Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Argentine, Lionel Messi hamenyekane ko yafungiwe mu Bushinwa amasaha make ubwo yageraga ku kibuga cy’indege cya i Beijing mu murwa mukuru w’iki gihugu.
Kuri ubu Ikipe...
Kuri uyu wa gatandatu Umwami Charles III w’Abongereza azimikwa ari kumwe n’umugore we Camilla bita – Queen Consort, i Westminster Abbey mu murwa mukuru London. Iyi ni ishusho y’abantu ibihumbi...
Umusore utuye Sydney muri Australia yakoze agashya katunguye benshi ku isi ubwo yahimbaga amayeri ashimuta umukunzi we ubwo bari mu rugendo muri Libani,hanyuma aramutungura amuterera ivi nyamara...
Nk’uko byatangajwe n’Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima,ku makuru ryasohoye ku wa kabiri,tariki ya 11 Mata, abantu barenga 15 ku 100 bo muri Afurika bafite ikibazo cyo kutabyara...
Abakire birenze urugero bari ku isi hose. Abaherwe 2,640 barusha abandi bose ku isi ku rutonde rwa 2023 rwa Forbes,bakomoka mu bihugu 77 cyangwa intara ku isi, bavuye kuri 75 bo mu mwaka ushize....
Umugambi w’amahoro w’Ubushinwa kuri Ukraine ushobora gukoreshwa nk’ibanze mu kurangiza intambara, nk’uko Perezida Vladimir Putin abivuga.
Gusa Putin yavuze ko uwo mugambi ushoboka ari uko gusa...
Raporo y’uyu mwaka yasohotse uyu munsi irakomatanya izo mu myaka itatu ishize ku byishimo mu bihugu ku isi. Ku nshuro ya gatandatu yikurikiranya Finland ni cyo gihugu cyishimye kurusha ibindi ku...
Icyamamare mu mukino njyarugamba wa wrestling akaba n’umukinnyi wa Filimi, John Cena,yafotowe yambaye nk’abagore,ijipo ngufi ndetse n’inkweto zizwi nka ntunshingeho.
Iki cyamamare cyari cyambaye...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Cristiano Ronaldo,yaraye yerekanwe ku mugaragaro nk’umukinnyi mushya wa Al Nassr iheruka kumuzana ku buntu.
Ronaldo yemeye kwerekeza muri iki gihugu nyuma yo...
Umubano w’Uburusiya na Irani wavuyemo ubucuti bwuzuye mu bya gisirikare, nk’uko leta Zunze Ubumwe za Amerika zibivuga.
Uburusiya buha Irani imfashanyo ya gisirikare y’akataraboneka, nk’uko bivugwa...
Nyuma yo guhindura ibimuranga ku mbuga nkoranyambaga byavugaga ko ari umujyanama wa Harmonize, Frida Kajala Masanja aricuza kuba yarasubiye mu rukundo n’umuhanzi...
Ubuholandi bwatsinze ikipe ya Leta zunze Ubumwe z’Amerika ibitego 3-1 buhta bukatisha itike yo kwerekeza muri kimwe cya kane cy’irangiza mu gikombe cy’isi.
Amerika yabonye amahirwe menshi yo...
Umunyarwandakazi Mukansanga Salima uri mu bagore 3 bari gusifura igikombe cy’isi cy’abagabo muri Qatar azaba ari umusifuzi wa Kane mu mukino Ubufaransa buzakina na Tunisia kuri uyu wa 30 Ukuboza...