Kuri uyu wa kane ku rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge hatangiye kuburanishwa ubujurire mu mizi bwa Dr Kayumba Christopher wajururiye uru rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge muri kanama 2020...
Abantu barenga 18.000 muri Tanzania basinye ku rwandiko (petition) rusaba ko umuhanzi Diamond Platnumz akurwa ku rutonde rw’abahataniye igihembo cyo muri Amerika cya BET,kubera ko "yashyigikiye"...
Umufaransa Paul Pogba ukinira ikipe ya Manchester United yashimiye mugenzi we bakinana mu ikipe y’igihugu N’golo Kante ariko avuga ko amwiba cyane iyo bari gukina amakarita n’indi...
Umukinnyi wa Sheffield United witwa Oli McBurnie yadukiriye umufana wa Leeds United wamwibasiye bahuriye mu muhanda,amukubita amakofe n’imigeri amuziza...
Umufaransa Pierre Rolland ukinira B&B Hotels ni we wegukanye etape ya Gatandatu ya Tour du Rwanda nyuma yo gutoroka igikundi irushanwa rigitangira arinda agera ku murongo...
Kuri uyu wa gatatu, ku rukiko rwibanze rwa Nyarugenge hari hateganijwe kubera urubanza kw’ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo mu rubanza ubushinjacyaha buregamo Ngabo Richard [Kevin Kade] na Habimana...
Umunyabigwi w’ikipe ya Arsenal,Thierry Henry,yemeje ko ashyigikiye cyane umuherwe Daniel Ek nyiri kompanyi ya Sportify ushaka kugura Arsenal miliyari 2 kugira ngo ashyigikire icyifuzo...
Umunyamakuru wa TV ya NTV witwa Enoch Matovu, yakubitiwe mu nzira igana mu rugo rwe mu karere ka Mityana mu mujyi wa Kampala,bituma ajyanwa mu bitaro igitaraganya.
Ikinyamakuru Daily Monitor...
Umunya Brazil,Neymar Jr,ukinira PSG yatangaje ko atashakaga gushotora Umudage Joshua Kimmich wa Bayern Munich baraye basezereye muri UEFA Champions League ahubwo yashakaga kumwereka ko ubwiyemezi...
Ikipe ya Mukura VS yo mu karere ka Huyemu majyepfo y’u Rwanda yamaze gusinyisha abatoza 3 bayobowe n’Umunya Argentina witwa Zapata Rodolfo Antonio wigeze gutoza ikipe ya AFC Leopards muri...
Umunyafurika y’Epfo,Patrice Motsepe usanwe ari umuntu wa 9 ukize muri Afurika ndetse akaba ari nyiri ikipe ya Mamelodi Sundowns, ni we Perezida mushya wa CAF asimbuye Ahmad Ahmad wahagaritswe...
Umugabo witwa Erwin Tumiri wari mu ndege yahitanye abagenzi 71 biganjemo abakinnyi hafi ya bose b’ikipe ya Chapecoense yo muri Brazil muri 2016, yongeye kurokoka mu buryo butangaje impanuka ya...
Umutoza wa Chelsea,Thomas Tuchel,yatangaje ko ubwo yari akiri mu ikipe ya PSG yashatse gusinyisha umukinnyi wa Manchester United,Bruno Fernandes ubwo yari mu ikipe ya Sporting CP ariko...
Umwongereza ukinira ikipe ya Tottenham,Dele Alli,yatandukanye n’umukunzi we bari bamaranye igihe witwa Ruby Mae wamushinje ko amara umwanya ari gukina umukino wo kuri mudasobwa witwa Fortnite...
Umurobyi witwa Abdallah wo mu gihugu cya Indonesia witwa Abdullah Nuren,yavuze ko atazibagirwa umunsi wa tariki ya 21 Gashyantare kuko yarobye ifi ifite mu maso nk’aho umuntu nyamara asanzwe aroba...
Kuri uyu wa Kane nibwo harakinwa imikino ibanza ya 1/32 cya UEFA Europa League aho amakipe yo mu Bwongereza asabwa guhindura imikinire kuko ubu ibintu byahindutse ari...