Mu gihe Umutaliyani Carlo Ancelotti yitegura kuva muri Real Madrid akerekeza mu ikipe ya Brazil,umunyabigwi w’iyi kipe,Xabi Alonso niwe byitezwe ko azamusimbura nubwo yinjiye mu kazi k’ubutoza mu...
Umutoza w’Umutaliyani,Carlo Ancelotti, kuri ubu utoza ikipe ya Real Madrid yahawe impamyabumenyi y’Ikirenga y’Icyubahiro (Doctorat) na Kaminuza ya Parma y’iwabo mu...
Umutoza Jose Mourinho yavuze ko ibyemezo bya VAR mu gikombe cy’Afurika cya 2023 bitaranzwe no gutonesha amakipe akize cyangwa azwi cyane nkuko bigenda i Burayi, anasaba ko icyicaro gikuru cya VAR...
Prepare annual audit plan: -Carry out risk assessment of all the auditable areas; -Make a list of all the engagement plans to be carried out throughout the year with their estimated time...
Social media and news networks lit up with interpretations and criticism as soon as Melania Trump stepped out in a jacket with a large graffiti slogan on Thursday. It’s safe to say a $39 (£29) Zara...
Ntakirutimana Samuel w’imyaka 46 wakoraga akazi k’ubuzamu muri Caritas, mu Murenge wa Bwishyura ho mu Karere ka Karongi, yasanzwe aho akorera yapfuye, yubitse umutwe ku butaka asa...
Niba imico myiza ari ibyo umuntu akora ntawe umureba ibyo uyu mupolisi wo muri Leta ya Floride Tony Carlson yakoze ni ubumuntu budasanzwe abandi bamwigiraho.
Umuhanzikazi witwa Jakeita Days uzwi cyane nka Sky Days mu itsinda rikomeye muri USA ryitwa Black Ink Crew,yaraye akoze agashya mu birori bya MTV Video Music Awards,ubwo yashyiraga hanze hanze...
Carlos Tevez yatangaje ukuntu Messi na Ronaldo batandukanye mu myitozo bakora aho yemeje ko Messi bakinanaga mu ikipe ya Argentina we yibanda ku kugumana umupira ku kirenge mu gihe Ronaldo we...
Ikipe ya Algeria yongeye kugaragaza ko uyu mwaka ushobora kuba uwayo igatwara igikombe cya Afurika Iheruka gutwara mu mwaka wa 1990,kuko yanyagiye Guinea ibitego 3-0 mu gihe RDC yasezerewe nabi...
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 03 Mutarama 2020,Urukiko rukuru mu Burundi rwaburanishije urubanza rw’umucamanza wafashwe muri 2019 azira kwicara no kwifotoreza ku ntebe ya Perezida, Pierre...
Ingabo za Mali zahiritse ku butegetsi Perezida Ibrahim Boubacar Keïta zatangaje ko zishaka gushyiraho leta y’inzibacyuho, mbere yuko habaho amatora mashya.
Ibrahim Boubacar Keïta, wahiritswe ku butegetsi muri Mali mu kwezi gushize kwa munani, yaraye agiye muri Emira Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) kwivuza indwara y’imitsi yo mu...
Uyu muraperi kazi wo muri Bronx mu myambarire ye iheruka ku rukuta rwa Instagram yashyizeho ifoto mu myambaro idasanzwe igizwe n’agafata amabere (isutiya) gakoze mu ruhu gafatiye ku ijosi,Ipantaro...
Umunya-Slovenia w’imyaka 22 y’amavuko,Tadej Pogačar, yegukanye Tour de France ku nshuro ya 2 yikurikiranya akora agahigo ko kuba umukinnyi muto uyegukanye 2 yikurikiranya.
Uyu musore ukinira UAE...
Perezida Paul Kagame ni umwe mu banya-Kigali bitabiriye siporo rusange izwi nka Car Free Day kuri iki Cyumweru tariki 21 Ugushyingo 2021.
Amafoto yashyizwe kuri Twitter n’Ibiro by’Umukuru...
Umukino wa mbere muri ibiri ya gicuti Amavubi agomba gukina na Sudani i Kigali, warangiye amakipe yombi anganyije ubusa ku busa.
Ni umukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo ku...