Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yifurije ishya n’ihirwe mugenzi we João Lourenço watorewe kubora igihugu cya Angola mu matora yabaye ku wa 23 Kanama uyu mwaka.
Umukuru w’Igihugu cy’u...
Umutwe w’inyeshyamba wa M23 wemereye Perezida w’ Angola ko ugiye guhagarika imirwano yose wagiriraga mu burasirazuba bwa Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo yemeza ko bitarenze kuwa 07 Werurwe...
Igihugu cya Angola kivuga ko kizohereza umutwe w’abasirikare mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nyuma y’iminsi agahenge yari yagizemo uruhare kananiwe kugeza ku gusoza imirwano....
Mu rukerere rwo kuri uyu wa Kane taliki 06 Nyakanga 2023 ni bwo ikipe y’u Rwanda ya Basketball yahagurutse i Kigali yerekeza i Luanda muri Angola mu mikino ya AfroCan...
Leta ya Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo yatangaje ko abantu 12 bamaze guhitanwa n’amazi y’umugezi yandujwe n’uburozi buturuka ku ruganda rutunganya amabuye y’agaciro rwo muri Angola.
Iyi...
Perezida wa Angola João Lourenço yageze i Kigali aho yitabiriye inama y’ibihugu bine byiga ku kuzahura umubano w’u Rwanda na Uganda izabera i Gatuna ku mupaka uhuza ibihugu byombi kuri uyu wa...
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 14 Gashyantare 2020 nibwo I Kigali hateraniye inama ya 3 y’intumwa z’u Rwanda n’iza Uganda yiga ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yasinyiwe I Luanda muri Angola yiga...
Inama ya kabiri yo gushyira mu bikorwa amasezerano ya Luanda hagati y’abayobozi b’u Rwanda na Uganda iraba kuri uyu wa gatanu i Kampala nk’uko byemejwe n’umuvugizi wa leta ya...
Mu kiganiro cyihariye perezida wa Uganda,Yoweli Kaguta Museveni yagiranye na BBC,yavuze ko ari gukora ibyo yemeye mu masezerano yasinyanye na Perezida Kagame muri...
Perezida wa Angola Jose Eduardo dos Santos umaze imyaka 37 ku butegetsi, ari nawe wa kabiri mu bakuru b’ ibihugu batinze ku butegetsi muri Afurika yatangaje ko atazongera kwiyamamaza mu matora...
Igihugu cya Angola cyatangaje ko kigiye kohereza umutwe w’abasirikare kabuhariwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo nyuma yo kubona ko Ingabo za EAC zigenda biguru ntege mu guhosha intambara...
Repubulika ya Demokarasi ya Congo ivuga ko Perezida Félix Tshisekedi "urebye yaba yemeye guhura na mugenzi we w’u Rwanda" mu biganiro bigamije gucyemura ikibazo cy’intambara mu burasirazuba bwa...
Jessica Lorena Dias Lourenço, umwana wa Perezida mushya wa Angola yateze indege y’ abanyacyubahiro ‘Private jet’ ku madorali y’ Amerika 200,000 ni ukuvuga miliyoni 170 mu mafaranga y’ u Rwanda...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Félix Tshisekedi na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame bitezwe kugirana ibiganiro kuri uyu wa gatatu mu murwa mukuru Luanda wa Angola "ku guhosha...
Ikipe ya APR FC yatangaje ku mugaragaro ko yamaze gusinyisha rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi Jacques Tuyisenge, nyuma yo gusezera mu ikipe ya Petro Atlético de Luanda yo muri Angola yari...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Uganda,Sam Kuteesa yatangaje ko banze gutumira u Rwanda mu nama yo kwiga uko amasezerano ya Angola yashyirwa mu bikorwa kubera ko aba Minisitiri barimo...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga,Amb.Nduhungirehe Olivier,yatangaje ko u Rwanda rutegereje ubutumire bwa Uganda ku byerekeye inama ya kabiri yiga ku ishyirwa mu bikorwa...
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 21 Kanama 2019 nibwo perezida Kagame na Museveni wa Uganda bemeye gushyira umukono ku masezerano agamije gufatanya n’umutekano yitezweho kurangiza burundu ikibazo ibi...
Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni yatangaje ko yaganiriye na Perezida Kagame ku byerekeye umupaka wa Gatuna ndetse ngo ibiganiro birakomeje ku buryo mu minsi iri imbere ikibazo cy’imipaka...
Rutahizamu wa Gor Mahia,Tuyisenge Jacques,usanzwe ari umwe muri ba kapiteni b’Amavubi,ari hafi kwerekeza mu ikipe ya Petro Atletico yamutanzeho akayabo k’ibihumbi 150...
Perezida mushya wa Angola, Joao Lourenco kuri uyu wa gatatu yirukanye ku kazi umukobwa wa perezida Dos Santos, Isabel Dos santos, wari ukuriye ikigo cya leta gishinzwe ubucukuzi bwa peteroli,...
Umuhanzikazi Butera Knowless yongeye gushyirwa ku rutonde rw’abahatanira ibihembo bya Afrimma Awards bizatangwa tariki ya 08 Kanama 2017 I Texas.
Ni ku nshuro ya kabiri uyu muhanzi atoranywa...
Perezida João Lourenço yatumiye i Luanda kuwa gatatu ba Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, Paul Kagame w’u Rwanda na Felix Tshisekedi wa DR Congo mu nama nshya ku kibazo cy’umutekano mucye...
Rutahizamu Tuyisenge Jacques waherukaga gutandukana n’ikipe ya Petro Atletico yo muri Angola,biravugwa ko yemeye gusinya imyaka 2 mu ikipe ya APR FC ahawe akayabo k’ibihumbi 40 000...