Umugore w’imyaka 60 yafashwe n’ibisa n’ igicuri ari mu irushanwa ryo kurya umutsima wa keke wo mu bwoko bwa Lamington ku munsi mukuru w’igihugu cya Australia.
Umutare Gaby uri mu bakoze indirimbo zakunzwe mu myaka ishize mu Rwanda, aherutse gusezerana kubana n’umukunzi we bazajya kubana mu mahanga witwa Joyce Nzere, kuri ubu aba bombi bari mu kwezi kwa...
Bigoranye,ikipe ya Argentina yatsinze Australia ibitego 2-1 ikatisha itike ya 1/4 cy’irangiza mu gikombe cy’isi cya 2022 kiri kubera muri Qatar.
Lionel Messi yakoze ubumaji asanganwe ku mukino...
Intama izwi ku izina rya Chris yo muri Australia yo mu bwoko bwa merino buzwiho kugira ubwoya burebure kandi bworohereye yigeze kwamamara ubwo byemejwe ko ari yo ifite ubwoya bwa mbere bwinshi,...
Kanye West hamwe n’umugore we ’Bianca Censori’ wo muri Australia bahagaritswe mu Butaliyani ubuzima bwabo bwose na sosiyete ikodesha ubwato ya Venetiya nyuma y’ibikorwa byabo by’urukozasoni mu...
Kardinal George Pell wahamwe n’ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina ku bana b’abahungu bikajegeza Kiliziya, mbere y’uko icyo cyemezo gikurwaho, yapfuye ku myaka 81.
Uyu wahoze ashinzwe imari i...
Umunya Australia wari uwa mbere ku isi mu mukino wa Tennis mu bakobwa, yatunguye isi yose ubwo yatangazaga ko asezeye burundu muri uwo mukino kuko atagifite imbaraga zo gukomeza gukina....
Inzoka nini yo mu bwoko bw’uruziramire,ifite amenyo 100 yavumbuwe n’umuturage wo mu gihugu cya Australia iri mu gikoni ateguriramo amafunguro niko kugira ubwoba atabaza abahanga mu gufata no...
Umuvandimwe wa Dr Thomas Kigabo wari impuguke mu by’ubukungu ndetse akaba yari n’Umuyobozi Mukuru ushinzwe ubukungu muri Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) uherutse guhitanwa n’icyorezo cya Coronavirus,...
Icapiro “Lonely Planet” ryo muri Australia rizwi mu kwandika ibitabo biyobora ba mukerarugendo ryashyize inzira ya Canopy iri hagati muri pariki ya Nyungwe ku mwanya wa mbere mu zihiga izindi kuri...
Umwana w’amezi 2 yapfiriye mu ndege ya Kompanyi ya Air Asia yavaga Kuala Lumpur muri Malaysia yerekeza mu mujyi wa Perth muri Australia kuri uyu wa mbere,bituma benshi mu bakunda kugenda mu ndege...
Icyamamare mu mukino wa Tennis Venus Williams yatunguye benshi mu bakunzi b’imikino ku isi kubera ukuntu aruta umusore bakundana witwa Nicholas Hammond ndetse bamwe bamwita shuga mami (sugar...
Umutare Gaby wamenyekanye mu muziki nyarwanda mu ndirimbo zitandukanye zirimo; ’Mesa Kamwe’ ari kwitegura umwana we wa kabiri agiye kubyarana n’umugore we Joyce Nzere. Mu mafoto ari gucicikana ku...
Briana Jai ukomoka mu Gihugu cya Australia yamenyekanye mu minsi yashize ubwo yari mu rukundo n’umuhanzi wicyamamare ukomoka mu Gihugu cya Tanzania uzwi nka...
Mu kiganiro na BBC, bwa mbere kuva yirukanwa muri Australia, Novak Djokovic yatangaje ko yiteguye gusiba amarushanwa komeye muri Tennis arimo French Open na Wimbledon kubera ko atiteguye gufata...
Ikipe ya Arsenal yatangaje ko yatiye umunyezamu w’umunya Australia witwa Mat Ryan wakiniraga Brighton&Hove Albion kugira ngo ayikinire amezi 6 ari imbere mu rwego rwo gusimbuza uwitwa Runar...
Umugabo witwa Joseph Paul Darcy w’imyaka 43 n’umugore witwa Tracy Hope Hartley w’imyaka 36 bo muri Australia bafashwe bari gusambanira muri gari ya moshi bituma bajyanwa mu...
Umukecuru w’imyaka 80 ukomoka mu gihugu cya Australia wari umaze iminsi 9 muri coma nyuma yo kurigatwa n’ipusi mu gisebe yahitanwe n’uburwayi bukomeye yamuteye.
Umunyamakurukazi witwa Zarisha Bradley ukorera ikinyamakuru cyitwa Nine News cyo muri Australia, yarusimbutse ubwo yakoreraga inkuru yo kuri TV ku bwato bufunguye hafi y’igishanga kibamo ingona...
Umugabo witwa Milan Lemic w’imyaka 29 ukomoka mu gihugu cya Australia wari waraburiwe irengero kuva kuwa 22 Ukuboza 2019,yabonetse ari muzima nyuma y’ibyumweru 3 yari amaze aba mu ishyamba...