Mu gitondo cyo kuri uyu wa 3 Kanama mu bihugu bitandukanye by’ amahanga Abanyarwanda bazindukiye mu gikorwa cyo gutora Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda.
Abanyarwanda baba mu Bushinwa batoreye...
Mu ijambo ritangiza Umwaka mushya wa 2024, Perezida Paul Kagame yashimiye abanyarwanda ku ruhare rwa buri umwe wese mu byo igihugu cyagezeho hanyuma abizeza ko muri 2024 bazakomeza...
Guverinoma ya Repubulika ya demukarasi ya Congo irashinja impunzi z’Abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu guteza ibiza biherutse kwica abantu barenga 400 muri teritwari ya Kalehe, intara ya Kivu...
Mu gihe u Rwanda n’Isi yose muri rusange twibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 ntihabura kuzirikanwa Abana bigaga mu ishuri ry’Inyange mu Karere ka Ngororero bahitanywe...
Ikigo cya United Scholars Center gifasha abanyarwanda kujya kwiga hanze ku mafaranga make,kiratangaza ko gikomeje gufasha abanyarwanda babyifuza kujya kwiga hanze by’umwihariko mu gihugu cya...
Perezida wa Repubilika y’u Rwanda Paul Kagame yasabye abayobozi kwirinda gukorera inyungu zabo no gukora ibintu uko babishaka. Yavuze ko ibikorwa byose bigomba kuba mu nyungu...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yakoresheje ifoto ye n’umwuzukuru we mu butumwa bwo kwifuriza Abanyarwanda bose umwaka mushya muhire wa 2021.
Uwahoze ari umutoza wa Manchester United,Louis Van Gaal uri mu Rwanda guhera kuwa Gatatu w’iki Cyumweru yatangaje ko yatunguwe n’uburyo abanyarwanda bakunda cyane perezida Kagame ndetse ngo abo...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere imiturire[RHA] cyatangaje ko hafashwe umwanzuro wo kwemerera abanyarwanda kubakisha amatafari ya rukarakara inzu zo guturamo mu rwego rwo kubungabunga...
Mu gihe u Rwanda n’inshuti z’ u Rwanda barikwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 25 , abahanzi n’abaririmbyi batandukanye barza gutaramira abanyarwanda kuri uyu munsi,hari ubutumwa...
Minisitiri w’ubutabera bw’u Rwanda akaba n’intumwa nkuru ya leta, yahumurije Abanyarwanda birukanwe mu gihugu cy’abaturanyi ba Uganda bagatayo ibyabo, abizeza ko ibibazo biri hagati y’u Rwanda na...
Perezida Kagame yabwiye abayobozi bari mu mwiherero uri kuba ku nshuro ya 16 ko yinginze cyane Museveni ngo akemure ikibazo cy’Abanyarwanda bashimutwa amwima amatwi ahubwo aha umwanya imitwe...