Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu,tariki ya 17 Nzeri 2022, ikipe y’igihugu y’u Rwanda,Amavubi,yahagurutse mu Rwanda yerekeza muri Maroc aho igiye gukina imikino ya gicuti yose izabera i...
Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 23 yerekeje muri Mali mu mukino wo kwishyura mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika.
Ku isaha ya saa 01:45 z’ijoro, nibwo ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka...
Biravugwa ko Umunya Espagne Jon Bakero ukina mu kiciro cya 3 muri Espagne azakinira Amavubi mu mikino ya gishuti ateganya muri uku kwezi arimo uwa Sudan.
Jon Bakero Gonzalez yemeye gukinira...
Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ yatsinzwe n’iya Ethiopia igitego 1-0 mu mukino wa gicuti waberaga mu Mujyi wa Adama.
Ku munota wa 85 nibwo igitego cya Ethiopia cyinjiye gitsinzwe na Kenean Markneh ku...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Bénin ryatanze ubusabane ku bafana, kwinjira ku mukino ubahuza n’Amavubi babigize ubuntu.
Ibi byiyongereyeho ko na leta y’iki gihugu bivugwa ko yatanze...
Mu gihe hari hakiri urujijo ku kibuga kizaberaho umukino w’u Rwanda na Benin mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika cya 2024,amarenga aragaragaza ko u Rwanda ruzakinira uyu mukino I Huye....
Umutoza mukuru wa Amavubi, Carlos Alos Ferrer,yashimangiye ko umukino wo kuri uyu wa gatatu na Benin kuri Stade ya Kigali Pelé bagomba kuwutsinda’ byanze bikunze kugira ngo bongere amahirwe yo...
Myugariro w’iburyo wa Philadelphia Union, Uwimana Noe wari wahamagawe mu Ikipe y’Igihugu "Amavubi" yitegura umukino wo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika izakinamo na Mozambique, yasubiye iwabo...
Nyuma y’umukino Amavubi yatsinzwe na Mozambique, kuri iki Cyumweru tariki ya 18 Kamena 2023, umutoza wa Mozambique, Chiquinho yavuze ko niba u Rwanda rwifuza kujya mu gikombe cy’Afurika rugomba...
Umutoza wa Zimbabwe Sunday "Mhofu" Chidzambwa,yatangaje ko bagomba gutsinda u Rwanda bagahesha ishema igihugu bahagarariye mu majonjora yo gushaka itike y’igikombe cy’isi...
Rutahizamu mpuzamahanga w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, n’ikipe ya Gor Mahia, Jacques Tuyisenge ari ku rutonde rw’abakinnyi bazatoranywamo abitwaye neza mu gihugu cya Kenya mu mwaka w’imikino...
Ikipe y’igihugu Amavubi yazamutse ku rutonde ngarukakwezi rw’ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi FIFA umwanya umwe aho yaje ku mwanya wa 127 ku rutonde rushya rwasohotse kuri uyu wa kane taliki...
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 15 Nyakanga nibwo hari hategerejwe umukino ubanza wagombaga guhuza Tanzania n’u Rwanda mu majonjora yo gushaka itike yo kwerekeza muri CHAN izabera muri Kenya...
Ku munsi w’ejo taliki ya 20 Nyakanga 2017 nibwo abayobozi ba CAF bari bateraniye I Rabat muri Maroc bemeje ko amakipe yitabiraga igikombe cy’Afurika avuye kuri 16 agiye kuba 24 mu marushanwa...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 22 Nyakanga 2017 Amavubi yabonye itike yo gukina amajonjora ya nyuma yo gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya CHAN nyuma yo kunganya na Tanzania 0-0 mu mukino...
Bizimana Djihad yagiriye akabazo k’imvune mu myitozo yo ku munsi w’ejo aho bishobora gutuma atagaragara ku mukino ubanza Amavubi azakina na Ethiopia ku cyumweru taliki ya 05 Ugushyingo 2017....
Umutoza w’ikipe y’igihugu amavubi Antoine Hey aratangaza ko intego y’ibanze bazajyana mu mikino ya CECAFA 2017 ari ukuryegukana dore ko ikipe y’igihugu iheruka igikombe mu mwaka wa 1999.
Uyu...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Antoine Hey yababajwe cyane no gutonesha amakipe amwe mu mikino ya CECAFA aho ikipe y’igihugu Amavubi yacumbikiwe muri Hotel itaruzura ndetse mbi cyane bituma...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Antoine Hey yatangaje ko abakinnyi be biteguye kwitwara neza mu mukino wa mbere Amavubi azahura na Nigeria ku wa mbere Taliki ya 15 Mutarama 2018 kuri stade ya...
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mbere yo guhura na Nigeria mu mukino wa mbere w’itsinda C,Antoine Hey utoza Amavubi yijeje Abanyarwanda ko nta kabuza baraza gutsinda ikipe ya Nigeria kuri uyu...