Umuhanzi Yvan Buravan mu kumurika indirimbo ye nshya “Low key” yatunguye abafana yemeza ko afite umukunzi ndetse azatera ivi mu myaka itanu iri imbere ari nabwo ateganya gukora...
Mugwaneza Lambert uzwi nka Social Mula muri muzika nyarwanda, yandikishije amateka mashya mu rugendo rwe rw’umuziki amazemo imyaka irenga ubwo yamurikaga album ye ya mbere yise ‘Ma...
Maurice Kirya wamamaye muri sinema ya Uganda akaba ari umuririmbyi ndetse akaba n’umukinnyi wa Filime wabigize umwuga, avuga ko Perezida Museveni nta mpano afite ya muzika n’ubwo yitegura gushyira...
Kuri uyu wa 18 Ukwakira, hibukwa umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Reggae, Lucky Philip Dube wishwe mu 2007.
Lucky Philip Dube, wakunze kwitwa Lucky Dube, ni umuririmbyi ukomoka mu gihugu cya...
Ruhumuriza James wamamaye nka King James uri kubarizwa muri Leta zunze ubumwe zaAmerika,yamaze gutangaza ko inkuru z’urukundo zamuvuzweho ndetse n’ubukwe bwatangaje kuri we azabitangariza kuri...
Mu ijoro ryacyeye ryo kuri iki cyumweru tariki ya 12 Gashyantare 2017, muri Leta zunze ubumwe za Amerika hatangiwe ibihembo bikomeye muri muzika bya Grammy Awards byatanzwe ku nshuro ya 59....
Hasohotse amafoto aca amarenga y’indirimbo imaze iminsi ivugwa ko iri gukorwa na The Ben wo mu Rwamda n’icyamamare muri muzika Diamond Platinumz wo muri Tanzania.
Mu cyumweru gishize nibwo The...
Umuraperi uri mu ba mbere ku isi,Kanye West,yaririye ku rubyiniro ubwo yashyiraga hanze umuzingo w’indirimbo ze zirimo iyo yakoze avuga ku mubano we n’uwahoze ari umugore we Kim Kardashian aho...
Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana,Mazimpaka Cadet yahuje imbaraga na Gahongayire Aline basohora indirimbo bise “Ndi amahoro” ihumuriza abantu baca mu bikomeye ko Uwiteka ari mu ruhande...
Umuhanzikazi wo muri leta zunze ubumwe za Amerika, Lady Gaga, yatangaje ko yabonye Yezu/Yesu icyumweru cyose ahita afata umwanzuro wo kwitandukanya n’ikibi cyose harimo no kuba yararetse kunywa...
Umuhanzi Robert Kelly wakoze imizingo ( albums) zigera kuri 12 ndetse akayobora indirimbo zitandukanye yavuze ko atazi gusoma no kwandika kubera ko yize amashuli abanza...
Umuraperi Tupac Shakur wavuzwe ko yishwe mu mwaka wa 1996 ubwo yari avuye kureba umukino w’iteramakofi I Las Vegas, ari gukora umuziki ndetse ngo mu minsi iri imbere agiye gushyira hanze Album...
Umunyamideli Kim Kardashian yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye kubera imyambarire ye ubwo yari ageze muri Uganda aho ari kumwe n’umugabo we Kanye West aho baje gukora amashusho...
Tumwe mu dushya tudasanzwe twagaragaye mu gitaramo cyo gushyira hanze album Iwacu ya Dj Pius harimo nko kuba iki gitaramo cyagaragayemo abasitari batandukanye , cyagaragayemo imbyino zagakondo...
Makanyaga Abdul uzwi cyane mu ndirimbo za Karahanyuze nka “Rubanda ntibakakoshye”, “Nshatse inshuti” n’izindi yabaye umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Kiyovu...
Urutonde rw’abazahatanira ibihembo mu bitwaye neza mu muziki muri Amerika bizwi nka (American Music Awards) rwagiye ahagaragara. Abahanzi bakomeye ku isi nka Bruno Mars, Drake na Ed Sheeran ni...
Umuhanzi Mani Martin kuri ubu urigukora Album ndetse yise Afro akomeje gukora indirimbo zizaba zigize indi album ye, muri izo ndirimbo akaba yashyize kumugaragaro imwe murizo yitwa Rubanda.
Nk’...
Umuhanzikazi Teta Diana wari umaze umwaka mu bihugu by’ I Burayi aho yakoreye ibitaramo bitandukanye yagarutse mu Rwanda.
Uyu muhanzi wabaye mu bihugu birimo Suwede, u Busuwisi, u Bubiligi n’...
Umuraperi Green P wo mu itsinda rya Tuff Gangs yavuze ko ikintu cyamubabaje cyane mu buzima ari ukugira ikigare cy’abantu batari beza,bamwanduje imico mibi kugera ubwo yari agiye kuhasiga...
Umuhanzi w’umunya Nigeria David Adeleke wamamaye nka Davido, ubuyobozi bw’umujyi Huston muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwategetse ko tariki 07 Nyakanga buri mwaka ari umunsi wahariwe uyu...
Umwe mu baririmbyi ba Africa bakunzwe cyane kurusha abandi, Tshala Muana, wapfuye mu cyumweru gishize ku myaka 64, yari azwi byombi ku ijwi ryiza no ku mbyino zateje imyigaragambyo no gusaba ko...
Zizou Alpacino yasohoye indirimbo Lale yaririmbwemo na Social Mula iyi ikaba ikomoza ku nkuru y’umusore wahemukiwe n’inkumi bari bamaze imyaka itanu bakundana.