skol
Kigali

Search: Angola (488)

Perezida Kagame yifurije ishya n’ihirwe Lourenço watorewe kuyobora Angola

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yifurije ishya n’ihirwe mugenzi we João Lourenço watorewe kubora igihugu cya Angola mu matora yabaye ku wa 23 Kanama uyu mwaka. Umukuru w’Igihugu cy’u...
7 September 2017 528 0

M23 yemeye ubusabe bwa Perezida wa Angola

Umutwe w’inyeshyamba wa M23 wemereye Perezida w’ Angola ko ugiye guhagarika imirwano yose wagiriraga mu burasirazuba bwa Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo yemeza ko bitarenze kuwa 07 Werurwe...
5 March 2023 4311 0

Hamenyekanye icyo ingabo za Angola zizakora muri RDC

Igihugu cya Angola kivuga ko kizohereza umutwe w’abasirikare mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nyuma y’iminsi agahenge yari yagizemo uruhare kananiwe kugeza ku gusoza imirwano....
12 March 2023 5724 0

AFROCAN 2023: Ikipe y’igihugu ya basketball yerekeje i Luanda muri Angola

Mu rukerere rwo kuri uyu wa Kane taliki 06 Nyakanga 2023 ni bwo ikipe y’u Rwanda ya Basketball yahagurutse i Kigali yerekeza i Luanda muri Angola mu mikino ya AfroCan...
6 July 2023 149 0

Perezida Kagame yakiriye intumwa ya Perezida wa Angola ikubutse RDC

Perezida Kagame yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Angola António Tete, wamushyikirije ubutumwa bwa Perezida João Lourenço unayobora Umuryango wa ICGLR. Perezida wa Angola,João...
31 October 2022 614 0

RDC yiyemeje kujyana abasirikare b’u Rwanda yafunze muri Angola

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yiteguye gushyikiriza Angola abasirikare babiri b’u Rwanda, igisirikare cyayo (FARDC) giherutse gushimutira ku mupaka...
5 June 2022 1917 0

RDC: Abantu 12 bahitanwe n’amazi y’umugezi yagiyemo uburozi bwaturutse mu ruganda rwo muri Angola

Leta ya Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo yatangaje ko abantu 12 bamaze guhitanwa n’amazi y’umugezi yandujwe n’uburozi buturuka ku ruganda rutunganya amabuye y’agaciro rwo muri Angola. Iyi...
4 September 2021 899 0

Perezida wa Angola yageze mu Rwanda kwitabira inama izabera i Gatuna [AMAFOTO]

Perezida wa Angola João Lourenço yageze i Kigali aho yitabiriye inama y’ibihugu bine byiga ku kuzahura umubano w’u Rwanda na Uganda izabera i Gatuna ku mupaka uhuza ibihugu byombi kuri uyu wa...
20 February 2020 5050 0

Imyanzuro 6 ikomeye yafatiwe mu nama ya 3 yiga ku masezerano ya Angola

Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 14 Gashyantare 2020 nibwo I Kigali hateraniye inama ya 3 y’intumwa z’u Rwanda n’iza Uganda yiga ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yasinyiwe I Luanda muri Angola yiga...
15 February 2020 4239 0

Inama ya kabiri yiga ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yo muri Angola iraba uyu munsi

Inama ya kabiri yo gushyira mu bikorwa amasezerano ya Luanda hagati y’abayobozi b’u Rwanda na Uganda iraba kuri uyu wa gatanu i Kampala nk’uko byemejwe n’umuvugizi wa leta ya...
13 December 2019 2944 0

Perezida Museveni yemeje ko akora ibyo yasinyiye mu masezerano yo muri Angola

Mu kiganiro cyihariye perezida wa Uganda,Yoweli Kaguta Museveni yagiranye na BBC,yavuze ko ari gukora ibyo yemeye mu masezerano yasinyanye na Perezida Kagame muri...
18 October 2019 2964 0

Perezida Kagame yitabiriye umuhango w’irahira rya mugenzi wa Angola

Perezida w’u Rwanda,Paul Kagame yitabiriye umuhango w’irahira rya João Lourenço wagizwe umukuru w’Igihugu cya Angola.Uyu muhango uteganyijwe kuba kuri uyu wa kabiri tariki ya 26 Nzeri uyu mwaka....
25 September 2017 1143 0

Angola : Perezida Dos Santos uza ku mwanya wa kabiri mu gutinda ku butegetsi yatangaje ko atazongera...

Perezida wa Angola Jose Eduardo dos Santos umaze imyaka 37 ku butegetsi, ari nawe wa kabiri mu bakuru b’ ibihugu batinze ku butegetsi muri Afurika yatangaje ko atazongera kwiyamamaza mu matora...
2 December 2016 263 0

Angola yiyemeje kohereza abasirikare muri RDC

Igihugu cya Angola cyatangaje ko kigiye kohereza umutwe w’abasirikare kabuhariwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo nyuma yo kubona ko Ingabo za EAC zigenda biguru ntege mu guhosha intambara...
11 March 2023 4081 0

Perezida Tshisekedi ’urebye yaba yemeye guhura na Kagame’ -Angola

Repubulika ya Demokarasi ya Congo ivuga ko Perezida Félix Tshisekedi "urebye yaba yemeye guhura na mugenzi we w’u Rwanda" mu biganiro bigamije gucyemura ikibazo cy’intambara mu burasirazuba bwa...
28 February 2024 1551 0

Umukobwa wa Perezida wa Angola yateze indege kuri miliyoni zirenga 160 FRW ajya kubyarira muri Amerika

Jessica Lorena Dias Lourenço, umwana wa Perezida mushya wa Angola yateze indege y’ abanyacyubahiro ‘Private jet’ ku madorali y’ Amerika 200,000 ni ukuvuga miliyoni 170 mu mafaranga y’ u Rwanda...
22 March 2018 3224 0

Lourenço wari Minisitiri w’Ingabo yatorewe kuyobora Angola

Ishyaka rya MPLA riri ku butegetsi niryo ryegukanye itsinzi mu matora y’umukuru w’Igihugu cya Angola aho João Lourenço wari Minisitiri w’Ingabo yatsinze amatora ya Perezida w’iki gihugu. Ibyavuye...
24 August 2017 1377 0

Umugabo uri kugerageza kwiruka Africa yose yageze muri Angola baramucucura

Umugabo urimo kwiruka uburebure bwa Africa yatangaje uburyo yambuwe atunzwe imbunda.
27 June 2023 659 0

Perezida Kagame aragirana ibiganiro na Tshisekedi bahurira muri Angola

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Félix Tshisekedi na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame bitezwe kugirana ibiganiro kuri uyu wa gatatu mu murwa mukuru Luanda wa Angola "ku guhosha...
6 July 2022 406 0

Tuyisenge Jacques yerekanwe ku mugaragaro nk’umukinnyi mushya wa APR FC [AMAFOTO]

Ikipe ya APR FC yatangaje ku mugaragaro ko yamaze gusinyisha rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi Jacques Tuyisenge, nyuma yo gusezera mu ikipe ya Petro Atlético de Luanda yo muri Angola yari...
18 September 2020 1793 0

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Uganda yatangaje impamvu batakiriye inama yagombaga kubahuza n’u...

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Uganda,Sam Kuteesa yatangaje ko banze gutumira u Rwanda mu nama yo kwiga uko amasezerano ya Angola yashyirwa mu bikorwa kubera ko aba Minisitiri barimo...
6 November 2019 3842 0

U Rwanda rwatangaje impamvu inama ya kabiri yiga ku masezerano ya Angola itabaye

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga,Amb.Nduhungirehe Olivier,yatangaje ko u Rwanda rutegereje ubutumire bwa Uganda ku byerekeye inama ya kabiri yiga ku ishyirwa mu bikorwa...
21 October 2019 1788 0

Ingingo z’ingenzi zikubiye mu masezerano Perezida Kagame na Museveni bashyizeho umukono muri Angola

Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 21 Kanama 2019 nibwo perezida Kagame na Museveni wa Uganda bemeye gushyira umukono ku masezerano agamije gufatanya n’umutekano yitezweho kurangiza burundu ikibazo ibi...
21 August 2019 4499 0

Perezida Museveni yatangaje impamvu ikomeye yatumye ajya muri Angola guhura na perezida Kagame

Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni yatangaje ko yaganiriye na Perezida Kagame ku byerekeye umupaka wa Gatuna ndetse ngo ibiganiro birakomeje ku buryo mu minsi iri imbere ikibazo cy’imipaka...
1 August 2019 12784 0

Tuyisenge Jacques yerekeje mu ikipe yo muri Angola yamutanzeho akayabo k’amadolari

Rutahizamu wa Gor Mahia,Tuyisenge Jacques,usanzwe ari umwe muri ba kapiteni b’Amavubi,ari hafi kwerekeza mu ikipe ya Petro Atletico yamutanzeho akayabo k’ibihumbi 150...
25 May 2019 4309 0

Perezida mushya wa Angola yirukanye mu kazi umukobwa wa perezida ucyuye igihe

Perezida mushya wa Angola, Joao Lourenco kuri uyu wa gatatu yirukanye ku kazi umukobwa wa perezida Dos Santos, Isabel Dos santos, wari ukuriye ikigo cya leta gishinzwe ubucukuzi bwa peteroli,...
16 November 2017 1380 0

Butera Knowless yongeye gushyirwa ku rutonde rw’ abahatanira ibihembo bya Afrimma

Umuhanzikazi Butera Knowless yongeye gushyirwa ku rutonde rw’abahatanira ibihembo bya Afrimma Awards bizatangwa tariki ya 08 Kanama 2017 I Texas. Ni ku nshuro ya kabiri uyu muhanzi atoranywa...
27 July 2017 1907 0

Perezida Ndayishimiye yavuze ku nama igiye guhuza Perezida Kagame na Tshisekedi muri Angola

Perezida João Lourenço yatumiye i Luanda kuwa gatatu ba Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, Paul Kagame w’u Rwanda na Felix Tshisekedi wa DR Congo mu nama nshya ku kibazo cy’umutekano mucye...
22 November 2022 2226 0

Biravugwa:APR FC yahaye akayabo Tuyisenge Jacques ayisinyira imyaka 2

Rutahizamu Tuyisenge Jacques waherukaga gutandukana n’ikipe ya Petro Atletico yo muri Angola,biravugwa ko yemeye gusinya imyaka 2 mu ikipe ya APR FC ahawe akayabo k’ibihumbi 40 000...
10 September 2020 3507 0

Uganda Airlines igiye gutangira gukorera ingendo mu Rwanda nyuma y’isinywa ry’amasezerano yo muri Angola

Kompanyi y’indege ya Uganda Airlines itangiye vuba yiyemeje gutangira gukorera ingendo mu Rwanda nyuma y’aho umubano mubi wari hagati y’ibihugu byombi ugiye gusimburwa n’uwa...
21 September 2019 2857 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | ... | 480