Umukinnyi Kevin de Bruyne waraye afashije Ububiligi kwerekeza mu mikino ya ½ cy’irangiza batsinze Brazil ibitego 2-1 mu mukino waraye ubereye mu mujyi wa Kazan,yabwiye abanyamakuru ko we na bagenzi...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Kamena 2017, Abanyarwanda baturutse mu bihugu by’Uburayi ndetse no mu mpande zitandukanye z’Isi barahurira i Ghent mu Bubiligi mu gikorwa cyitswe ‘Rwanda Day’, aho...
Polisi mu Bubiligi yakoresheje imyaka iryana mu maso n’amazi afite imbaraga mu gutatanya ikivunge cy’abantu bari bitabiriye ’concert’ itari ukuri yatangajwe ku mbunga nkoranyambaga ko izaba tariki 01...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Kamena 2017, nibwo hateganyijwe igikorwa gihuriza hamwe Abanyarwanda n’ inshuti zabo bakaganira, ni ‘Rwanda Day’ ya mbere igiye kubera mu gihugu cy’ u Bubiligi,...
Hendrick Yves Mutamuliza w’imyaka 18 ukinira Racing White Daring Molenbeek yo mu Cyiciro cya Mbere mu Bubiligi yongewe mu Amavubi yitegura imikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya...
Ikipe y’igihugu ya Espagne yatangiye igikombe cy’isi inyagira Costa Rica ibitego 7-0 mu mukino wo mu itsinda E wabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Ugushyingo 2022 mu gihe Ububiligi bwarokotse ikipe...
Bizimana Djihad uheruka gutandukana n’ikipe ya Wasland yari mu cyiciro cya mbere mu Bubiligi,yari amazemo imyaka itatu,yerekeje mu ikipe ya Koninklijke Maatschappij Sportkring Deine izwi nka KMSK...
Ambasade y’u Bubiligi mu Rwanda yatangaje ko yafunze imiryango kugeza kuwa 28 Werurwe 2020,nyuma y’uho umwe mu bantu baheruka kuyijyamo mu nama, yatahuweho icyorezo cya...
Mu byishimo byinshi, Major Ntuyahaga Bernard yafotowe ari kumwe n’umuryango we nyuma yo koherezwa mu Rwanda n’u Bubiligi bwamuhamije uruhare mu rupfu rw’abasirikare babwo 10 barindaga uwahoze ari...
Umutoza w’Ububiligi Roberto Martinez yagiriye inama kapiteni we Eden Hazard yo kureba kure akava mu ikipe ya Chelsea akerekeza mu ikipe ya Real madrid gusimbura Cristiano wamaze kwerekeza mu ikipe...
Ikipe y’igihugu y’Ubwongereza yaraye inenzwe na benshi kubera kwitwara nabi igatsindwa n’Ububiligi igitego 1-0 mu mukino wa 3 wo mu itsinda G,mu rwego rwo kwirinda kuzahura na Brazil mu mikino...
Abakobwa 3 bakomoka mu Bubiligi bahunze igitaraganya igihugu cya Maroc bari bari bagiye gukoreramo ubukorerabushake nyuma yo kubwirwa ko baracibwa imitwe nibaramuka bakomeje kwambara utwenda...
Mu mugi wa Malmedy mu gihugu cy’Ububiligi bakoze agashya maze mu rwego rwo guha agaciro umuco gakondo wabo ku nshuro ya 22 bateka umuleti w’igitangaza w’amagi ibihumbi...
Umupilote wungiriza w’abasirikare b’ u Bubiligi yahanutse muri kajugujugyu mu myiyereko ya gisirikare na n’ubu ntaraboneka
Inkuru ya BBC ivuga ko kugeza ubu Ingabo nyinshi z’Ububiligi ziri mu...