Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera, Me Evode Uwizeyimana avuga ko bagiye guhiga bukware abahohotera abana b’abakobwa.
Me Evode Uwizeyimana Evode avuga ko u Rwanda rwafashe ingamba...
Umunya Portugal ukinira ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne, Cristiano Ronaldo niwe wegukanye igihembo cy’umukinnyi mwiza wahize abandi ku mugabane w’u Buraya mu mwaka wa 2016 gitangwa na France...
Umuyobozi wa Komisiyo y’ Igihugu y’ Ubumwe n’ Ubwiyunge Bishop John Rucyahana avuga bamwe mu banyarwanda na zimwe mu nshuti z’ u Rwanda babona ibyiza u Rwanda rumaze bakwira ko ari inzira yoroshye....
Mu karere ka Kayonza, umurenge wa Nyamirama, akagari ka Shyogo, tariki ya 14 uku kwezi, habereye igikorwa cyo kwangiza ibiyobyabwenge birimo litiro za Kanyanga zisaga 500. Abaturage...
kuri uyu wa Mbere tariki ya 19 Ukuboza 2016, Sena y’u Rwanda yashyigikiye ivugururwa mu byagenerwa abanyapolitiki bakuru b’igihugu, mu gihe bavuye mu kazi nta busembwa.
Abasenateri 24 bitabiriye...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 19 Ukuboza 2016 umupolisi witwaje imbunda yarashe Ambasaderi w’u Burusiya muri Turikiya, Andrei Karlov ahita yitaba Imana.
Televiziyo y’u Burusiya yatangaje ko uyu...
Abaririmbyi bakunze cyane ku Isi barimo Celine Dion, John Legend n’ abandi banze kuzaririmba mu muhango w’irahira rya Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, maze...
Leta ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo n’abatavuga rumwe nayo kuri uyu wa 31 Ukuboza 2016 bashyize umukono ku masezerano yo kurangiza ikibazo cya politiki gishingiye ku matora.
Aya...
Mugisha Benjamin benshi bazi nka The Ben wari umaze imyaka itandatu aba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagarutse mu Rwanda mu cyumweru gishije aho yaje kwitabira igitaramo cya East African...
Muri Haïti, urukiko rugenzura amatora rwemeje ko umucuruzi Jovenel Moise ari we watorewe kuba perezida wa Repubulika.
Itora ryabaye ku italiki ya 20 y’ukwa 11 gushize. Moise yatsinze n’amajwi...
Polisi y’u Rwanda n’abahanzi nyarwanda bibumbiye mu ihuriro ryabo ryo kuba ba Ambasaderi mu gukumira ibyaha basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bikorwa bitandukanye bigamije kubungabunga...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko umutekano ariwo shingiro rya byose avuga ko Abanyarwanda bagomba kugira umutekano haba kuneza cyangwa ku ngufu.
Ibi Perezida Kagame yabivuze kuri uyu...
Miss Akiwacu Colombe w’imyaka 23 y’amavuko, wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2014, yongeye gushyira hanze indi ifoto imwe igaragaza ubwambure bwe yafashwe ubwo yari mu irushanwa ry’ubwiza...
Hatumimana Christian, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa FRVB
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Volleyball mu Rwanda (FRVB) Hatumimana Christian n’umubitsi w’iri...
Moïse Katumbi i Lubumbashi tariki ya 11 Gicurasi 2016 ari kumwe n’abamushyigikiye
Umunyapolitiki kimenyabose muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Moïse Katumbi aratangaza ko agiye...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 14 Gashyantare 2017, wari umunsi wizihizwaho umunsi w’abakundanye wahuririanye n’Isabukuru ya Anitha Pendo wari umaze iminsi arwariye mu bitaro, yafashe...
Perezida wa Leta zunze ubumwe Amerika Donald Trump kuri uyu wa 18 Gashyantare yongeye kunengera mu ruhame itangazamakuru atanga n’ ingero z’ abandi ba Perezida ba Amerika banenze itangazamakuru....
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yashimye ubushake ibihugu by’ Afurika birimo gushyira mu kunoza serivisi zijyanye no gutwara abagenzi mu kirere avuga ko hari icyizere ko bidatinze Umunyafurika...
Perezida w’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi ‘FIFA’, Gianni Infantino uri mu Rwanda mu uruzinduko rw’iminsi 2 avuga ko u Rwanda rufite ubushobozi bwo kwakakira inama 2 nkuru za FIFA...