Mu muco w’i Rwanda n’ahandi henshi ku Isi usanga umusore ari we ufite inshingano zo kubwira umukobwa ko yamukunze bityo n’umukobwa akicyiriza yemera ko bakundana. Henshi bifatwa nk’ishyano ryaguye...
Pasiteri Ezra Mpyisi wo mu itorero ry’Abadivantisiti b’umunsi wa karindwi mu Rwanda, wabanye n’Umwami Kigeli ari umujyanama we, avuga ko kuba Urukiko rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwategetse...
Polisi yo mu gihugu cya Tanzania yamaze gutangaza ko ifunze Miss Wema Sepetu hamwe n’abandi bahanzi aho bakurikiranyweho gukoresha no gucuruza ibiyobyabwenge.
Miss Wema Sepetu ukurikiranweho...
Umunyarwanda Mpayimana Philippe yamaze gutangaza ku mugaragaro ko yiteguye guhatana mu matora y’umukuru w’igihugu ateganijwe muri uyu mwaka.
Mu kiganiro yagiranye n’ abanyamakuru kuri uyu wa 4...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasuye igice cyagenewe inganda mu mujyi wa Kigali Special economic zone asaba ko hakongerwa ireme n’ ubwinshi bw’ ibikorerwa mu Rwanda ariko ntibikomeze guhenda....
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Dominic Nic Ashimwe, aravuga ko kugeza ubu ataramenya neza akamaro ko gutora Nyampinga w’u Rwanda akanibaza inyungu Abanyarwanda bakura muri iki...
Kuri Katedarali ya Rubaga iherereye mu mujyi wa kampala mu gihugu cya Uganda, habereye ubukwe bwagatangaza byahagurikije benshi bari baje kwihera ijisho kuri uyu wa kane tariki ya 16 Gashyantare...
Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo mu Mujyi wa Kigali, rwakatiye Mwitende Ladislas, wari Umuyobozi wa Kompanyi ya Top Service Ltd yari ishinzwe gutumiza ifumbire mu mahanga ikayishyikiriza abaturage...
Perezida w’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi ’FIFA’, Gianni Infantino uri bugere mu Rwanda ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu mu ruzinduko rw’iminsi ibiri, arihita ajya kureba umukino...
Umuraperi wo mu Burundi uzwi nka B Face yashyize ahagaragara video y’indirimbo yise “La Différance” (Itandukaniro) aho avuga ko yashakaga kugaragaza ko abaraperi bo mu Burundi barusha kure abo mu...
Miss Mutesi Kayibanda Aurore wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2012, yasabye Nyampinga w’u Rwanda Iradukunda Elsa watowe gukora ibirenze ibyo abandi ba Nyampinga bamubanjirije bakoze mu gihe...
Uwera Dalila wabaye Nyampinga wa mbere u Rwanda rwagize mu mateka, hashize imyaka ibiri yatse gatanya, muri uku Kwezi nibwo yemerewe gutandukana n’umugabo we witwa Dirk w’umubiligi.
Ku wa 01...
Anastasia Nyiramakomari ni umucekuru ubayeho mu buzima butangaje. Uwo mukecuru ari mu kigero cy’ imyaka 78 avuga ko atuye mu nzu akodesha ibihumbi 10 mu murenge wa Kanyinya umudugudu wa Nzove...
Umugore w’ umupfakazi wo mu Kenya yagenze kimometero eshanu atoragura impeke z’ ibigori ikamyo yari yagiye inyanyagiza umuhanda wose mu butayu.
Uwo mugore avuga ko yakurikiye inkora y’ aho iyo...
Urukiko rw’ I Lilongwe mu gihugu cya Malawi kuri uyu wa Mbere tariki ya 6 Werurwe 2017 rwakatiye Umunyarwanda Vincent Murekezi gufungwa imyaka itanu nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gutanga ruswa...
Urukiko rukuru rwatangiye kumva ubujurire bw’ubushinjacyaha bwasabye ko Evode Imena wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Umutungo Kamere aburana afunzwe ku byaha by’itonesha akurikiranyweho....
Muri uyu mwaka wa 2017, mu Rwanda hateganyijwe amatora ya Perezida wa Repubulika. Ni amatora agiye kuba ku nshuro ya gatatu u Rwanda ruvuye mu bihe bya Jenoside yakorewe abatutsi. Aya mbere...
Ed Sheeran, umuhanzi w’ubashywe mu bagezweho muri iyi minsi yandikishije amateka mu ruhando rwa muzika nyuma y’uko Album ye igurishijwe cyane kurusha izindi ndirimbo 500 zishyize hamwe.
Uyu...