Perezida mushya wa Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo,Felix Tshisekedi yatangaje ko igihugu cye cyifuza kwinjira mu muryango wa Afurika y’Uburasirazuba kugira ngo kizamure imikoranire mu...
Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museni yandikiye ibaruwa ndende mugenzi we Paul Kagame amumenyesha ko yahuye na Charlotte Mukankusi akamusaba inkunga y’uko yamufasha guhirika ubutegetsi bwe...
Bellange Irene Muhikira wabaye Nyampinga wa Kaminuza ya UNILAK, wari uherutse kurushingana na mukuru wa Yvan Buravan, yitabye Imana ubwo yari arimo kubyara mu rucyerera rw’uyu wa Kabiri tariki 30...
Byari amarira n’agahinda mu muhango wo gushyingura, Miss Muhikira Irène [Bellange] wigeze kuba Nyampinga wa Kaminuza y’Abalayiki b’Abadiventisiti (UNILAK), witabye Imana ku wa 30 Mata 2019, ari...
Ikipe ya Zamalek yo mu Misiri yatangaje benshi kubera akayabo k’amamiliyoni y’amanyarwanda yashoye mu ikipe ya Simba SC kugira ngo yibikeho rutahizamu w’Umunyarwanda Kagere...
Umutoza Roberto Oliveira Goncalves do Carmo uzwi nka Robertinho,birwavugwa ko ashobora kuva mu ikipe ya Rayon Sports nyuma y’umukino wa Marines FC akisubirira iwabo muri Brazil ntiyongere...
Umurambo wa Etienne Tshisekedi,wabaye Minisitiri w’intebe wa RDC ndetse akaba ari se wa Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo,Felix Tshisekedi wamaze kugezwa mu murwa mukuru Kinshasa mu...
Abakuru b’ibihugu 5 bemereye perezida wa RDC,Felix Tshisekedi ko bazitabira umuhango wo gushyingura se Etienne Tshisekedi wabaye umunyapolitiki utavuga rumwe na Leta zose zategetse Republika ya...
Nyakubahwa Paul Kagame yamaze kugera I Kinshasa aharabera umuhango wo gushyingura umunyapolitiki Etienne Tshisekedi,se wa perezida wa Kongo ubu Felix Tshisekedi,wapfiriye mu Bubiligi muri...
Umunya-Brazil Roberto Oliveira Goncalves de Carmo wasoje amasezerano ye yari afite muri Rayon Sports nk’umutoza, yasubiye iwabo muri Brazil asigira umukoro ubuyobozi bwa Rayon Sports wo gutekereza...
Ku wa Gatanu, tariki ya 7 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village URUGWIRO, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul...
Ikipe ya Mali yakoze amateka yo kuba ikipe ya mbere itsinze ibitego byinshi mu gikombe cya Afurika 2019 ubwo yanyagiraga Mauritania ibitego 4-1 mu gihe ikipe ya Cote d’Ivoire yatsinze Afrika...
Ikipe zari zihagararariye EAC mu gikombe cya Afrika zanyagiwe ibitego 3-0 mu mukino wa nyuma w’amatsinda bituma amahirwe yo gukomeza muri 1/8 ayoyoka kuri Tanzania mu gihe Kenya yo isigaranye make...
Ikipe ya Benin yatunguye benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru muri Africa ubwo yasezereraga Maroc kuri Penaliti 4-1 mu gihe Senegal yahagaritse Uganda yari ifite inzozi zo kugera kure hashoboka mu...
Perezida wa Repubulika, ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015 cyane cyane mu ngingo ya 111, kuri uyu wa 15 Nyakanga 2019, Perezida Paul...
Ikipe y’igihugu Amavubi yisanze mu itsinda rya F hamwe na Cameroun, u Rwanda Cap Vert na Mozambique mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika 2021 kizabera muri...
Umuyobozi wa Basketball Africa League, Amadou Gallo Fall yatangaje ko Umujyi wa Kigali ari wo uzakira imikino ya nyuma y’irushanwa rihuza amakipe 12 yo muri Afurika rizaba kuba ku nshuro ya mbere...
Nyakubahwa perezida Kagame yongeye kugirana ibiganiro na mugenzi we wa Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo baraye bahuriye mu mujyi wa New York muri Leta Zunze ubumwe za...
Ku wa 16 Nzeri 2019, ni bwo abayobozi ku ruhande rwa Uganda n’u Rwanda bahuriye i Kigali, mu rwego rwo kurebera hamwe ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano ya Luanda, yashyizweho umukono n’abakuru...
Amakuru mashya yagiye hanze, ahamya ko Ben Rutabana ari muri Uganda kuva mu gihe gishize kirenga ukwezi, nyuma yo kuburirwa irengero bigatuma umuryango we ukomeza gutabaza, ukanandika ibaruwa...