Abafana ba Atletico Madrid bamaze kugaragaza uruhande bariho ku makuru yavugaga ku kuza kwa Cristiano Ronaldo mu ikipe yabo yahemukiye bikomeye mu gihe cyose bahuye.
Uyu mukinnyi w’imyaka 37...
Umucuruzi ukomoka mu Bwongereza ariko ufite inkomoko muri Uganda, Lawrence Kakooza,wari ufite imyaka 45, uherutse gushyingiranwa na Justine Nabwami mu bukwe bukomeye bivugwa ko bwatwaye...
Yvan Buravan yahawe icyubahiro mu gitaramo cya Kigali jazz Junction cyatumiwemo Mike Kayihura n’umunya-Côte d’Ivoire, Monique Séka, aho bataramiye i Kigali mu ijoro ryo ku wa 26 Kanama...
Umukinnyi wari mu bakomeye mu gusiganwa ku magare muri Kenya no muri Afurika, Suleiman Kangangi yitabye Imana azize impanuka mu isiganwa yarimo muri Amerika.
Uyu mukinnyi yakoreye impanuka mu...
Mu murwa mukuru wa Angola habereye imihango yo gusezera no gushyingura uwahoze ari perezida José Eduardo dos Santos wapfiriye muri Espagne mu kwezi gushize kwa...
Umukinnyi wo gusiganwa ku magare w’umunyakenya,Suleiman (Sule) Kangangi, w’imyaka 33, yituye hasi arapfa ubwo yari mu isigawa rya Vermont Overland.
Uyu mugabo yari ku muvuduko ukomeye muri iri...
Mu Mafoto atandukanye ihere ijisho ibihe byiza byaranze ubukwe bw’umunyamakuru Uwimana Clarisse na wa B&B FM na Festus Bertrand bwabaye ku wa 3 Nzeri...
Ese Afurika ishobora kwihaza mu biribwa? Iki ni ikibazo abayobozi b’ibihugu by’Afurika n’abakuriye inzego z’ubuhinzi n’ubworozi kuri uyu mugabane bakomeje guhirimbanira gushakira...
Umuhanzi Bruce Melodie yagarutse i Kigali nyuma yo gukorera ibitaramo bibiri mu Burundi bibanjirijwe no kubanza kuhafungirwa.
Bruce Melodie yatawe muri yombi akigera mu Burundi ku wa Gatatu...
Dr William Samoei Ruto yarahiriye kuba Perezida wa Gatanu wa Kenya mu muhango wabereye kuri Stade ya Kasarani witabiriwe n’abakuru b’ibihugu na za guverinoma bagera kuri 20.
Abaturage ba Kenya...
Perezida mushya wa Kenya , William Ruto warahiriye kuyobora iki gihugu ku ncuro ya 5 kuva kenya yabona ubwigenge mu 1963 ngo n’impano yahawe Afurika y’Uburasirazuba
Perezida Paul Kagame yageze i London mu Bwongereza, aho yitabiriye umuhango wo gutabariza Umwamikazi Elizabeth II uherutse gutanga. Ni umuhango uzaba kuri uyu wa Mbere tariki 19 Nzeri 2022....
Ba perezida William Ruto wa Kenya na Samia Suluhu wa Tanzania bari kumwe muri bisi mu Bwongereza,berekeza mu muhango wo gutabariza Umwamikazi Elizabeth II.
Nkuko byari byatangajwe mbere,nta...