Leta ya America n’Ubushinwa byateranye amagambo mu kanama ka ONU gashinzwe amahoro n’umutekano ku isi ,ku kibazo cy’uburyo Koreya ya ruguru yagabanyirizwa...
Nyuma yo gukora amateka agafasha ikipe ya Argentina kwegukana Copa America 2021,Messi yahise ataha mu rugo rwe aho yafotowe ari guhoberana bidasanzwe n’umugore we Antonela Roccuzzo.
Uyu...
Ikipe y’igihugu ya Brazil la Seleção, yageze muri ½ cy’irangiza cy’imikino ya Copa América iri kubera ku butaka bwayo, nyuma yo gutsinda Paraguay muri 1/4 cy’irangiza kuri penaliti...
Iranian lawmakers burned an American flag and cried "Death to America" in parliament on Wednesday to protest President Donald Trump’s decision to withdraw from the multi-party nuclear...
Masumbuko Abedenego, umusaza w’umurundi umaze imyaka 9,yibera muri America yafashe umwanzuro wo gushakisha uburyo yaza mu Rwanda ku nshuro ye ya mbere aje kureba no kwicara mu iteraniro riyobowe...
Umuraperi wo muri America Bill Kahan Kapri wamamaye nka Kodak Black yavuzeko ataramara umwaka wose adafunzwe kuva ubwo yari afite imyaka 14 kugeza ubu ariko yarahiriye kutazongera gukora ibyaha...
Urutonde rw’abazahatanira ibihembo mu bitwaye neza mu muziki muri Amerika bizwi nka (American Music Awards) rwagiye ahagaragara. Abahanzi bakomeye ku isi nka Bruno Mars, Drake na Ed Sheeran ni...
Guverinoma ya Amerika yaburiye ko hari ibitero by’abiyahuzi bishobora gutera umugi wa Goma mu burasirazuba bwa DRC , igice kiri kuvugwamo imirwano y’abitwaje intwaro muri aya...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Lionel Messi yaraye atsinze ibitego byose uko ari 3-0 Argentina yatsinze ikipe ya Bolivia mu gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi 2022 kizabera muri Qatar...
Rutahizamu wa Brazil w’ikipe ya Brazil,Neymar Jr,yagaragaye ari kurira cyane nyuma yo gutsindwa na Argentina igitego 1-0 ku mukino wa nyuma wa Copa America 2021 ariko nyuma yaje kugaruka ajya...
Mu mukino wa 1/2 cya Copa America wari wuzuyemo amacenga menshi ya Neymar Jr,igihugu cya Brazil cyageze ku mukino wa nyuma wikurikiranya gitsinze Peru igitego 1-0.
Iki gitego cyatsinzwe na...
Uyu mwaka wa 2019 wanditse amateka kuko ari inshuro ya mbere ba “Nyampinga” b’amarushanwa atatu akomeye y’ubwiza muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ubu ari abirabura...
China is about to put in place an operational anti-satellite weapon. Meanwhile, the two major powers are working on the development of energy weapons against US satellites. "Ten years after China...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirimo kwinjira mu muriro utazima . byavuzwe na Donald Trump mu ijambo yavuze amaze guhakana ko nta mpapuro zijyanye n’umutungu we yahinduye agamije gusibanganya...
Ku Cyumweru, tariki 17 Ukuboza 2023, ubwo Perezida wa Amerika, Joe Biden, yavaga ku biro bishinzwe gukurikirana ibikorwa bye byo kwiymamaza muri Leta ya Delaware, imwe mu modoka yari iri mu...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yaraye itangaje ko yafatiye ibihano abantu batandukanye bo hirya no hino ku Isi, barimo umuvugizi w’Igisirikare cy’umutwe wa M23, Major Willy...
Itangazamakuru ryo mu Burengerazuba bw’Isi ryavuze ko Perezida wa Koreya ya ruguru Jim Jong Un yafashe gari ya moshi imujyanye mu Burusiya kuganira na mugenzi we Vladmin...
Ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki 27 Kanama 2023, nibwo Christopher yahagurutse ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe, yerekeje muri Amerika aho agiye gukorera ibitaramo bizazenguruka muri Leta...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zafatiye ibihano abantu batandukanye, zikabashinja kugira uruhare mu kwenyegeza amakimbirane mu burasirazuba bwa Congo ndetse no guhonyora uburenganzira...
Umunyapolitiki Raila Odinga utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya yasabye Ambasaderi wa Leta zunze za Amerika (USA), Meg Whitman, gufunga umunwa, amubwira ko igihugu cyabo kitari mu...