Mu mukino wo kwishyura nawo wabereye kuri Kigali Pele Stadium,ikipe ya APR FC yatsinze Gaadiidka FC ibitego 2-0 ikomeje mu ijonjora rya kabiri ryo gushaka itike yo kwerekeza mu matsinda ya CAF...
APR FC yanganyije na Marines FC ibitego 2-2 mu mukino w’ikirarane cy’Umunsi wa Mbere wa Shampiyona,itakinnye kubera imyiteguro y’Imikino Nyafurika ya CAF Champions...
Ikipe ya APR FC yanganyije na AS Kigali igitego 1-1 mu mukino w’Umunsi wa 11 wa Shampiyona mu gihe na Rayon Sports yongeye kunanirwa kwivana i Rubavu,inganya igitego 1-1 na Etincelles...
Ikipe ya Mlandege FC yo muri Zanzibar yatsinze APR FC kuri penaliti 4-2 biyifasha kugera ku mukino wa nyuma w’igikombe cya Mapinduzi Cup ku nshuro ya kabiri...
Ikipe ya APR FC yageze muri 1/4 cy’irangiza mu gikombe cy’Amahoro nyuma yo gusezerera AS Kigali ku bitego 2-1 mu mikino yombi.Umukino wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Mutarama warangiye...
Umutoza wa Rayon Sports,Julien Mette,yatangaje ko yiyemeje kuruhura abakinnyi be babiri bakomeye ku mukino wa Sunrise FC yatsinze ibitego 2-0, kugira ngo batabura ku mukino wa APR...
Rayon Sports ni imwe mu makipe make twavuga ajya akora mu jisho ikipe ya APR FC ndetse rimwe na rimwe ikayitwara igikombe. Mu myaka yatambutse ubwo yabaga nta gatege ifite yagiye ibona...
Umukino w’umunsi wa 25 wa shampiyona wagombaga guhuza ikipe ya Mukura Victory Sports na Bugesera FC kuri uyu wa Gatandatu wamaze kwimurirwa ku Cyumweru mu gihe kandi n’umukino wa Police FC na APR...
Umukino ubanza wa CAF Champions League wahuzaga Zanaco FC na APR FC urangiye amakipe yombi anganya ubusa ku busa. Umukino wabereye I Lusaka muri Zambia.
N’ubwo bari bagiye bifuza igitego cyo...
Umukinnyi ukina hagati mu ikipe ya APR FC Mukunzi Yannick ntari bujyane n’ikipe ya APR FC mu mikino yo Kwitegura umwaka w’imikino utaha w’imikino aho biri kuvugwa ko uyu musore yifuza ko iyi kipe...
Kuri uyu wa Gatatu nibwo imikino yo ku munsi wa 2 w’igikombe cy’agaciro Development Fund aho ikipe ya Police FC imaze gutsindwa n’ikipe ya APR FC ibitego mu mukino watangiye ku I saa cyenda...
Umutoza w’ikipe ya Kiyovu Sports, Cassa Mbungo aratangaza ko yiteguye gukuraho igisebo ikipe ye ya Kiyovu ifite kuri APR FC aho imaze imyaka 10 itayitsinda ndetse benshi mu bakunzi b’umupira...
Umutoza w’ikipe ya APR FC Mulisa Jimmy aratangaza ko yiteguye kongera gushimisha abafana b’iyi kipe kuri uyu Gatatu mu mukino araza guhuramo na Musanze nyuma yo gutakaza amanota ku mukino...
Ikipe ya APR FC irakomereza imyiteguro y’umukino wa Anse Reunion yo muri Seychelles I Shyorongi aho isanzwe ikorera bikayifasha gutsinda ikipe ya Rayon Sports.
Nyuma yo gutsinda ikipe ya Rayon...
Abakinnyi b’ikipe ya APR FC n’umutoza wayo Jimmy Mulisa batangaje ko bagiye mu gihugu cya Seychelles kongera kunyagira ikipe ya Anse Reunion nkuko babigenje mu mukino ubanza wabereye I Kigali ubwo...
Benshi mu bakunzi ba Ruhago mu Rwanda bategerezanyije ubwuzu umukino urahuza ikipe ya Rayon Sports na APR FC kuri iki cyumweru saa 15h30 kuri stade Amahoro I Remera.
Uyu mukino w’ishyiraniro ni...
Mu rwego rwo gukaza imyiteguro y’umukino w’ishyiraniro uzabahuza,ikipe ya Rayon Sports n’iya APR FC zaraye zigeze mu Rwanda,nta karuhuko zahaye abakinnyi bazo,zahise zijya mu mwiherero mu rwego rwo...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yababajwe no gutsindwa na APR FC ku mukino wa 3 w’igikombe cy’Amahoro ndetse yifuza kuyihoreraho ku mukino wo ku munsi w’ejo.
Uyu mutoza umaze gutsinda...
Ikipe ya APR FC itsinzwe igitego 1-0 na Djoriba FC mukino ubanza wa CAF Confederations Cup wabereye muri Mali.
Uyu mukino waranzwe no kwitwara neza k’umunyezamu Kimenyi Yves wakuyemo imipira...
Ikipe ya APR FC yahiriwe n’urugendo rwo kwerekeza I Gicumbi kuko ihavanye impamba y’ibitego 4-0 mu mukino wayo usoza igice kibanza cya shampiyona.
Ikipe ya Gicumbi FC yari imbere y’abakunzi bayo...
Ikipe ya APR FC yanyagiye Giticyinyoni ibitego 9-0 mu mukino wo kwishyura w’igikombe cy’Amahoro wabaye kuri uyu wa Gatandatu kuri stade ya Kigali i Nyamirambo byaje bikurikira 4-1 yayitsinze mu...
Ikipe ya APR FC ibashije kubyitwaramo neza mu mukino ubanza wa 1/8 cy’igikombe cy’Amahoro,itsinda La jeunesse ibitego 3-0 mu mukino wabereye kuri stade ya Kigali yari yuzuye amazi kubera imvura...