Amaherezo, Inteko Ishinga amategeko y’Ubwongereza yemeje umushinga w’itegeko wa leta yaho wo kohereza abimukira mu Rwanda, nyuma y’imyaka ibiri y’urugamba rw’amategeko na politike. None ni ryari...
Uyu munsi nyuma y’iminsi 20 Urukiko rw’Ikirenga rw’Ubwongereza rutegetse ko umugambi wa leta y’Ubwongereza wo kohereza abimukira mu Rwanda unyuranyije n’amategeko, leta ya London izanye umuvuno...
Abadepite bo mu Bwongereza batoye banga impinduka zakozwe n’abasenateri ku mushinga w’itegeko ugamije kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro mu Bwongereza.
Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yise Meghan Mrkle (Umukazana w’umwamikazi w’Ubwongereza Elizabeth II) umuntu mubi, mbere y’iminsi ibiri ngo asure igihugu...
Ikigo kigenzura amafaranga leta y’Ubwongereza ikoresha cyahishuye ko Ubwongereza buzariha u Rwanda nibura miliyoni 370 z’amapawundi muri gahunda y’icyo gihugu yo kohereza mu Rwanda abasaba...
Robert Jenrick yeguye ku mwanya wa minisitiri w’abinjira n’abasohoka mu Bwongereza, kuko atemeranya n’umushinga mushya w’itegeko ku Rwanda wa guverinoma...
Umusirikare mu ngabo z’ubwami bw’Ubwongereza witwa Matthew Gallimore,yaciye ibintu mu binyamakuru kubera ukuntu yatereye ivi ku ngoro ya Buckingham Palace y’ubwami bw’ubwongereza agasaba umukunzi we...
Mu minsi shize nibwo urwanda rwasinye amasezerano n’igihugu cy’Ubwongereza yo kohereza abimukira mu Rwanda mu gihe baje mu Bwongereza mu buryo bunyuranije...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu w’Ubwongereza, Priti Patel yasubije abanenga gahunda ya leta ye yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro, avuga ko bananiwe gutanga ibisubizo kuri icyo...
Suella Braverman, wahoze ari Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu w’Ubwongereza, yavuze ko gahunda yo muri iki gihe ya Minisitiri w’intebe isobanuye ko nta basaba ubuhungiro bazashobora kujyanwa mu...
Bamwe mu bari kigo cy’abasaba ubuhungiro mu bwongereza, babwiye The Times ko inzira zakoreshwa ngo babuhabwe zirimo no kubazana mu Rwanda ari nziza kuruta kuboherezwa mu bihugu byabo birimo...
Ikipe y’igihugu y’Ubwongereza yahagaritse agahigo kabi yari ifite ko kumara imyaka 55 itaragera ku mukino wa nyuma wa Euro aho kuri uyu wa gatatu yatsinze Denmark ibitego 2-1 mu minota 120 muri ½...
Kim Darroch uhagarariye Ubwongereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ,Perezida Donald Trump aherutse ku mwita igicucu kibi none yeguye ku mirimo ye yari ashinjwe muri iki...
Umunyamakuru ku bibazo by’imbere mu Bwongereza no ku bucamanza
Abasaba ubuhungiro bambuka umuhora wa Channel (La Manche) wo mu Bwongereza bashobora koherezwa mu Rwanda nyuma y’ibyumweru bitatu...
Leta y’u Rwanda yatangaje ko muri uku kwezi kwa Kamena 2022 , dutangiye uyu munsi aribwo impunzi n’abimukira ba mbere baturutse mu Bwongereza binyuze mu masezerano yasinyanye n’iki gihugu bazagera...
Ikipe y’igihugu y’Ubwongereza yakoze akazi gakomeye isezerera Ubudage muri 1/16 cy’irangiza mu mikino ya Euro 2020 ku bitego 2-0 mu mukino wabereye ku kibuga cya Wembley mu mujyi wa...
Imibare ya Minisiteri y’Ingabo mu Bwongereza yagaragaje ko abimukira 761 ari bo bamaze kwinjira mu Bwongereza mu minsi itandatu y’uku kwezi kwa Gicurasi gusa, byatumye umubare w’abinjiye kuva uyu...