Perezida wa Repubulika Paul Kagame aributsa abanyarwanda ko imbaraga zabo ari izibanze mu guteza igihugu imbere batarambirije ku nkunga z’amahanga gusa. Ibi yabitangaje ubwo yifatanyaga n’abaturage...
Nyirabera Marie Rose w’ imyaka 70 y’ amavuko avuga ko amaze imyaka myinshi yifuza guhura na Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame. Uyu mukecuru avuga ko byatumye ajya gusengera I Kibeho ngo Imana...
Uwase Hirwa Honorine uzwi nka miss Igisabo wahagurutse i Kigali yerekeza mu gihugu cya Philippines guhagararira u Rwanda mu irushanwa ry’ubwiza rya miss Earth akomeje kudasekerwa n’amahirwe kuko...
Ikipe ya Rayon Sports yabonye umuyobozi nyuma y’inama rusange yateranye kuri iki cyumweru tariki ya 22 ukwakira 2017 ikemeza Paul Muvunyi nka Perezida wayo asimbuye kuri uyu mwanya Gacinya Chance...
Mu ijoro ryo kuwa Gatatu tariki ya 26 Ukwakira 2017 Abakobwa bahataniye ikamba rya Miss Earth 2017 biyerekanye imbere y’akanama nkemurampaka nta birungo by’ubwiza bisize ibi bizwi nka ‘Make Up’...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame niwe uzahabwa igihembo ‘World Tourism Award 2017’ ashimirwa ubuyobozi bwe bw’indashyikirwa mu guteza imbere ubukerarugendo, mu muhango uzabera mu nyubako ya ExCeL...
Kuri uyu wa 09 Ukwakira 2017 ba Nyampinga 78 bitabiriye irushanwa rya Miss Earth 2017, barimo na Miss Uwase Hirwa Honorine wo mu Rwanda wamamaye nka “Igisabo” bakorewe ibirori byo kubakira muri...
Mu ishuri rya Polisi riri i Gishari mu karere ka Rwamagana, kuri uyu wa mbere tariki ya 2 Ukwakira 2017 hatangiye icyiciro cya kane cy’amahugurwa y’abazahugura abandi mu kugarura no kubungabunga...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 01 Ukwakira 2017 nibwo habaye umuhango wo gusaba no gukwa aho Safi Madiba yasabye anakwa umukunzi we,Niyonizera Judithe bari bamaze iminsi babana mu inzu imwe.Ni nyuma...
Guverineri w’ intara y’ amagepfo Mureshyankwano Marie Rose yasuye abaturage bari bateraniye mu nteko rusange ababwira ko imiyoborere myiza ari ukwegera umuturage ukamenya imibereho ye.
Ubwo yari...
Mvukiyehe Innocent wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Gisagara yaba yeguye kuri uyu mwanya nk’uko amakuru agera ku Umuryango abyemeza.
Amakuru UMURYANGO wamenye ni uko kuri uyu wa...
Kigali Investment Company iyoborwa na Karangwa Gashabana Paul niyo yaguze umuturirwa wa Rujugiro muri cyamunara kuri miliyari 6.877.150 (Miliyari esheshatu, miliyoni 877 n’ibihumbi 150 z’amafaranga...
Perezida wa Zimbabwe Robert Gabriel Mugabe mu kiganiro yagejeje ku bakuru b’ibihugu bitabiriye inteko rusange y’ umuryango w’ abibumye I New york yagereranyije Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’...
Jeannette Kagame, umufasha wa Perezida w’ u Rwanda yavuze ko u Rwanda rwiyemeje kutazacika intege mu rugamba guharanira ko Abanyarwanda bagira ubuzima bwiza.
Yabivugiye mu nama y’Ihuriro...
Mu mpera z’icyumweru gishize Polisi y’u Rwanda yaganirije abatuye umurenge wa Kageyo, mu karere ka Gatsibo n’abatuye uwa Busogo, mu karere ka Musanze ku ngaruka zo kwishora mu biyobyabwenge.
Ubu...
Minisitiri w’umuco na siporo madamu Uwacu Julienne yatangije ku mugaragaro irushanwa rya Mountain Gorilla Rally ku munsi w’ejo taliki ya 07 Nzeri 2017,,irushanwa ritangira mu Rwanda kuri uyu wa...
Mu ijoro ryo ku wa 02 Nzeri 2017 umunyabigwi Meddy yataramiye mu Karere ka Bugesera i Nyamata mu gitaramo cya Mutziig Beer Fest 2017 cyabereye kuri Golden Tulip Hotel, umwe mubakobwa bari...
Mu ijoro ryo ku wa 02 Nzeri 2017 umunyabigwi Meddy yataramiye mu Karere ka Bugesera i Nyamata mu gitaramo cya Mutziig Beer Fest 2017 cyabereye kuri Golden Tulip Hotel, umwe mubakobwa bari...
Abaturage bo mu karere ka Karongi barashishikarizwa guca ukubiri n’ibiyobyabwenge cyane cyane kanyanga n’inzoga z’inkorano. Ubu butumwa babuhawe nyuma y’uko muri ako karere mu murenge wa Bwishyura na...
Umuhanzi akaba n’ umunyamakuru hakiyongeraho ko ari n’ umushyushya rugamba wabigize umwuga (Mc Tino) Benshi Baziho no gusetsa cyane, mu ijro ryo kuri uyu wa gatanu taliki 1 Nzeri 2017,yakoze...
Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben yahisemo kwita umwana w’ingagi ‘Uruyange’ yavuze ko ari izina amaze iminsi atekerezaho bishimangirwa n’inzira abahanzi bahisemo yo gukundisha abanyamahanga u...
Mu ijambo Perezida Kagame yagejeje ku bitabiriye umuhango w’irahira rya minisitiri w’Intebe,Dr.Ngirente Edouard yibukije uyu muminisitiri ko akamenyero k’u Rwanda na guverinoma ari uko abanyarwanda...