Umuhanzi, Umu-DJ akaba na nyiri 1K Entertainment ifasha abahanzi n’aba DJs, DJ Pius yatangaje Blamo nk’undi muhanzi agiye gufasha mu rugendo rwe rwa muzika, anakomoza ku byavugwaga ko yaba...
Producer Julien Bmjizzo uri mu bagezweho mu gutunganya imiziki y’abahanzi Nyarwanda batuye i Burayi yambitse impeta umukunzi akaba n’umunyarwenya Sugira Florance bari bamaranye igihe mu munyenga...
Amagambo akomeje kuvugwa n’abantu benshi batandukanye, aragaruka cyane ku kuba Bruce Melody atarabashije kugaragara ku rutonde rw’abahanzi ny’Afurika bazaririmbana na Jason Derulo, bibaza bati: Ese...
Kuri iki Cyumweru tariki 16 Mata 2017 ni bwo Patient Bizimana yakoze igitaramo gikomeye cya Pasika yatumiyemo abahanzi bakomeye mu karere ari bo Marion Shako wo muri Kenya na Apotre Apollinaire...
Igitatamo cya mbere cy’ irushanwa Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya 8, kw’ikubitiro ryatangiriye i Gicumbi aho abahanzi uko ari icumi bahatanira kwegukana iri rushanwa bari babukereye...
Abahanzi bari mu irushanwa rya PGGSS ku nshuro yayo ya 8 bakoze igitaramo kidasanzwe mu Ntara y’amajyaruguru mu Karere ka Musanze nyuma yuko bavuye i Gicumbi.
Abahanzi barimo Jose Chameleone ,Palasso ,Weasel ndetse na Big Fizzo bageze mu Rwanda gushyigikira umuhanzi Dj Pius mu gitaramo cye cyo kumurika Album ye hanze yise...
Kuri uyu wa Gatanu umuhanzi Dj Pius yamuritse Alubumu y’indirimbo ye nshya yise ‘ Iwacu’ igitaramo cyatumiwemo abahanzi batandukanye barimo Jose Chameleon ,Weasel ,Palasso ,Charly & Nina...
Am G The Black yibukije abahanzi bagenzi ko gushaka umugore bitavuze kubafungirana mu rugo ,ahubwo ko biba bikwiye ko nabo babatembereza bakabereka akazi bakora uko kaba kameze bityo ngo bituma...
Humble Jizzo yatangaje ko azambarirwa n’bamwe mu nshuti ze, abahanzi bagenzi be, abo mu muryango ndetse na Nizzo Kaboss baririmbana muri Urban Boys. Ndetse ko ubukwe bwe buzabera ku Inzozi Beach...
Kuri uyu wa Gatatu nibwo abaganga bafashe icyemezo cyo guca Junior Miltisystem ukuboko kw’ibumoso nyuma yo kubona ko kwangiritse cyane ku buryo gushobora kwangiza ibindi bice by’umubiri mu gihe...
Uwavuga ko The Mane iri mu nzu zifasha abahanzi zihagaze neza muri iki gihe ntiyaba abeshye, ni inzu ibarizwamo Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha kandi utibagiwe na Jay Polly. Igitekerezo,...
Mu minsi ishize ubwo hasozwaga ibitaramo bya Iwacu Muzika Festival, Meddy ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , nyuma yo kumva no kureba amashusho y’ikiganiro umuhanzi ukunzwe...
Mu Ukwakira nibwo Harmonize yatangaje ku mugaragaro ko yatangije inzu ifasha abahanzi ye bwite yise ‘Konde Boy Worldwide’ kandi yifuza gusesa amasezerano na Wasafi ya Diamond...
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Bongo Flava Ali Kiba yasabye abanya Tanzanie kureka kwibasira umunyamakuru wa Cloud FM yo muri Tanzanie wavuze ko bakundanye mu byanavugwaga ko yagize uruhare mu...
Mike Karangwa na Nzizera Aimable, batangaje ko batigeze bagambanira na rimwe Murindahabi Irene [M. Irene] kugira ngo atandukane n’itsinda ry’abahanzikazi Vestine na Dorcas, ahubwo ari ibintu...
Kayesu Shalon [Shazz] wamenyekanye mu ifungwa ry’abahanzi babiri Davis D na Kevin Kade ni umukobwa ufite imyaka 18 y’amavuko ndetse isaga kuko yayujuje ku itariki 23 Ukuboza 2020, ubu akaba yiga mu...