnyi wa Filime, Om Puri wamamaye muri Filime z’igihinde ukomoka mu gihugu cy’u Buhunde kizwiho kugira Filime nyinshi z’urukundo yitabye Imana mu rucyerera rwo kuwa Gatanu tariki ya 06 Mutarama...
Umugabo w’imyaka 31 y’amavuko ari mu maboko ya Polisi mu karere ka Kayonza, aho akurikiranyweho gutunga amafaranga y’amahimbano agera ku bihumbi 160 by’amanyarwanda.
Aya mafaranga yafatanwe yari...
Umugore w’imyaka 29, utuye mu Murenge wa Gitega, mu Karere ka Nyarugenge, avuga ko yatagiranye umwaka wa 2017 ingamba nshya zirimo kureka uburaya yari amazemo imyaka itanu.
Uyu mugore usanzwe...
Rutahizamu wa Real Madrid na Portugal Cristiano Ronaldo yongeye guhigika Lionel Messi yegukana igihembo cya FIFA gihabwa umukinnyi w’umwaka.
Ibi bibaye nyuma yo kwegukana umupira wa zahabu...
Mu ruzinduko rw’iminsi itatu Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame arimo mu gihugu cy’ u Buhinde, yabonanye na Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu, ibiganiro byabo byibanda ku bufatanye mu bikorwa...
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Dominic Nic Ashimwe, aravuga ko kugeza ubu ataramenya neza akamaro ko gutora Nyampinga w’u Rwanda akanibaza inyungu Abanyarwanda bakura muri iki...
Ikipe ya Sunrise FC nyuma yo guhemba abakinnyi ibirarane by’amezi 5 bari babarimo, ubu noneho ihanganye n’icyibazo cy’umutoza bivugwa ko yabeshye iyi kipe hakiyongeraho kuba ubu batarimo kumvikana...
Ikipe ya APR FC ubu irabarizwa i Rubavu aho yagiye mu mwiherero wo gutegura umukino wo kwishyura wa CAF Confederation Cup bafite na Zanaco FC yo muri Zambia kuri uyu wa gatandatu tariki ya 18...
Kenya- Wilson na Ann Mutura, basezeranye mu minsi ishize bakoresheje idorali rimwe. Ni ubukwe bwakwirakijwe ku mbuga nkoranyambaga, maze bamwe biyemeza gufasha uyu muryango bagakora ubukwe...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Gashyantare 2017, Perezida Paul Kagame yakiriye Vice-Perezida w’ u Buhinde Hamid Ansari wageze mu Rwanda ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru mu...
Nyuma yo kubona abasore n’ inkumi bo muri Paruwasi Gatolika ya Gisenyi mu karere ka Rubavu benshi bishyingira, kiliziya gatolika yavuze ko igiye kujya ifasha abasore n’ inkumi badafite ubushobozi...
Mbabazi Egide uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika usanzwe ari umukunzi wa Miss Mutesi Kayibanda Aurore wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2012 byeruye, yamushimiye ineza n’umurava yamutoje...
Umukobwa witwa Iradukunda Elsa w’imyaka 18 y’amavuko, ureshya na 1,76cm niwe wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2017, mu ijoro ryo ku mugoroba wo ku wa Gatandatu rishyira ku cyumweru tariki...
Me Bernard Ntaganda washinze ishyaka PS – Imberakuri ritavugarumwe n’ ubutegetsi bw’ u Rwanda, kuri uyu wa Mbere tariki 27 Gashyantare 2017 yatangiye imyigaragambyo yo kwiyicisha inzara yakorerag ku...